15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

ko Yesu Kristo ari Umwana w’Imana.” 476 Bidatinze yumva agize kwemera mu mutima we.<br />

Yaratashye maze asoma ibyanditswe, atangazwa no kubona uburyo ibyanditswe byasohoreye<br />

kuri Yesu w’i Nazareti. None se amagambo ya wa Mukristo yaba yari ay’ukuri? Uwo mwana<br />

w’umuhungu yasabye se kumusobanurira ubwo buhanuzi, ariko guceceka kwa se no<br />

kumurebana igitsure bituma atinya kongera kumubaza kuri iyo ngingo. Nyamara ibyo nta<br />

kindi byakoze uretse kumutera kurushaho kugira icyifuzo cyo kumenya ibiruseho ku idini ya<br />

Gikristo.<br />

Umuryango ufite imyizerere ya kiyahudi yarererwagamo ntiwatumye abasha kugera ku<br />

bumenyi yashakaga. Ariko ubwo yari amaze imyaka cumi n’umwe y’ubukuru, yavuye mu<br />

rugo rw’ababyeyi be ajya kuba aho atandukanye n’umuryango we kugira ngo yishakire uko<br />

yakwiga, ahitemo idini n’umurimo uzamutunga. Yamaze igihe runaka abana na bene wabo<br />

b’Abayahudi, ariko bidatinze baramwirukana bamuhora ko ari umuhakanyi w’imyizerere<br />

yabo. Ubwo noneho yari asigaye wenyine, nta mafaranga afite, byabaye ngombwa ko<br />

yishakira uko yabaho abana n’abantu atazi. Yagiye ajya hirya no hino, yiga abyitayeho kandi<br />

akabona udufaranga two kumutunga adukuye mu kwigisha ururimi rw’Igiheburayo. Bitewe<br />

no guhindurwa n’umwigisha w’Umugatorika byatumye yemera imyizerere y’itorero ry’i<br />

Roma maze agira umugambi wo kuzaba umuvugabutumwa akajya kwigisha bene wabo<br />

b’Abayahudi. Kubera icyo gitekerezo yari afite, mu myaka mike yakurikiyeho yaje kujya<br />

gukomereza amashuri ye mu ishuri ry’i Roma ritegurira abantu kujya kwamamaza ukwireza<br />

kw’itorero Gatolika mu bindi bihugu. Ariko aho ngaho, ka kamenyero ke ko kuba umuntu<br />

wisanzuye mu gutanga ibitekerezo bye ndetse no kwihutira kuvuga katumye bamufata<br />

nk’umuhakanyi. Yarwanyaga ibibi bikorwa n’itorero adaciye ku ruhande kandi akabereka<br />

rwose ko hakenewe ivugurura. Nubwo yabanje gufatwa neza n’abayobozi b’itorero ry’i<br />

Roma, ntibyamubujije kwirukanwa i Roma nyuma y’igihe gito. Akomeza kugenzurwa na<br />

Roma, agenda yimurirwa ahantu henshi kugeza igihe babonye ko bitagishobotse kumwemeza<br />

kuyoboka Roma. Batangaje ko ari indakoreka, maze baramurekura agira umudendezo wo<br />

kujya aho yishakiye. Yafashe inzira yerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza, kandi kubera ko<br />

yari afite imyizerere ya Giporotesitanti, yifatanya n’Itorero ry’Ubwongereza. Amaze imyaka<br />

ibiri yiga, mu mwaka wa 1821 afata urugendo ajya kubwiriza ubutumwa.<br />

Ubwo Wolff yemeraga ukuri kw’ingenzi kwerekeye kuza kwa Kristo kwa mbere<br />

nk’“umunyamibabaro kandi wamenyereye intimba,” yanabonye ko ubuhanuzi buvuga mu<br />

mucyo umwe ibyo kugaruka kwe afite ubutware n’ikuzo. Kandi ubwo yageragezaga<br />

kwerekeza bene wabo kuri Yesu w’i Nazareti, we Mesiya wasezeranwe, ndetse no<br />

kubamenyesha ibyo kuza kwe bwa mbere acishijwe bugufi ndetse ari igitambo cy’ibyaha<br />

by’abantu, yanabigishaga ibyo kugaruka kwe ari umwami n’umucunguzi.<br />

Yaravugaga ati: “Yesu w’i Nazareti, we Mesiya nyakuri, watobowe ibiganza n’ibirenge,<br />

we wajyanwe nk’intama bajyana kubaga, wari umuntu w’umunyamibabaro kandi<br />

wamenyereye intimba kandi wafashe inkoni y’ubwami ya Yuda ndetse ubutegetsi akabukura<br />

hagati y’ibirenge bye, yaje incuro ya mbere, kandi azaza ubwa kabiri aje ku bicu byo mu ijuru,<br />

260

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!