Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri gikwira muri rubanda yari yaratumye intekerezo z’abantu zitemera ukuri. Ayo matsinda yombi yasohoje ubushake bw’Imana avuga ubutumwa Imana yashakaga ko bwamamazwa, kandi yahuye no gucika intege bitewe no gusobanukirwa nabi ubutumwa bigishaga. Nyamara Imana yasohoje umugambi wuje impuhwe yemera ko umuburo uvuga iby’urubanza utangwa nk’uko wari uri. Umunsi ukomeye wari wegereje, kandi Imana mu mbabazi zayo yemeye ko abantu bashyirwa mu kigeragezo cy’igihe kizwi giteganyijwe kugira ngo ibahishurire ibyari mu mitima yabo. Ubwo butumwa bwari bugendereye kugerageza itorero no kuritunganya. Bagombaga kugezwa aho babona niba urukundo rwabo ruri kuby’iyi si cyangwa niba ruri kuri Kristo n’ijuru. Bavugaga ko bakunda Umukiza, noneho igihe cyari kigeze kugira ngo bagaragaze urukundo rwabo. Mbese bari biteguye kureka ibyiringiro n’ibyifuzo by’iby’isi bari bafite, maze bakakirana ibyishimo kuza k’Umukiza wabo? Ubwo butumwa bwari bugendereye kubabashisha gusobanukirwa n’imibereho yabo nyakuri mu by’umwuka. Babwohererejwe kubw’imbabazi z’Imana kugira ngo bubakangurire gushaka Umukiza bafite kwihana no kwicisha bugufi. Nubwo gucika intege kwabo kwari ingaruka yo gusobanukirwa nabi kwabo n’ubutumwa bigishaga, kwagombaga gutsindwa kubw’ibyiza kuri bo. Kwagombaga kugerageza imitima y’abari baravuze ko bakiriye ubutumwa bw’imbuzi. Mbese mu gihe bari bahanganye no gucika intege bajyaga kwirengagiza ibyo banyuzemo kandi bakareka ibyiringiro bari bafite mu ijambo ry’Imana? cyangwa se mu mwuka wo gusenga no kwicisha bugufi bajyaga gushakisha uko bamenya aho bari barananiwe kumva neza ubusobanuro bw’ubuhanuzi? Ni bangahe muri bo bagiraga ibyo bakora kubw’ubwoba, cyangwa kubwo guhatwa batabitekerejeho ndetse no gutwarwa gusa? Ni bangahe muri bo bari bafite imitima idashyitse hamwe kandi batizera? Abantu batabarika bavugaga ko bakunda ko babona Umukiza aje. Mbese iyo bahamagarirwa kwihanganira gusuzugurwa no gukwenwa n’ab’isi ndetse n’ikigeragezo cyo gutinda k’Umukiza n’igihe cyo gucika intege, aho bajyaga kureka kwizera kwabo? Bitewe n’uko batahise basobanukirwa uko Imana ishaka gukorana na bo, mbese bajyaga kureka ukuri gushyigikiwe n’ubuhamya bwumvikana cyane bw’Ijambo ryayo? Icyo kigeragezo cyagombaga kwerekana imbaraga y’abari barumviye ibyo bizeraga ko ari inyigisho z’ijambo ry’Imana na Mwuka wayo bafite ukwizera nyakuri. Nk’uko byari biri gushoborwa n’ikigeragezo nk’icyo gusa byagombaga kubigisha akaga ko kwemera inyigisho n’ubusobanuro by’abantu, aho kureka Bibiliya ikisobanura ubwayo. Ku bana bo kwizera, uguhangayika n’umubabaro byatejwe n’ikosa ryabo byajyaga gutuma habaho ikosorwa ryari rikenewe. Byagombaga kubatera kwiga ijambo ry’ubuhanuzi babyitondeye. Ibyo byagombaga kubigisha kugenzura ishingiro ryo kwizera kwabo babyitondeye no kwanga inyigisho yose idashingiye ku Byanditswe Byera by’ukuri nubwo yaba yemerwa cyane n’Abakristo. Kuri abo bizera nk’uko byagendekeye abigishwa ba mbere, ibyari bimeze nk’umwijima w’icuraburindi mu ntekerezo zabo mu gihe cyo kugeragezwa kwabo, byagombaga 256

Umwuka W'Imijyi Ibiri gusobanurwa nyuma y’aho. Igihe bari kubona “iherezo Umukiza yari agiye kubashyiriraho,” bari kumenya ko imigambi ye y’urukundo abakunda yasohojwe nta kabuza, nubwo bahuye n’ikigeragezo gikomotse ku makosa yabo. Ibyababayeho binejeje byagombaga kubigisha ko Umukiza ari “umunyampuhwe n’umunyambabazi;” kandi ko inzira ze “ari imbabazi n’ukuri ku bakurikiza isezerano rye n’ibimuhamya.” 257

