Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri Akoresheje ubu buryo, Satani yashakaga kurwanya no kurimbura umurimo w’Imana. Abantu bari barakanguwe bikomeye cyane n’ubutumwa bw’Abadiventisiti. Abanyabyaha ibihumbi byinshi bari barahindutse, kandi abantu b’indahemuka bitangiraga umurimo wo kwamamaza ukuri ndetse no muri cya gihe cyo gutinda. Umwami w’ibibi yakomezaga gutakaza abantu be; kandi kugira ngo akoze isoni umurimo w’Imana, yashatse uko yashuka abavuga ko bafite ukwizera no kubatera kuba abahezanguni. Bityo abamukorera bari biteguye kuririra ku ikosa ryose, gutsindwa kose ndetse n’igikorwa cyose kidatunganye maze bakabishyira imbere ya rubanda babikuririje kugira ngo bangishe abantu Abadiventisiti ndetse no kwizera kwabo. Bityo, uko yashoboraga kugira umubare munini w’abantu atera kwizera ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo kandi mu mitima yabo bagengwa n’imbaraga ye, ni ko yari kubyungukiramo cyane atera abantu kubahanga amaso nk’abahagarariye abizera bose. Satani ni we “murezi wa benedata,” kandi umwuka we ni wo utera abantu kujora amakosa n’inenge by’abantu b’Imana no kubashyira ku karubanda nyamara ibyiza bakora ntibyigere byitabwaho. Igihe Imana iri ku murimo wo gukiza abantu, Satani na we ahora akora ubudatuza. Iyo abana b’Imana baje imbere y’Uwiteka, Satani na we aza hagati yabo. Mu bubyutse bwose bubaho, Satani aba yiteguye kuzanamo abantu batejejwe mu mitima ndetse na ba nyamujya irya n’ino. Igihe bene abo bemeye ingingo zimwe z’ukuri maze bakabarwa mu bizera, Satani arabakoresha kugira ngo yinjize inyigisho ziyobya abatari maso. Nta muntu n’umwe uhamywa ko ari Umukristo nyakuri bitewe n’uko aboneka ko abarizwa mu itsinda ry’abana b’Imana, ndetse n’iyo yaba aboneka mu rusengero kandi akaza ku meza y’Umwami. Satani akunze kuhaba kenshi mu bihe by’imihango y’ingenzi yihindurije mu ishusho y’abantu runaka ashobora gukoresha nk’abakozi be. Satani arwanya n’agatambwe gato cyane ubwoko bw’Imana butera mu rugendo rwabwo bugana mu murwa wo mu ijuru. Mu mateka yose yaranze itorero, nta vugurura ryigeze rikorwa ngo ribure gusakirana n’imbogamizi zikomeye. Mu gihe cya Pawulo niko byagenze. Aho yashingaga itorero hose, habagaho abantu bavuga ko bizera nyamara bakinjiza ubuyobe mu itorero ku buryo iyo bwakirwa, bwari gukuraho urukundo abantu bakundaga ukuri nta kabuza. Luteri nawe yahuye no guhangayika gukomeye ndetse n’umubabaro biturutse ku mukorere y’abari bafite gukabya mu kwizera. Bavugaga ko Imana yavuganye nabo mu buryo butaziguye, kandi kubw’izo mpamvu bakazana ibitekerezo byabo n’imyumvire yabo maze bakabiha agaciro kuruta ibyo Ibyanditswe Byera bihamya. Abantu benshi bari babuze kwizera no kumaramaza nyamara bakagira umwuka wo kumva bihagije, kandi bagakunda kumva no kuvuga ibintu bishya, baguye mu gishuko cy’abo bigisha bashya maze bifatanya n’abakorera Satani mu murimo wabo wo gusenya ibyo Imana yari yaratumye Luteri kubaka. N’abayoboke ba Wesley na bo ndetse n’abandi bahesheje isi umugisha kubw’imirimo yabo no kwizera kwabo, kuri buri ntambwe yose bagiye bahura n’imitego ya Satani batezwe n’abantu b’abaka, badafite intekerezo zihamye ndetse n’abatejejwe bishoye mu bwaka bw’uburyo bwose. William Miller nta mpuhwe yagiriraga iyo mikorere yaganishaga ku bwaka. Kimwe na Luteri yavuze ko umwuka wose ugomba gusuzumwa n’ijambo ry’Imana. Miller yaravuze ati: 288
