Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri kwihana ibibi, bicisha bugufi imbere y’Imana, kandi habaho gusaba kuzuye kwihana n’umutima umenetse, basaba Imana imbabazi ndetse no kwemerwa. Bwateje kwicisha bugufi no kwiyoroshya k’ubugingo mu buryo tutigeze tubona. Nk’uko Uwiteka yari yarabitegetse abinyujije mu kanwa ka Yoweli, avuga iby’igihe umunsi ukomeye w’Imana uzaba wegereje, iyo nkuru yateye gushishimura imitima atari imyambaro, kandi itera abantu kugarukira Uhoraho biyiriza ubusa, barira kandi baboroga. Nk’uko Imana yabivugiye mu muhanuzi Zekariya, umwuka w’ubuntu no kwambaza wasutswe ku bana bayo; bitegereza uwo bacumise amacumu, maze igihugu cyose gicura umuborogo, . . . kandi abari bategereje Umukiza bacishiriza bugufi ubugingo bwabo imbere Ye.” 534 Mu bubyutse bwose mu by’idini bwabayeho uhereye mu gihe cy’intumwa, nta na bumwe bwigeze bubaho butarangwamo inenge z’abantu n’ubuhendanyi bwa Satani nk’ubwabaye mu gihe cy’umuhindo w’umwaka wa 1844. Ndetse na n’ubu, nyuma y’imyaka myinshi, abantu bose bagize uruhare muri ubwo bubyutse kandi bashikamye ku kuri baracyumva ko hari imbaraga yera yayoboraga uwo murimo wari uhiriwe kandi bahamya ko wakomokaga ku Mana koko. Ubwo ijwi ryavugaga ngo, “Dore Umukwe araje, nimusohoke mumusanganire!” abari bategereje “barahagurutse bakongeza amatara yabo.” Bigaga ijambo ry’Imana babishishikariye mu buryo butari bwarigeze bubaho. Ijuru ryohereje abamarayika ngo bajye gukangura abari baracitse intege no kubategurira kwakira ubutumwa. Ntabwo umurimo wahagaze mu bwenge n’ubuhanga by’abantu, ahubwo washikamye mu bushobozi bw’Imana. Ntabwo abafite impano z’akataraboneka ari bo babaye aba mbere mu kumva no kumvira ihamagarwa ahubwo ni abacishije bugufi cyane n’abitanze. Abahinzi basize imyaka yabo yari mu mirima, abakanishi barambika hasi ibikoresho byabo bajya kuvuga ubutumwa bw’imbuzi bafite ishavu n’ibyishimo. Abari barigeze kuba aba mbere muri uwo murimo babonetse mu bantu ba nyuma binjiye muri iyi gahunda yo kuvuga uwo muburo. Muri rusange, amatorero yakinze inzugi ntiyakira ubwo butumwa, maze umubare munini w’ababwakiriye witandukanya n’ayo matorero. Mu burinzi bw’Imana uko kwamamazwa k’ubutumwa bw’imbuzi kwafatanyije n’ubutumwa bwa marayika wa kabiri maze biha imbaraga uwo murimo. Ubutumwa bugira buti, “Dore Umukwe araje,” ntibwari bukigirwaho impaka cyane, nubwo igihamya cyatangwaga n’Ibyanditswe cyagaragaraga kandi kidashidikanywaho. Ubwo butumwa bwaherekejwe n’imbaraga ikomeye yakanguraga imitima. Nta gushidikanya cyangwa kubaza byinshi kwariho. Igihe Kristo yinjiraga muri Yerusalemu nk’umuneshi, abantu benshi bari bavuye hirya no hino mu gihugu baje kwizihiza umunsi mukuru, bihutiye kujya ku musozi wa Elayono maze ubwo bifatanyaga n’imbaga y’abantu bari bashagaye Yesu, nabo buzuwe n’ubwuzu bwariho muri iyo saha maze bafatanya n’abandi gutera hejuru bavuga bati: “Hoziyana mwene Dawidi, hahirwa uje mu izina ry’Uwiteka!” 535 Ni muri ubwo buryo, abatizera bagiye baza mu materaniro y’Abadiventisiti — bamwe bazanwe n’amatsiko, 294

