Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri wa kabiri, kandi abana b’Imana bazaba bakiri muri Babuloni bazahamagarirwa kwitandukanya na yo. Ubu butumwa ni bwo butumwa buheruka buzabwirwa isi; kandi buzarangiza umurimo wabwo. Igihe “abatizeye iby’ukuri bose ahubwo bakishimira gukiranirwa” 522 bazarekwa ngo bakire ubuhakanyi bukomeye kandi ngo bizere ikinyoma, ni bwo umucyo w’ukuri uzamurikira abafite imitima yiteguye kuwakira, kandi abana b’Imana bose bakiri muri Babuloni bazumvira iri hamagara ngo: “Bwoko bwanjye, nimuwusohokemo” 523 284
Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 22 – Ubuhanuzi Bwasohoye Mu muhindo w’umwaka wa 1844, ubwo igihe Kristo yari yitezwe kugaruka cyahitaga, abari barategereje kugaruka kwe bafite kwizera bamaze igihe runaka mu majune no mu gushidikanya. Nubwo ab’isi bababonaga nk’abatsinzwe ruhenu kandi bakagaragara ko bishingikirije ku binyoma, isoko yo guhumurizwa kwabo yakomeje kuba ijambo ry’Imana. Benshi bakomeje kwiga Ibyanditswe, bongera kugenzura ibihamya byo kwizera kwabo kandi bakigana ubushishozi ubuhanuzi kugira ngo babone umucyo uruseho. Ubuhamya bwa Bibiliya bari bishingikirijeho bwari busobanutse kandi butagira ikindi bwakongerwaho. Ibimenyetso bitashoboraga kwibeshya byerekanaga ko kugaruka kwa Kristo kwegereje. Umugisha udasanzwe w’Uwiteka wagaragariye mu guhinduka kw’abanyabyaha ndetse n’ububyutse mu by’umwuka bwabaye mu Bakristo, byari byarahamije ko ubutumwa bwabo bukomoka mu ijuru. Kandi n’ubwo abizera batashoboye gusobanura impamvu babuze icyo bari bategereje, bumvaga biringiye ko Imana ari yo yabayoboye mu byo banyuzemo. Ubuhanuzi bari barabonye bujyanye n’igihe cyo kugaruka kwa Kristo, bwari bukubiyemo amabwiriza ajyanye n’igihe kidasanzwe cyo gushidikanya no kubura icyo bakora, kandi bwabateraga ubutwari bwo gutegereza bihanganye bafite kwizera kuko ibyari nk’umwijima mu ntekerezo zabo byagombaga gusobanuka igihe gikwiriye kigeze. Muri ubwo buhanuzi harimo ubwa Habakuki 2:1-4; buvuga buti: “Nzahagarara hejuru y’umunara, aho ndindira; kandi nzarangaguza ndeba aho ari, numva icyo ambwira, n’uko nzasubiza ku bw’icyo namuganyiye. Maze Uwiteka aransubiza ati: “Andika ibyerekanywe, ubigaragaze ku mbaho, kugira ngo ubisomye abyihutire. Kuko ibyerekanywe bifite igihe byategekewe, ntibizatinda kukigeraho kandi ntibizabeshya, n’aho byatinda ubitegereze, kuko kuza ko bizaza, ntibizahera. Dore umutima we wishyize hejuru; ntumutunganyemo, ariko umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe.” Byegereje umwaka wa 1842, amabwirizwa yatanzwe muri ubu buhanuzi avuga, “kwandika ibyerekanywe no kubigaragaza ku mbaho, kugira ngo ubisomye abyihutire,” yari yarateye Charles Fitch gutegura imbonerahamwe y’ubuhanuzi kugira ngo agaragaze iyerekwa rya Daniyeli n’iryo mu Byahishuwe. Ishyirwa ahagaragara ry’iyo mbonerahamwe ryafashwe nk’aho ari isohozwa ry’itegeko ryatanzwe n’umuhanuzi Habakuki. Nyamara, nta muntu n’umwe wamenye ko gutinda kugaragara ko kwabayeho mu isohora ry’iryo yerekwa (ari cyo gihe cyo gutegereza) kwari kwaravuzwe muri ubwo buhanuzi. Nyuma yo kutabona ibyo bari biteze, aya magambo avugwa mu Byanditswe yumvikanye neza: “Kuko ibyerekanywe bifite igihe byategekewe, ntibizatinda kukigeraho, kandi ntibizabeshya; naho byatinda ubitegereze; kuko kuza ko bizaza, ntibizahera. .. . ariko umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe.” Umugabane umwe w’ubuhanuzi bwa Ezekiyeli nawo wari isoko y’imbaraga n’ihumure ku bizera. Uwo mugabane w’ubuhanuzi uravuga uti: “Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti, ‘Mwana w’umuntu, uyu mugani ucibwa mu gihugu cya Isirayeli usobanurwa ute, ngo iminsi 285
- Page 242 and 243: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ariko Imana y
