15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

mukuru utabasha kubabarana natwe mu ntege nke zacu, ahubwo yageragejwe uburyo bwose<br />

nkatwe, keretse yuko atigeze akora icyaha. 16 Nuko rero, twegere intebe y'ubuntu tudatinya,<br />

kugira ngo tubabarirwe tubone ubuntu bwo kudutabara mu gihe gikwiriye (Abeheburayo<br />

4:14-16)<br />

Icyateye abantu kugira iyi myumvire ni uko bavumbuye ko itegeko ry’umwami<br />

Artaxerxes ryo gusana Yerusalemu (itegeko ryabaye intangiriro y’igihe cy’iminsi 2300)<br />

ryashyizwe mu bikorwa mu muhindo w’umwaka wa 457 mbere ya Kristo aho kuba mu<br />

itangira ry’uwo mwaka nk’uko bamwe bari barabyizeye mbere. Iminsi 2300 yabazwe<br />

bahereye ku muhindo w’umwaka wa 457 kandi irangira mu muhindo w’umwaka wa 1844.<br />

Ingingo zimwe zavuye mu Isezerano rya Kera nazo zerekanye ko mu gihe cy’umuhindo<br />

ari bwo igikorwa gishushanya “kwezwa kw’ubuturo bwera” cyagombaga kubaho. Ibi<br />

byagaragaye neza ubwo abantu bakangukiraga kureba uburyo ibimenyetso byerekanaga kuza<br />

kwa Kristo bwa mbere byasohoye.<br />

Gutambwa k’umwana w’intama wa Pasika byari igishushanyo cy’urupfu rwa Kristo.<br />

Intumwa Pawulo aravuga ati: “Pasika yacu yatambwe ari we Kristo.” 529 Iseri ry’imbuto<br />

z’umuganura ryazungurizwaga imbere y’Uwiteka mu gihe cya Pasika, ryashushanyaga<br />

umuzuko wa Kristo. Ubwo Pawulo yavugaga iby’umuzuko w’Umukiza ndetse n’uw’abe bose<br />

yaravuze ati: “Kuko Kristo ari we muganura, maze hanyuma aba Kristo bakazabona kuzuka<br />

ubwo azaza.” 530 Nk’uko iseri ry’imbuto ryazunguzwaga ryarabaga ari imbuto zihishije<br />

zakurwaga mu murima mbere y’uko basarura, Kristo na we ni umuganura w’uwo musaruro<br />

udapfa w’abacunguwe bazateranyirizwa mu kigega cy’Imana ubwo umuzuko dutegereje<br />

uzabaho.<br />

Ibyo bimenyetso byarasohoye tutarebeye ku byabayeho gusa ahubwo no ku gihe<br />

byabereye. Ku munsi wa cumi na kane w’ukwezi kwa mbere kw’Abayahudi, kuri uwo munsi<br />

n’uko kwezi ni ho umwana w’intama wa Pasika yajyaga atambwa kandi bikaba byari bimaze<br />

ibinyejana cumi na bitanu. Kuri uwo munsi ubwo Kristo yari amaze gusangira Pasika<br />

n’abigishwa be, ni ho yashyizeho umuhango wagombaga kuzajya ubibutsa iby’urupfu rwe,<br />

nka “Ntama w’Imana ukuraho ibyaha by’abari mu isi.” Mu ijoro ry’uwo munsi kandi ni ho<br />

yafashwe n’abagome kugira ngo abambwe kandi yicwe. Kandi nk’uko Umukiza wacu<br />

(washushanywaga n’iseri ry’imbuto ryazungurizwaga) yazutse mu bapfuye ku munsi wa<br />

gatatu, ni ko aba “umuganura w’abasinziriye,” 531 n’urugero rw’abera bose bagomba<br />

kuzazuka bafite “umubiri wo gucishwa bugufi” uzahindurwa, kandi “akawushushanya<br />

n’umubiri w’ubwiza bwe.” 532<br />

Ni muri ubwo buryo, ibishushanya kugaruka k’Umukiza bigomba gusohora mu gihe<br />

cyerekanwe n’ibimenyetso. Muri gahunda yo mu gihe cya Mose, kwezwa k’ubuturo bwera<br />

cyangwa se Umunsi mukuru w’Impongano, byabaga ku munsi wa cumi w’ukwezi kwa<br />

karindwi kw’Abayuda (Abalewi 16:29-4), igihe umutambyi mukuru ubwo yabaga amaze<br />

guhongerera ibicumuro by’Abisirayeli bose, kandi amaze gukura ibyaha byabo mu buturo<br />

292

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!