Umwuka W'Imijyi Ibiri abandi bazanwe no kunegura — maze bageraho bagafatwa n’imbaraga yemeza imitima yajyaniranaga n’ubu butumwa ngo, “Dore Umukwe araje!” Muri icyo gihe, hariho ukwizera kwatumaga amasengesho asubizwa, ukwizera kwari kwishingikirije ku ngororano. Nk’uko ibitonyanga by’imvura bigwa mu butaka bwumye, ni ko Mwuka w’ubuntu yamanukiraga abashakaga Imana babishishikariye. Abari bategereje ko bidatinze bagiye guhagarara imbere y’Umucunguzi wabo barebana amaso ku maso, bumvaga bafite ibyishimo bitavugwa. Uko imigisha yayo yasukwaga ku ndahemuka n’abizera, imbaraga yoroshya kandi itsinda ya Mwuka Muziranenge yaturishaga imitima ku rugero runini. Abari barakiriye ubwo butumwa bategerezanyaga ubwitonzi ukwegereza kw’igihe bari biringiyemo gusanganira Umukiza wabo. Buri gitondo, bumvaga ko inshingano yabo ya mbere ari iyo kumva bagite igihamya cy’uko bemerwa n’Imana. Imitima yabo yari ihurijwe hamwe kandi bagasengera hamwe ndetse bakanasabirana. Inshuro nyinshi bakundaga guteranira ahantu hiherereye kugira ngo basabane n’Imana, kandi amasengesho yabo yazamukaga mu ijuru aturutse aho babaga bateraniye haba mu mirima no mu mashyamba. Kumva ko bemewe n’Umukiza wabo ni byo byari ingenzi kuri bo kuruta gukenera ibyokurya bya buri munsi; kandi iyo intekerezo zabo zazagamo igicu cy’umwijima (urujijo), ntibahwemaga kugeza igihe icyo gicu cyeyukiye. Uko biyumvagamo ubuhamya bw’ubuntu bw’Imana bubabarira, ni ko barushagaho kwifuza kubona Uwo bakundaga cyane. Nyamara na none bari bagiye guhura no gucika intege bitewe no kubura icyo bari bategereje. Igihe bari bategereje cyarahise maze Umukiza wabo ntiyaza. Bari bategereje kugaruka kwe bafite ibyiringiro bidahungabanywa, none ubu babaye nk’uko byagendekeye Mariya ubwo yageraga ku mva y’Umukiza maze agasanga irimo ubusa, bityo agataka aboroga ati: “Bakuyemo Umwami wanjye sinzi aho bamujyanye.” 536 Ku batizera, ubwoba butewe no gutekereza ko ubutumwa bwavugwaga bwaba ari ubw’ukuri, bwamaze igihe runaka bubabereye inkomyi. Igihe cyavuzwe kimaze guhita, ubwo bwoba ntibwahise bubashiramo. Ku ikubitiro ntibahangaye kwishima hejuru abo bantu bari bari mu mubabaro ukomeye wo kutabona icyo bari bategereje; ariko kubera ko nta kimenyetso babonaga cy’uburakari bw’Imana, bashize bwa bwoba bari bafite maze batangira kunenga no kugira urw’amenyo ba bandi bari mu gahinda. Itsinda rinini ry’abantu bari baravuze ko bizera ibyo kugaruka kwa Kristo bidatinze, baretse ukwizera kwabo. Abantu bamwe bari baragaragaweho ko bafite ibyiringiro cyane, bakozwe n’isoni cyane ku buryo bashatse guhunga bakava mu isi. Nk’uko Yona yabigenje, bitotombeye Imana maze bahitamo kuba bapfa aho kubaho. Abari barashingiye ukwizera kwabo ku bitekerezo by’abandi aho gushingira ku ijambo ry’Imana, bari biteguye guhindura ibitekerezo byabo nka mbere. Abakobanyi binjije mu murongo wabo abanyantege nke n’ibigwari maze bose bavugira hamwe ko nta kintu cyo gutinywa gihari cyangwa icyo abantu bategereza. Igihe cyari 295