- Page 244 and 245: Umwuka W'Imijyi Ibiri iyo, uzaryami
- Page 246 and 247: Umwuka W'Imijyi Ibiri hari hasigaye
- Page 248 and 249: Umwuka W'Imijyi Ibiri ruhame; ndets
- Page 250 and 251: Umwuka W'Imijyi Ibiri cy’ejo hash
- Page 252 and 253: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kumusebya, ku
- Page 254 and 255: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Kandi ubwo
- Page 256 and 257: Umwuka W'Imijyi Ibiri None se kuki
- Page 258 and 259: Umwuka W'Imijyi Ibiri kumenyekanish
- Page 260 and 261: Umwuka W'Imijyi Ibiri kw’ 463inte
- Page 262 and 263: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwabo cyangwa
- Page 264 and 265: Umwuka W'Imijyi Ibiri gikwira muri
- Page 266 and 267: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 20
- Page 268 and 269: Umwuka W'Imijyi Ibiri ko Yesu Krist
- Page 270 and 271: Umwuka W'Imijyi Ibiri Palesitina, S
- Page 272 and 273: Umwuka W'Imijyi Ibiri buhanitse mu
- Page 274 and 275: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nubwo Gaussen
- Page 276 and 277: Umwuka W'Imijyi Ibiri byashenguraga
- Page 278 and 279: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kristo azafat
- Page 280 and 281: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’ubundi ba
- Page 282 and 283: Umwuka W'Imijyi Ibiri ibimenyetso b
- Page 284 and 285: Umwuka W'Imijyi Ibiri abizera bari
- Page 286 and 287: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’ubusamban
- Page 288 and 289: Umwuka W'Imijyi Ibiri no gushyigiki
- Page 290 and 291: Umwuka W'Imijyi Ibiri bikorwa byo g
- Page 294 and 295: Umwuka W'Imijyi Ibiri iratinze, kan
- Page 296 and 297: Umwuka W'Imijyi Ibiri Akoresheje ub
- Page 298 and 299: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buta
- Page 300 and 301: Umwuka W'Imijyi Ibiri mukuru utabas
- Page 302 and 303: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwihana ibibi
- Page 304 and 305: Umwuka W'Imijyi Ibiri cyarahise, Um
- Page 306 and 307: Umwuka W'Imijyi Ibiri Imyumvire y
- Page 308 and 309: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 23
- Page 310 and 311: Umwuka W'Imijyi Ibiri musozi ari ku
- Page 312 and 313: Umwuka W'Imijyi Ibiri ndetse n’um
- Page 314 and 315: Umwuka W'Imijyi Ibiri bwera buri ku
- Page 316 and 317: Umwuka W'Imijyi Ibiri gitambo maze
- Page 318 and 319: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 24
- Page 320 and 321: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwemeza abatu
- Page 322 and 323: Umwuka W'Imijyi Ibiri w’impongano
- Page 324 and 325: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ukurangira kw
- Page 326 and 327: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’isi n’i
- Page 328 and 329: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu buryo buko
- Page 330 and 331: Umwuka W'Imijyi Ibiri gukomoka ahan
- Page 332 and 333: Umwuka W'Imijyi Ibiri kugira ngo ub
- Page 334 and 335: Umwuka W'Imijyi Ibiri butegetsi bwa
- Page 336 and 337: Umwuka W'Imijyi Ibiri rya kane rivu
- Page 338 and 339: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 26
- Page 340 and 341: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igihe ukuri k
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
wa kabiri, kandi abana b’Imana bazaba bakiri muri Babuloni bazahamagarirwa<br />
kwitandukanya na yo. Ubu butumwa ni bwo butumwa buheruka buzabwirwa isi; kandi<br />
buzarangiza umurimo wabwo. Igihe “abatizeye iby’ukuri bose ahubwo bakishimira<br />
gukiranirwa” 522 bazarekwa ngo bakire ubuhakanyi bukomeye kandi ngo bizere ikinyoma,<br />
ni bwo umucyo w’ukuri uzamurikira abafite imitima yiteguye kuwakira, kandi abana b’Imana<br />
bose bakiri muri Babuloni bazumvira iri hamagara ngo: “Bwoko bwanjye,<br />
nimuwusohokemo” 523<br />
284