15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

“Muri iyi minsi yacu Umwanzi Satani afite ubutware bukomeye ku ntekerezo z’abantu<br />

bamwe. None se twamenya dute umwuka ubakoresha uwo ari wo? Bibiliya irasubiza iti,<br />

“Muzabamenyera ku mbuto zabo.” . . . Hariho imyuka myinshi yadutse ku isi; kandi dusabwa<br />

kugenzura imyuka. <strong>Umwuka</strong> wose utadutera kubaho twirinda, dukiranuka kandi twubaha<br />

Imana muri iyi isi ya none, ntabwo uwo ari Mwuka wa Kristo. Nemera rwose ndashikinya ko<br />

Satani akorera byinshi mu buryo budasanzwe muri ayo matsinda y’inzaduka. . . Abantu benshi<br />

muri twe bibwira ko ari abantu bejejwe, bakurikiza imigenzo y’abantu, kandi uko bigaragara<br />

ntabwo bazi ukuri nk’uko abatejejwe na bo bameze.” 525 “<strong>Umwuka</strong> w’ubuyobe uzadukura<br />

mu kuri; ariko Mwuka w’Imana uzatuyobora ku kuri. Ariko wagira uti, ‘umuntu ashobora<br />

kuba ari mu buyobe nyamara akibwira ko ari mu kuri.’ None se ibyo ni ibiki? Twasubiza yuko<br />

Mwuka w’Imana n’ijambo ryayo bitavuguruzanya. Niba umuntu yigenzuje ijambo ry’Imana,<br />

maze akabona ari mahwi rwose ahuje n’ijambo ry’Imana ryose, ubwo ni bwo yakwizera ko<br />

afite ukuri. Ariko nabona ko umwuka umuyobora udahuje n’amategeko y’Imana cyangwa<br />

Bibiliya, agendane ubushishozi, nibitaba bityo azafatwa n’umutego w’umwanzi Satani.”<br />

526“Nagiye mbona kenshi ibihamya biruseho by’ubutungane bwo mu mutima mbibwiwe no<br />

mu maso h’umuntu ndetse n’imvugo iziga kuruta kubibwirwa n’urusaku rw’abakristo<br />

bamwe.” 527<br />

Mu gihe cy’ubugorozi abanzi babwo bageretse ibibi byose byaterwaga n’ubwaka ku bantu<br />

bakoraga bashishikariye kuburwanya. Ibintu nk’ibyo kandi byakozwe n’abarwanyaga itsinda<br />

ry’Abadiventisiti. Ubwo bari badashimishijwe no kwiyerekana mu buryo butari bwo ndetse<br />

no gukabya amakosa y’abahezanguni n’abaka, bagerageje gukwirakwiza amakuru atari<br />

ay’ukuri atari afite n’agasanira na gato k’ukuri. Abo bantu bakoreshwaga n’urwikekwe<br />

n’urwango. Amahoro yari yahungabanyijwe no kwamamaza ubutumwa bw’uko Kristo ari<br />

hafi kugaruka. Bari bahangayikishijwe n’uko byaba ari ukuri, nyamara bakiringira ko atari<br />

byo, kandi iryo ni ryo ryari ibanga ry’urugamba bariho barwanya Abadiventisiti no kwizera<br />

kwabo.<br />

Kuba abantu bake b’abaka bari barinjiye mu murongo w’Abadiventisiti, ibyo ntibyari<br />

impamvu yo gufatiraho umwanzuro uvuga ko iryo tsinda ridakomoka ku Mana nk’uko<br />

kubaho kw’abaka n’abashukanyi mu itorero ryo mu gihe cya Pawulo cyangwa icya Luteri,<br />

bitaba impamvu ihagije yo guciraho iteka umurimo bakoraga. Nimureke ubwoko bw’Imana<br />

bukanguke buve mu bitotsi maze butangire umurimo wo kwihana n’uw’ubugorozi bwivuye<br />

inyuma. Nimutyo bucukumbure Ibyanditswe Byera kugira ngo bumenye ukuri nk’uko kuri<br />

muri Yesu; nimutyo bwiyegurire Imana butizigamye, kandi ntihazabura ikimenyetso<br />

kigaragaza ko Satani akorana imbaraga kandi ari maso. Azerekana ububasha bwe akoresheje<br />

ubushukanyi bushoboka bwose, yifashishe abamarayika bose bacumuye bo mu ngoma ye.<br />

Ntabwo kwamamaza ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo ari byo byateje ubwaka<br />

n’amacakubiri. Ibyo byatangiye kugaragara mu mpeshyi yo mu mwaka wa 1844, ubwo<br />

Abadiventisiti bari mu gihe cyo gushidikanya n’amajune kubw’ingorane zigaragara barimo.<br />

Kubwiriza ubutumwa bwa marayika wa mbere n’ubw’“urusaku rwa mu gicuku”, byerekezaga<br />

289

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!