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

abandi bazanwe no kunegura — maze bageraho bagafatwa n’imbaraga yemeza imitima<br />

yajyaniranaga n’ubu butumwa ngo, “Dore Umukwe araje!”<br />

Muri icyo gihe, hariho ukwizera kwatumaga amasengesho asubizwa, ukwizera kwari<br />

kwishingikirije ku ngororano. Nk’uko ibitonyanga by’imvura bigwa mu butaka bwumye, ni<br />

ko Mwuka w’ubuntu yamanukiraga abashakaga Imana babishishikariye. Abari bategereje ko<br />

bidatinze bagiye guhagarara imbere y’Umucunguzi wabo barebana amaso ku maso, bumvaga<br />

bafite ibyishimo bitavugwa. Uko imigisha yayo yasukwaga ku ndahemuka n’abizera,<br />

imbaraga yoroshya kandi itsinda ya Mwuka Muziranenge yaturishaga imitima ku rugero<br />

runini.<br />

Abari barakiriye ubwo butumwa bategerezanyaga ubwitonzi ukwegereza kw’igihe bari<br />

biringiyemo gusanganira Umukiza wabo. Buri gitondo, bumvaga ko inshingano yabo ya<br />

mbere ari iyo kumva bagite igihamya cy’uko bemerwa n’Imana. Imitima yabo yari ihurijwe<br />

hamwe kandi bagasengera hamwe ndetse bakanasabirana. Inshuro nyinshi bakundaga<br />

guteranira ahantu hiherereye kugira ngo basabane n’Imana, kandi amasengesho yabo<br />

yazamukaga mu ijuru aturutse aho babaga bateraniye haba mu mirima no mu mashyamba.<br />

Kumva ko bemewe n’Umukiza wabo ni byo byari ingenzi kuri bo kuruta gukenera ibyokurya<br />

bya buri munsi; kandi iyo intekerezo zabo zazagamo igicu cy’umwijima (urujijo),<br />

ntibahwemaga kugeza igihe icyo gicu cyeyukiye. Uko biyumvagamo ubuhamya bw’ubuntu<br />

bw’Imana bubabarira, ni ko barushagaho kwifuza kubona Uwo bakundaga cyane.<br />

Nyamara na none bari bagiye guhura no gucika intege bitewe no kubura icyo bari<br />

bategereje. Igihe bari bategereje cyarahise maze Umukiza wabo ntiyaza. Bari bategereje<br />

kugaruka kwe bafite ibyiringiro bidahungabanywa, none ubu babaye nk’uko byagendekeye<br />

Mariya ubwo yageraga ku mva y’Umukiza maze agasanga irimo ubusa, bityo agataka aboroga<br />

ati: “Bakuyemo Umwami wanjye sinzi aho bamujyanye.” 536<br />

Ku batizera, ubwoba butewe no gutekereza ko ubutumwa bwavugwaga bwaba ari<br />

ubw’ukuri, bwamaze igihe runaka bubabereye inkomyi. Igihe cyavuzwe kimaze guhita, ubwo<br />

bwoba ntibwahise bubashiramo. Ku ikubitiro ntibahangaye kwishima hejuru abo bantu bari<br />

bari mu mubabaro ukomeye wo kutabona icyo bari bategereje; ariko kubera ko nta kimenyetso<br />

babonaga cy’uburakari bw’Imana, bashize bwa bwoba bari bafite maze batangira kunenga no<br />

kugira urw’amenyo ba bandi bari mu gahinda. Itsinda rinini ry’abantu bari baravuze ko bizera<br />

ibyo kugaruka kwa Kristo bidatinze, baretse ukwizera kwabo. Abantu bamwe bari<br />

baragaragaweho ko bafite ibyiringiro cyane, bakozwe n’isoni cyane ku buryo bashatse<br />

guhunga bakava mu isi. Nk’uko Yona yabigenje, bitotombeye Imana maze bahitamo kuba<br />

bapfa aho kubaho. Abari barashingiye ukwizera kwabo ku bitekerezo by’abandi aho<br />

gushingira ku ijambo ry’Imana, bari biteguye guhindura ibitekerezo byabo nka mbere.<br />

Abakobanyi binjije mu murongo wabo abanyantege nke n’ibigwari maze bose bavugira<br />

hamwe ko nta kintu cyo gutinywa gihari cyangwa icyo abantu bategereza. Igihe cyari<br />

295

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!