Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri wa kabiri, kandi abana b’Imana bazaba bakiri muri Babuloni bazahamagarirwa kwitandukanya na yo. Ubu butumwa ni bwo butumwa buheruka buzabwirwa isi; kandi buzarangiza umurimo wabwo. Igihe “abatizeye iby’ukuri bose ahubwo bakishimira gukiranirwa” 522 bazarekwa ngo bakire ubuhakanyi bukomeye kandi ngo bizere ikinyoma, ni bwo umucyo w’ukuri uzamurikira abafite imitima yiteguye kuwakira, kandi abana b’Imana bose bakiri muri Babuloni bazumvira iri hamagara ngo: “Bwoko bwanjye, nimuwusohokemo” 523 284

Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 22 – Ubuhanuzi Bwasohoye Mu muhindo w’umwaka wa 1844, ubwo igihe Kristo yari yitezwe kugaruka cyahitaga, abari barategereje kugaruka kwe bafite kwizera bamaze igihe runaka mu majune no mu gushidikanya. Nubwo ab’isi bababonaga nk’abatsinzwe ruhenu kandi bakagaragara ko bishingikirije ku binyoma, isoko yo guhumurizwa kwabo yakomeje kuba ijambo ry’Imana. Benshi bakomeje kwiga Ibyanditswe, bongera kugenzura ibihamya byo kwizera kwabo kandi bakigana ubushishozi ubuhanuzi kugira ngo babone umucyo uruseho. Ubuhamya bwa Bibiliya bari bishingikirijeho bwari busobanutse kandi butagira ikindi bwakongerwaho. Ibimenyetso bitashoboraga kwibeshya byerekanaga ko kugaruka kwa Kristo kwegereje. Umugisha udasanzwe w’Uwiteka wagaragariye mu guhinduka kw’abanyabyaha ndetse n’ububyutse mu by’umwuka bwabaye mu Bakristo, byari byarahamije ko ubutumwa bwabo bukomoka mu ijuru. Kandi n’ubwo abizera batashoboye gusobanura impamvu babuze icyo bari bategereje, bumvaga biringiye ko Imana ari yo yabayoboye mu byo banyuzemo. Ubuhanuzi bari barabonye bujyanye n’igihe cyo kugaruka kwa Kristo, bwari bukubiyemo amabwiriza ajyanye n’igihe kidasanzwe cyo gushidikanya no kubura icyo bakora, kandi bwabateraga ubutwari bwo gutegereza bihanganye bafite kwizera kuko ibyari nk’umwijima mu ntekerezo zabo byagombaga gusobanuka igihe gikwiriye kigeze. Muri ubwo buhanuzi harimo ubwa Habakuki 2:1-4; buvuga buti: “Nzahagarara hejuru y’umunara, aho ndindira; kandi nzarangaguza ndeba aho ari, numva icyo ambwira, n’uko nzasubiza ku bw’icyo namuganyiye. Maze Uwiteka aransubiza ati: “Andika ibyerekanywe, ubigaragaze ku mbaho, kugira ngo ubisomye abyihutire. Kuko ibyerekanywe bifite igihe byategekewe, ntibizatinda kukigeraho kandi ntibizabeshya, n’aho byatinda ubitegereze, kuko kuza ko bizaza, ntibizahera. Dore umutima we wishyize hejuru; ntumutunganyemo, ariko umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe.” Byegereje umwaka wa 1842, amabwirizwa yatanzwe muri ubu buhanuzi avuga, “kwandika ibyerekanywe no kubigaragaza ku mbaho, kugira ngo ubisomye abyihutire,” yari yarateye Charles Fitch gutegura imbonerahamwe y’ubuhanuzi kugira ngo agaragaze iyerekwa rya Daniyeli n’iryo mu Byahishuwe. Ishyirwa ahagaragara ry’iyo mbonerahamwe ryafashwe nk’aho ari isohozwa ry’itegeko ryatanzwe n’umuhanuzi Habakuki. Nyamara, nta muntu n’umwe wamenye ko gutinda kugaragara ko kwabayeho mu isohora ry’iryo yerekwa (ari cyo gihe cyo gutegereza) kwari kwaravuzwe muri ubwo buhanuzi. Nyuma yo kutabona ibyo bari biteze, aya magambo avugwa mu Byanditswe yumvikanye neza: “Kuko ibyerekanywe bifite igihe byategekewe, ntibizatinda kukigeraho, kandi ntibizabeshya; naho byatinda ubitegereze; kuko kuza ko bizaza, ntibizahera. .. . ariko umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe.” Umugabane umwe w’ubuhanuzi bwa Ezekiyeli nawo wari isoko y’imbaraga n’ihumure ku bizera. Uwo mugabane w’ubuhanuzi uravuga uti: “Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti, ‘Mwana w’umuntu, uyu mugani ucibwa mu gihugu cya Isirayeli usobanurwa ute, ngo iminsi 285

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

wa kabiri, kandi abana b’Imana bazaba bakiri muri Babuloni bazahamagarirwa<br />

kwitandukanya na yo. Ubu butumwa ni bwo butumwa buheruka buzabwirwa isi; kandi<br />

buzarangiza umurimo wabwo. Igihe “abatizeye iby’ukuri bose ahubwo bakishimira<br />

gukiranirwa” 522 bazarekwa ngo bakire ubuhakanyi bukomeye kandi ngo bizere ikinyoma,<br />

ni bwo umucyo w’ukuri uzamurikira abafite imitima yiteguye kuwakira, kandi abana b’Imana<br />

bose bakiri muri Babuloni bazumvira iri hamagara ngo: “Bwoko bwanjye,<br />

nimuwusohokemo” 523<br />

284

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!