Umwuka W'Imijyi Ibiri “Muri iyi minsi yacu Umwanzi Satani afite ubutware bukomeye ku ntekerezo z’abantu bamwe. None se twamenya dute umwuka ubakoresha uwo ari wo? Bibiliya irasubiza iti, “Muzabamenyera ku mbuto zabo.” . . . Hariho imyuka myinshi yadutse ku isi; kandi dusabwa kugenzura imyuka. Umwuka wose utadutera kubaho twirinda, dukiranuka kandi twubaha Imana muri iyi isi ya none, ntabwo uwo ari Mwuka wa Kristo. Nemera rwose ndashikinya ko Satani akorera byinshi mu buryo budasanzwe muri ayo matsinda y’inzaduka. . . Abantu benshi muri twe bibwira ko ari abantu bejejwe, bakurikiza imigenzo y’abantu, kandi uko bigaragara ntabwo bazi ukuri nk’uko abatejejwe na bo bameze.” 525 “Umwuka w’ubuyobe uzadukura mu kuri; ariko Mwuka w’Imana uzatuyobora ku kuri. Ariko wagira uti, ‘umuntu ashobora kuba ari mu buyobe nyamara akibwira ko ari mu kuri.’ None se ibyo ni ibiki? Twasubiza yuko Mwuka w’Imana n’ijambo ryayo bitavuguruzanya. Niba umuntu yigenzuje ijambo ry’Imana, maze akabona ari mahwi rwose ahuje n’ijambo ry’Imana ryose, ubwo ni bwo yakwizera ko afite ukuri. Ariko nabona ko umwuka umuyobora udahuje n’amategeko y’Imana cyangwa Bibiliya, agendane ubushishozi, nibitaba bityo azafatwa n’umutego w’umwanzi Satani.” 526“Nagiye mbona kenshi ibihamya biruseho by’ubutungane bwo mu mutima mbibwiwe no mu maso h’umuntu ndetse n’imvugo iziga kuruta kubibwirwa n’urusaku rw’abakristo bamwe.” 527 Mu gihe cy’ubugorozi abanzi babwo bageretse ibibi byose byaterwaga n’ubwaka ku bantu bakoraga bashishikariye kuburwanya. Ibintu nk’ibyo kandi byakozwe n’abarwanyaga itsinda ry’Abadiventisiti. Ubwo bari badashimishijwe no kwiyerekana mu buryo butari bwo ndetse no gukabya amakosa y’abahezanguni n’abaka, bagerageje gukwirakwiza amakuru atari ay’ukuri atari afite n’agasanira na gato k’ukuri. Abo bantu bakoreshwaga n’urwikekwe n’urwango. Amahoro yari yahungabanyijwe no kwamamaza ubutumwa bw’uko Kristo ari hafi kugaruka. Bari bahangayikishijwe n’uko byaba ari ukuri, nyamara bakiringira ko atari byo, kandi iryo ni ryo ryari ibanga ry’urugamba bariho barwanya Abadiventisiti no kwizera kwabo. Kuba abantu bake b’abaka bari barinjiye mu murongo w’Abadiventisiti, ibyo ntibyari impamvu yo gufatiraho umwanzuro uvuga ko iryo tsinda ridakomoka ku Mana nk’uko kubaho kw’abaka n’abashukanyi mu itorero ryo mu gihe cya Pawulo cyangwa icya Luteri, bitaba impamvu ihagije yo guciraho iteka umurimo bakoraga. Nimureke ubwoko bw’Imana bukanguke buve mu bitotsi maze butangire umurimo wo kwihana n’uw’ubugorozi bwivuye inyuma. Nimutyo bucukumbure Ibyanditswe Byera kugira ngo bumenye ukuri nk’uko kuri muri Yesu; nimutyo bwiyegurire Imana butizigamye, kandi ntihazabura ikimenyetso kigaragaza ko Satani akorana imbaraga kandi ari maso. Azerekana ububasha bwe akoresheje ubushukanyi bushoboka bwose, yifashishe abamarayika bose bacumuye bo mu ngoma ye. Ntabwo kwamamaza ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo ari byo byateje ubwaka n’amacakubiri. Ibyo byatangiye kugaragara mu mpeshyi yo mu mwaka wa 1844, ubwo Abadiventisiti bari mu gihe cyo gushidikanya n’amajune kubw’ingorane zigaragara barimo. Kubwiriza ubutumwa bwa marayika wa mbere n’ubw’“urusaku rwa mu gicuku”, byerekezaga 289
- Page 246 and 247: Umwuka W'Imijyi Ibiri hari hasigaye
- Page 248 and 249: Umwuka W'Imijyi Ibiri ruhame; ndets
