15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

bajyaga kwemezwa kandi bagahindurwa n’ukuri kw’Ijambo ry’Imana kumvikana kandi<br />

gucengera mu mitima. Ariko kwizera kw’idini kumeze nk’ukujijisha cyangwa<br />

nk’ukuvuguruzanya ku buryo abantu bagera aho batabasha kumenya ibyo batakwizera ko ari<br />

ukuri. Icyaha cyo kutihana kw’ab’isi kiri ku muryango w’itorero.<br />

Ubutumwa bwa marayika wa kabiri bwo mu Byahishuwe 14, bwabwirijwe bwa mbere mu<br />

mpeshyi y’umwaka wa 1844, kandi icyo gihe bwari bwerekeje by’umwihariko ku matorero<br />

yo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho imiburo yerekeye urubanza yari yaravugiwe<br />

cyane nyamara ntiyitabwaho mu buryo bukomeye, kandi ni naho ubuhenebere mu matorero<br />

bwari bwarihuse cyane. Ariko ubutumwa bwa marayika wa kabiri ntibwasohoye bwose mu<br />

mwaka wa 1844. Icyo gihe amatorero yagize kugwa mu by’imico-mbonera bitewe n’uko<br />

yanze umucyo w’ubutumwa bujyanye no kugaruka kwa Kristo; ariko uko kugwa ntikwabaye<br />

kurambarara burundu. Uko bakomezaga kwanga ukuri kudasanzwe kugenewe iki gihe, ni ko<br />

barushagaho guhenebera. Nyamara igihe cyari kitaragera cyo kuvuga ngo, “Iraguye , iraguye<br />

Babuloni . . . yateretse amahanga yose inzoga ari zo ruba ry’ubusambanyi bwawo.” Babuloni<br />

yari itaramara gusindisha amahanga. <strong>Umwuka</strong> wo kwishushanya n’isi no kutita ku kuri<br />

gushungura abantu kugenewe iki gihe biracyariho kandi byagiye biganza mu matorero yose<br />

afite imyizerere ya Giporotesitanti ari mu bihugu byose birangwamo Ubukristo; kandi ayo<br />

matorero na yo arebwa n’ubutumwa bukomeye kandi buteye ubwoba bwa marayika wa kabiri.<br />

Ariko kandi umurimo w’ubuhakanyi nturagera ku rugero ruheruka.<br />

Bibiliya ivuga ko mbere yo kugaruka k’Umukiza, Satani azakorana “imbaraga zose<br />

n’ibimenyetso n’ibitangaza by’ibinyoma, n’ubuhendanyi bwose bwo gukiranirwa;” 521 kandi<br />

ko “ku batemeye ukuri ngo bakizwe” bazarekerwa mu mwuka w’“ubushukanyi bukomeye<br />

cyane ngo bizere ibinyoma.” Igihe ibi byangombwa bizaba bimaze kuzuzwa, kandi<br />

kwifatanya kw’itorero n’isi bikagerwaho mu buryo bwuzuye aharangwa Ubukristo hose, ni<br />

bwo kugwa kwa Babuloni kuzuzura. Izo mpinduka zigenda buhoro buhoro, kandi ugusohora<br />

guheruka k’ubutumwa bwo mu Byahishuwe 14:8 kuzabaho mu gihe kizaza.<br />

Nubwo hari umwijima mu by’umwuka ndetse no gutandukana n’Imana birangwa mu<br />

matorero agize Babuloni, umugabane munini w’abayoboke nyakuri ba Kristo baracyarangwa<br />

muri ayo matorero. Muri bo harimo benshi batigeze bumva ukuri kudasanzwe kugenewe iki<br />

gihe. Hari benshi batanyuzwe n’uko bari muri iki gihe kandi bifuza cyane kubona umucyo<br />

uruseho. Bashakisha ishusho ya Kristo mu matorero barimo ariko ntibayibone. Uko ayo<br />

matorero azagenda arushaho kujya kure y’ukuri maze akifatanya cyane n’isi, ni ko<br />

itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi rizarushaho kuba rinini, kandi ayo matsinda<br />

atandukane. Igihe kizagera ubwo abakunda Imana kuruta byose batazashobora gukomeza<br />

komatana n’“abakunda ibibanezeza kuruta Imana, bafite ishusho yo kwera ariko bahakana<br />

imbaraga zako.”<br />

Nk’ingaruka yo kutita ku miburo itatu yo mu Byahishuwe 14:6-12, igice cya 18<br />

cy’Ibyahishuwe cyerekana igihe itorero rizaba ryuzuje ibyangombwa byavuzwe na marayika<br />

283

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!