15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

8:14, ikubiyemo n’ibyumweru mirongo irindwi. Inyigisho yose iboneka muri ubwo butumwa<br />

yari ishingiye ku isohozwa ry’umugabane wihariye w’icyo gihe kirekire cy’ubuhanuzi.<br />

Nk’uko abigishwa ba mbere bari bameze, Miller na bagenzi be nabo ntabwo bari<br />

basobanukiwe neza n’ubutumwa bari batwaye. Amakosa yari amaze igihe yarashinze imizi<br />

mu itorero yababereye inzitizi yo kugera ku busobanuro nyakuri bw’ingingo y’ingenzi mu<br />

buhanuzi. Bityo rero, nubwo bamamaje ubutumwa Imana yari yabahaye ngo babubwire isi<br />

yose, bahuye no gucika intege binyuze mu gusobanukirwa nabi n’ubusobanuro bwabwo.<br />

Mu gusobanura ibyanditswe muri Daniyeli 8:14 havuga ngo, “Bigeza iminsi ibihumbi<br />

bibiri na magana atatu uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa,” nk’uko<br />

byari byaravuzwe, Miller nawe yakurikije igitekerezo cyari rusange cyavugaga ko isi ari<br />

ubuturo bwera, maze yizera ko kwezwa k’ubuturo bwera byashushanyaga gutunganywa<br />

kw’isi bikozwe n’umuriro ubwo Umukiza azaba agarutse. Kubw’iyo mpamvu rero, amaze<br />

kumenya yuko iherezo ry’iminsi 2300 ryavuzwe neza mbere y’igihe, yahereye ko atanga<br />

umwanzuro ko ibyo byahishuraga ari igihe cyo kugaruka kwa Kristo. Ikosa rye ryakomotse<br />

ku kwemera igitekerezo cyari gikwira muri rubanda cyerekeye ubuturo bwera.<br />

Mu buryo bw’igereranya, bwari ishusho y’igitambo n’ubutambyi bwa Kristo. Kwezwa<br />

k’ubuturo bwera byari umuhango wa nyuma wakorwaga n’umutambyi mukuru muri gahunda<br />

yabaga rimwe mu mwaka. Wari umurimo uheruka w’umunsi w’impongano, bikaba byari<br />

gukura icyaha mu bwoko bw’Abisirayeli. Byacureraga umurimo uheruka mu byo Umutambyi<br />

wacu Mukuru akorera mu bwami bwo mu ijuru, mu gukurwaho cyangwa guhanagura ibyaha<br />

by’abantu be byagiye byandikwa mu bitabo byo mu ijuru. Icyo gikorwa gikubiyemo umurimo<br />

wo kugenzura, umurimo wo guca imanza; kandi icyo gikorwa kibanziriza kugaruka kwa<br />

Kristo aje ku bicu byo mu ijuru afite icyubahiro n’ubwiza butangaje; kubera ko igihe azazira<br />

urubanza rwose ruzaba rwaramaze gufatirwa umwanzuro. Yesu aravuga ati: “Dore ndaza<br />

vuba, nzanye ingororano, kugira ngo ngororere umuntu wese ibikwiye ibyo yakoze.” 471 Uyu<br />

murimo wo guca imanza ubanziriza kugaruka k’Umukiza, ni wo uvugwa mu butumwa bwa<br />

marayika wa mbere wo mu Byahishuwe 14:7 ngo, “Nimwubahe Imana muyihimbaze, kuko<br />

igihe cyo gucira abantu urubanza gisohoye.”<br />

Abamamaje ubwo butumwa bw’imbuzi bavuze ubutumwa nyabwo mu gihe gikwiye.<br />

Ariko nk’uko abigishwa ba mbere bavugaga bati: “Igihe kirasohoye kandi ubwami bw’Imana<br />

buri hafi,” bashingiye ku buhanuzi bwo muri Daniyeli igice cya 9, nubwo batabashije kumva<br />

neza ko urupfu rwa Mesiya rwavuzwe mbere muri ibyo byanditswe, ni ko na Miller na bagenzi<br />

be babwirije ubutumwa bushingiye muri Daniyeli 8:14 no mu Byahishuwe 14:7 maze<br />

ntibabashe kubona ko hariho ubundi butumwa buri mu Byahishuwe 14 nabwo bugomba<br />

kwigishwa mbere yo kugaruka k’Umukiza. Nk’uko abigishwa bibeshye ku byerekeye<br />

ubwami bwagombaga kwimikwa ku iherezo ry’ibyumweru mirongo irindwi, ni ko<br />

n’Abadiventisiti bibeshye ku cyagombaga kubaho mu iherezo ry’iminsi 2300. Muri uku<br />

kwibeshya ku mpande zombi, habayeho kwemera ndetse no kuyoboka amakosa yari yarabaye<br />

255

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!