- Page 250 and 251: Umwuka W'Imijyi Ibiri cy’ejo hash
- Page 252 and 253: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kumusebya, ku
- Page 254 and 255: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Kandi ubwo
- Page 256 and 257: Umwuka W'Imijyi Ibiri None se kuki
- Page 258 and 259: Umwuka W'Imijyi Ibiri kumenyekanish
- Page 260 and 261: Umwuka W'Imijyi Ibiri kw’ 463inte
- Page 262 and 263: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwabo cyangwa
- Page 264 and 265: Umwuka W'Imijyi Ibiri gikwira muri
- Page 266 and 267: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 20
- Page 268 and 269: Umwuka W'Imijyi Ibiri ko Yesu Krist
- Page 270 and 271: Umwuka W'Imijyi Ibiri Palesitina, S
- Page 272 and 273: Umwuka W'Imijyi Ibiri buhanitse mu
- Page 274 and 275: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nubwo Gaussen
- Page 276 and 277: Umwuka W'Imijyi Ibiri byashenguraga
- Page 278 and 279: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kristo azafat
- Page 280 and 281: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’ubundi ba
- Page 282 and 283: Umwuka W'Imijyi Ibiri ibimenyetso b
- Page 284 and 285: Umwuka W'Imijyi Ibiri abizera bari
- Page 286 and 287: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’ubusamban
- Page 288 and 289: Umwuka W'Imijyi Ibiri no gushyigiki
- Page 290 and 291: Umwuka W'Imijyi Ibiri bikorwa byo g
- Page 292 and 293: Umwuka W'Imijyi Ibiri wa kabiri, ka
- Page 294 and 295: Umwuka W'Imijyi Ibiri iratinze, kan
- Page 298 and 299: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buta
- Page 300 and 301: Umwuka W'Imijyi Ibiri mukuru utabas
- Page 302 and 303: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwihana ibibi
- Page 304 and 305: Umwuka W'Imijyi Ibiri cyarahise, Um
- Page 306 and 307: Umwuka W'Imijyi Ibiri Imyumvire y
- Page 308 and 309: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 23
- Page 310 and 311: Umwuka W'Imijyi Ibiri musozi ari ku
- Page 312 and 313: Umwuka W'Imijyi Ibiri ndetse n’um
- Page 314 and 315: Umwuka W'Imijyi Ibiri bwera buri ku
- Page 316 and 317: Umwuka W'Imijyi Ibiri gitambo maze
- Page 318 and 319: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 24
- Page 320 and 321: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwemeza abatu
- Page 322 and 323: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’impongano
- Page 324 and 325: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ukurangira kw
- Page 326 and 327: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’isi n’i
- Page 328 and 329: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buko
- Page 330 and 331: Umwuka W'Imijyi Ibiri gukomoka ahan
- Page 332 and 333: Umwuka W'Imijyi Ibiri kugira ngo ub
- Page 334 and 335: Umwuka W'Imijyi Ibiri butegetsi bwa
- Page 336 and 337: Umwuka W'Imijyi Ibiri rya kane rivu
- Page 338 and 339: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 26
- Page 340 and 341: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igihe ukuri k
- Page 342 and 343: Umwuka W'Imijyi Ibiri ku buryo bige
- Page 344 and 345: Umwuka W'Imijyi Ibiri bye, ariko am
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
Akoresheje ubu buryo, Satani yashakaga kurwanya no kurimbura umurimo w’Imana.<br />
Abantu bari barakanguwe bikomeye cyane n’ubutumwa bw’Abadiventisiti. Abanyabyaha<br />
