15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

“Azubaka urusengero rw’Uwiteka.” Kubw’igitambo cye n’umurimo w’ubuhuza, Kristo<br />

ni we rufatiro kandi akaba n’umwubatsi w’itorero ry’Imana. Intumwa Pawulo amwita “ibuye<br />

rikomeza imfuruka. Muri we inzu yose iteranijwe neza, irakura ngo ibe urusengero rwera mu<br />

Mwami Yesu.” Aravuga ati: “Muri we namwe murubakanwa, kugira ngo mube inzu yo<br />

kubabwamo n’Imana mu mwuka.” 555<br />

“Azahabwa ikuzo.” Kristo ni we ukwiriye ikuzo kubwo kuba yaracunguye inyokomuntu<br />

yacumuye. Igihe cy’iteka ryose, indirimbo y’abacunguwe izahora ari iyi ngo: “udukunda,<br />

kandi watwejeshejeho ibyaha byacu amaraso ye, . . . icyubahiro n’ubutware bibe ibye, iteka<br />

ryose.” 556<br />

“Azicara ku ntebe ye y’ubwami aganze; kandi azaba umutambyi ku ngoma ye.” Ntabwo<br />

ubu yicaye ku ntebe ye y’ubwiza; ingoma y’ubwiza (ikuzo) ntiyari yima. Ubwo umurimo we<br />

w’ubuhuza uzaba urangiye, ni ho “Umwami Imana izamuha intebe y’ubwami ya sekuruza<br />

Dawidi,” kandi ni ubwami “butazashira.” 557 Nk’Umutambyi, ubu Kristo yicaranye na Data<br />

wa twese ku ntebe Ye y’ubwami.” 558Uri ku ntebe y’ubwami iteka ryose, Uwibeshejeho ni<br />

we “wishyizeho intimba zacu, akikorera imibabaro yacu,” ni we “wageragejwe mu buryo<br />

bwose nkatwe keretse yuko atigeze akora icyaha,” kugira ngo “abashe gutabara<br />

abageragezwa.” “Icyakora nihagira umuntu ukora icyaha, dufite umurengezi kuri Data wa<br />

twese, ni we Yesu Kristo ukiranuka.” 559 Utuvuganira ni nyiri umubiri washenjaguwe,<br />

ugacumitwa, kandi waranzwe n’imibereho izira ikizinga. Nyiri ibiganza byatewemo<br />

imisumari, urubavu rwatewemo icumu n’ibirenge byatobowe ni we usabira umuntu<br />

wacumuye, uwo gucungurwa kwe kwabonetse hatanzwe ikiguzi kitagerwa nka kiriya.<br />

“Bombi bazahuza Imana zizana amahoro.” Urukundo rwa Data wa twese, kimwe<br />

n’urw’Umwana, ni isoko y’agakiza k’ikiremwamuntu cyacumuye. Mbere y’uko Yesu<br />

atandukana n’abigishwa be yarababwiye ati: “Simbabwira ko nzabasabira kuri Data kuko<br />

Data nawe abakunda ubwe.” 560 “Kuko muri Kristo ari mo Imana yiyungiye n’abari mu isi.<br />

” 561 Kandi mu murimo ukorerwa mu buturo bwera bwo mu ijuru, “inama zizana amahoro<br />

zizahuzwa hagati yabo bombi.” “Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga<br />

Umwana wayo w’ikinege, kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo<br />

buhoraho.” 562<br />

Ikibazo kibaza ngo: ” Ubuturo bwera ni iki?” gisubizwa mu buryo bwumvikana neza mu<br />

Byanditswe Byera. Ijambo “Ubuturo bwera,” nk’uko rikoreshwa muri Bibiliya, bwa mbere<br />

ryerekeje ku ihema ry’ibonaniro ryubatswe na Mose, nk’igishushanyo cy’ibyo mu ijuru. Bwa<br />

kabiri, ryerekeje ku “ihema ry’ibonaniro nyakuri” ryo mu ijuru, ari ryo ihema ryo ku isi<br />

ryatungaga agatoki cyangwa se ryashushanyaga. Igihe Kristo yapfaga, umurimo<br />

wakorerwagamo warahagaze. “Ihema ry’ibonaniro nyakuri” ryo mu ijuru, ni ryo buturo bwera<br />

bw’isezerano rishya. Kandi nk’uko ubuhanuzi bwa Daniyeli 8:14 bwasohoye muri ayo<br />

mateka, ubuturo bwera buvugaho bugomba kuba ubuturo bwera bw’isezerano rishya. Ku<br />

iherezo ry’iminsi 2300, mu mwaka wa 1844, hari hashize imyaka amagana menshi nta buturo<br />

305

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!