15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

umusubizo kandi mu kugwirirana kwayo hakumvikana urusaku rwinshi, maze yose amirwa<br />

n’umuriro ugurumana. Ibisenge by’amazu byari bikozwe mu biti by’amasederi byari bimeze<br />

nk’umuriro ugurumana; udusongero tw’ingoro twari tuyagirijweho izahabu twabengeranaga<br />

nk’ibirimi by’umucyo utukura; mu minara yo ku irembo hacumbaga ibirimi birebire<br />

by’umuriro n’umwotsi. Imisozi ihakikije yamurikiwe n’ibyo birimi by’umuriro, kandi<br />

wabonaga udutsiko tw’abantu bitegerezanyaga ubwoba uko umujyi wasenywaga.<br />

Imbaga y’abantu benshi yari yuzuye hejuru y’inkuta n’utununga by’uwo mujyi, amaso ya<br />

bamwe yijimishijwe n’umubabaro utewe no kwiheba, abandi barakajwe no kunanirwa<br />

kwihorera. Induru y’abasirikare b’Abanyaroma bakubitaga hirya no hino ndetse no gutaka<br />

kw’ababigometseho bakongokeraga mu birimi by’umuriro, byivanze n’urusaku rw’umuriro<br />

wagurumanaga no guhinda kw’amajwi y’ibiti byo ku mazu byahanukaga. Za nyiramubande<br />

zumvikanishaga amajwi yo gutaka kw’abantu bari mu mpinga z’imisozi. Ahakikije inkuta<br />

z’umujyi hose hirangiraga amajwi yo gutaka no kuboroga. Abantu bicwaga n’inzara<br />

babumbiye hamwe utubaraga bari basigaranye batera hejuru batakishwa n’umubabaro<br />

n’amakuba.<br />

“Ubwicanyi bwakorerwaga imbere mu ngoro bwari buteye ubwoba kurenza ibyaberaga<br />

hanze yayo. Abagabo n’abagore, abashaje n’abasore, ibyigomeke n’abatambyi, abarwanaga<br />

n’abatakambaga basaba imbabazi, bose bishwe umusubizo nta kuvangura. Umubare<br />

w’abishwe warutaga uw’abicaga. Byabaye ngombwa ko abasirikare b’Abanyaroma burira<br />

ibirundo by’intumbi kugira ngo babone uko bakomeza gutsembatsemba abantu.” 18 -<br />

Ingoro y’Imana imaze gusenywa, umujyi wose wahise ufatwa n’Anyabaroma. Abakuru<br />

b’Abayuda barahunze bava mu minara yabo bibwiraga ko idashobora gufatwa, maze Titus<br />

asanga nta muntu uyirangwamo. Yayitegereje ayitangariye maze avuga ko Imana ari yo<br />

yayimugabije kuko ubundi nta ntwaro z’intambara, uko zari kuba zikomeye kose zari<br />

gushobora guhirika inkike z’uwo mudugudu. Umujyi n’ingoro y’Imana byarasenywe byombi<br />

kugeza ku mfatiro zabyo, maze ubutaka bwari bwubatsweho inzu y’Imana «buhingwa<br />

nk’umurima ». Yeremiya 26:18. Mu gitero n’ubwicanyi byakurikiyeho, abantu barenga<br />

miriyoni barahaguye; abarokotse bajyanwa ari abanyagano, bagurishwa nk’abacakara,<br />

barabakurubana babajyana i Roma kwerekana insinzi yabo, babajugunyira inyamaswa<br />

z’inkazi mu bibuga by’imikino ngo zibarye, abandi baratatana bakwira isi yose bameze<br />

nk’inzererezi zitagira aho kuba.<br />

Abayuda ni bo bari barikururiye akaga kuko bari bariyuzurije urugero rwo kwiturwa ibibi<br />

bakoze. Mu kurimburwa kw’ishyanga ryabo no mu mahano yakomeje kubagwirira bamaze<br />

gutatana, babonyemo ingaruka z’ibikorwa byabo bwite. Umuhanuzi aravuga ati: “Isirayeli<br />

we, uririmbuje,” “kuko wagushijwe n’igicumuro cyawe.” Hoseya 13:9; 14:1. Incuro nyinshi<br />

imibabaro yabagezeho ifatwa nk’igihano cyabagezeho gitegetswe n’Imana ubwayo. Uko ni<br />

ko umushukanyi ukomeye abigenza kugira ngo ahishe abantu imikorere ye bwite. Igihe<br />

Abayuda bizirikaga ku kwanga kwakira urukundo rw’Imana n’imbabazi zayo, batumye<br />

19

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!