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

gikwira muri rubanda yari yaratumye intekerezo z’abantu zitemera ukuri. Ayo matsinda<br />

yombi yasohoje ubushake bw’Imana avuga ubutumwa Imana yashakaga ko bwamamazwa,<br />

kandi yahuye no gucika intege bitewe no gusobanukirwa nabi ubutumwa bigishaga.<br />

Nyamara Imana yasohoje umugambi wuje impuhwe yemera ko umuburo uvuga<br />

iby’urubanza utangwa nk’uko wari uri. Umunsi ukomeye wari wegereje, kandi Imana mu<br />

mbabazi zayo yemeye ko abantu bashyirwa mu kigeragezo cy’igihe kizwi giteganyijwe kugira<br />

ngo ibahishurire ibyari mu mitima yabo. Ubwo butumwa bwari bugendereye kugerageza<br />

itorero no kuritunganya. Bagombaga kugezwa aho babona niba urukundo rwabo ruri kuby’iyi<br />

si cyangwa niba ruri kuri Kristo n’ijuru. Bavugaga ko bakunda Umukiza, noneho igihe cyari<br />

kigeze kugira ngo bagaragaze urukundo rwabo. Mbese bari biteguye kureka ibyiringiro<br />

n’ibyifuzo by’iby’isi bari bafite, maze bakakirana ibyishimo kuza k’Umukiza wabo? Ubwo<br />

butumwa bwari bugendereye kubabashisha gusobanukirwa n’imibereho yabo nyakuri mu<br />

by’umwuka. Babwohererejwe kubw’imbabazi z’Imana kugira ngo bubakangurire gushaka<br />

Umukiza bafite kwihana no kwicisha bugufi.<br />

Nubwo gucika intege kwabo kwari ingaruka yo gusobanukirwa nabi kwabo n’ubutumwa<br />

bigishaga, kwagombaga gutsindwa kubw’ibyiza kuri bo. Kwagombaga kugerageza imitima<br />

y’abari baravuze ko bakiriye ubutumwa bw’imbuzi. Mbese mu gihe bari bahanganye no<br />

gucika intege bajyaga kwirengagiza ibyo banyuzemo kandi bakareka ibyiringiro bari bafite<br />

mu ijambo ry’Imana? cyangwa se mu mwuka wo gusenga no kwicisha bugufi bajyaga<br />

gushakisha uko bamenya aho bari barananiwe kumva neza ubusobanuro bw’ubuhanuzi? Ni<br />

bangahe muri bo bagiraga ibyo bakora kubw’ubwoba, cyangwa kubwo guhatwa<br />

batabitekerejeho ndetse no gutwarwa gusa? Ni bangahe muri bo bari bafite imitima idashyitse<br />

hamwe kandi batizera? Abantu batabarika bavugaga ko bakunda ko babona Umukiza aje.<br />

Mbese iyo bahamagarirwa kwihanganira gusuzugurwa no gukwenwa n’ab’isi ndetse<br />

n’ikigeragezo cyo gutinda k’Umukiza n’igihe cyo gucika intege, aho bajyaga kureka kwizera<br />

kwabo? Bitewe n’uko batahise basobanukirwa uko Imana ishaka gukorana na bo, mbese<br />

bajyaga kureka ukuri gushyigikiwe n’ubuhamya bwumvikana cyane bw’Ijambo ryayo?<br />

Icyo kigeragezo cyagombaga kwerekana imbaraga y’abari barumviye ibyo bizeraga ko ari<br />

inyigisho z’ijambo ry’Imana na Mwuka wayo bafite ukwizera nyakuri. Nk’uko byari biri<br />

gushoborwa n’ikigeragezo nk’icyo gusa byagombaga kubigisha akaga ko kwemera inyigisho<br />

n’ubusobanuro by’abantu, aho kureka Bibiliya ikisobanura ubwayo. Ku bana bo kwizera,<br />

uguhangayika n’umubabaro byatejwe n’ikosa ryabo byajyaga gutuma habaho ikosorwa ryari<br />

rikenewe. Byagombaga kubatera kwiga ijambo ry’ubuhanuzi babyitondeye. Ibyo<br />

byagombaga kubigisha kugenzura ishingiro ryo kwizera kwabo babyitondeye no kwanga<br />

inyigisho yose idashingiye ku Byanditswe Byera by’ukuri nubwo yaba yemerwa cyane<br />

n’Abakristo.<br />

Kuri abo bizera nk’uko byagendekeye abigishwa ba mbere, ibyari bimeze nk’umwijima<br />

w’icuraburindi mu ntekerezo zabo mu gihe cyo kugeragezwa kwabo, byagombaga<br />

256

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!