ibihumbi byinshi bari barahindutse, kandi abantu b’indahemuka bitangiraga umurimo wo<br />
kwamamaza ukuri ndetse no muri cya gihe cyo gutinda. Umwami w’ibibi yakomezaga<br />
gutakaza abantu be; kandi kugira ngo akoze isoni umurimo w’Imana, yashatse uko yashuka<br />
abavuga ko bafite ukwizera no kubatera kuba abahezanguni. Bityo abamukorera bari biteguye<br />
kuririra ku ikosa ryose, gutsindwa kose ndetse n’igikorwa cyose kidatunganye maze<br />
bakabishyira imbere ya rubanda babikuririje kugira ngo bangishe abantu Abadiventisiti ndetse<br />
no kwizera kwabo. Bityo, uko yashoboraga kugira umubare munini w’abantu atera kwizera<br />
ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo kandi mu mitima yabo bagengwa n’imbaraga ye, ni ko<br />
yari kubyungukiramo cyane atera abantu kubahanga amaso nk’abahagarariye abizera bose.<br />
Satani ni we “murezi wa benedata,” kandi umwuka we ni wo utera abantu kujora amakosa<br />
n’inenge by’abantu b’Imana no kubashyira ku karubanda nyamara ibyiza bakora ntibyigere<br />
byitabwaho. Igihe Imana iri ku murimo wo gukiza abantu, Satani na we ahora akora<br />
ubudatuza. Iyo abana b’Imana baje imbere y’Uwiteka, Satani na we aza hagati yabo. Mu<br />
bubyutse bwose bubaho, Satani aba yiteguye kuzanamo abantu batejejwe mu mitima ndetse<br />
na ba nyamujya irya n’ino. Igihe bene abo bemeye ingingo zimwe z’ukuri maze bakabarwa<br />
mu bizera, Satani arabakoresha kugira ngo yinjize inyigisho ziyobya abatari maso. Nta muntu<br />
n’umwe uhamywa ko ari Umukristo nyakuri bitewe n’uko aboneka ko abarizwa mu itsinda<br />
ry’abana b’Imana, ndetse n’iyo yaba aboneka mu rusengero kandi akaza ku meza y’Umwami.<br />
Satani akunze kuhaba kenshi mu bihe by’imihango y’ingenzi yihindurije mu ishusho y’abantu<br />
runaka ashobora gukoresha nk’abakozi be.<br />
Satani arwanya n’agatambwe gato cyane ubwoko bw’Imana butera mu rugendo rwabwo<br />
bugana mu murwa wo mu ijuru. Mu mateka yose yaranze itorero, nta vugurura ryigeze<br />
rikorwa ngo ribure gusakirana n’imbogamizi zikomeye. Mu gihe cya Pawulo niko byagenze.<br />
Aho yashingaga itorero hose, habagaho abantu bavuga ko bizera nyamara bakinjiza ubuyobe<br />
mu itorero ku buryo iyo bwakirwa, bwari gukuraho urukundo abantu bakundaga ukuri nta<br />
kabuza. Luteri nawe yahuye no guhangayika gukomeye ndetse n’umubabaro biturutse ku<br />
mukorere y’abari bafite gukabya mu kwizera. Bavugaga ko Imana yavuganye nabo mu buryo<br />
butaziguye, kandi kubw’izo mpamvu bakazana ibitekerezo byabo n’imyumvire yabo maze<br />
bakabiha agaciro kuruta ibyo Ibyanditswe Byera bihamya. Abantu benshi bari babuze kwizera<br />
no kumaramaza nyamara bakagira umwuka wo kumva bihagije, kandi bagakunda kumva no<br />
kuvuga ibintu bishya, baguye mu gishuko cy’abo bigisha bashya maze bifatanya n’abakorera<br />
Satani mu murimo wabo wo gusenya ibyo Imana yari yaratumye Luteri kubaka. N’abayoboke<br />
ba Wesley na bo ndetse n’abandi bahesheje isi umugisha kubw’imirimo yabo no kwizera<br />
kwabo, kuri buri ntambwe yose bagiye bahura n’imitego ya Satani batezwe n’abantu b’abaka,<br />
badafite intekerezo zihamye ndetse n’abatejejwe bishoye mu bwaka bw’uburyo bwose.<br />
William Miller nta mpuhwe yagiriraga iyo mikorere yaganishaga ku bwaka. Kimwe na<br />
Luteri yavuze ko umwuka wose ugomba gusuzumwa n’ijambo ry’Imana. Miller yaravuze ati:<br />
288