Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri “Kandi ubwo ngiye kubategurira ahanyu, nzagaruka mbajyane iwanjye, ngo aho ndi namwe muzabeyo.” 452 Umukiza w’umunyampuhwe ubwo yabonaga mbere ubwigunge n’umubabaro w’abayoboke be, yohereje abamarayika kugira ngo babahumurishe ibyiringiro by’uko azagaruka ubwe nk’uko bamubonye ajya mu ijuru. Igihe abigishwa bari bahagaze bahanze amaso yabo mu ijuru kugira ngo barebe bwa nyuma uwo bakundaga, guhanga amaso yabo mu kirere byahagaritswe n’aya magambo ngo: “Yemwe bagabo b’i Galilaya, ni iki gitumye muhagaze mureba mu ijuru, Yesu ubakuwemo akazamurwa mu ijuru, azaza atyo nk’uko mumubonye ajya mu ijuru.” 453 Bagaruwemo ibyiringiro n’ubutumwa bw’abamarayika. “Abigishwa basubirana i Yerusalemu umunezero mwinshi, baguma mu rusengero iteka bashima Imana.” 454 Ntibari bashimishijwe n’uko Yesu yabakuwemo kandi bakaba bari basigaye bagomba guhangana n’amakuba n’ibigeragezo by’isi; ahubwo bari bashimishijwe n’isezerano abamarayika babahaye yuko Umukiza azagaruka. Kwamamaza inkuru yo kugaruka kwa Kristo muri iki gihe byari bikwiriye kuba inkuru nziza itera umunezero, nk’uko byagenze igihe iyo nkuru yavugwaga n’abamarayika bayibwira abashumba b’i Betelehemu. Abakunda Umukiza by’ukuri nta kindi bari bakwiriye gukora uretse kwakirana ibyishimo ubutumwa bushingiye ku ijambo ry’Imana bubabwira ko Uwo ibyiringiro byabo by’ubugingo buhoraho bishingiyeho agiye kugaruka, atazanwe no gutukwa, gusuzugurwa no kwangwa nk’uko byagenze ubwo yazaga bwa mbere, ahubwo azaza afite ububasha n’ikuzo, aje gucungura abantu be. Abadakunda Umukiza ni bo bifuza ko ataza; kandi nta kindi gihamya kidashidikanywaho cyabaho kigaragaza ko amatorero yitandukanya n’Imana cyaruta uburakari n’ubugome bwabyukijwe n’ubu butumwa bwoherejwe n’Imana. Abantu bemeye ubutumwa bwo kugaruka kwa Yesu bakanguriwe kuzirikana ko kwihana no kwicisha bugufi imbere y’Imana ari ngombwa. Benshi bari baramaze igihe kirekire barananiwe guhitamo hagati ya Kristo n’isi; noneho bumvise ko gihe kigeze ngo bahitemo uruhande rumwe babarizwamo. “Ibyerekeye ubugingo buzahoraho byabagaragariye mu ishusho yabyo nyakuri batari bamenyereye. Ijuru ryarabegereye maze bumva ko ari abanyabyaha imbere y’Imana.” 455 Abakristo bashishikarijwe kugira imibereho mishya mu by’umwuka. Babashishijwe kumva ko igihe ari kigufi kandi ko ibyo bakwiriye gukorera bagenzi babo bagomba kubikora bwangu. Isi yitandukanyaga nabo, maze imibereho y’iteka igasa n’ikinguriwe imbere yabo, kandi ubugingo n’ikintu cyose gifitanye no kumererwa neza kwawo nta gupfa, byamaragaho ishusho y’ikintu cyose cy’igihe gito. Mwuka w’Imana yagumye kuri bo kandi wahaga imbaraga kurarika kwabo gukomeye babwira abavandimwe babo ndetse n’abanyabyaha kugira ngo bitegure umunsi w’Imana. Ubuhamya bwa bucece bwatangwaga n’imibereho yabo itunganye ya buri munsi, yari ugucyaha guhoraho ku bari mu itorero by’umuhango gusa kandi batihanye. Bene abo ntibifuzaga ikibahungabanya mu gukomeza gushaka ibibanezeza, mu kwirundurira gushaka ubutunzi no guharanira icyubahiro cy’isi. Kubw’ibyo, havutse urwango no kurwanya inyigisho yo kwizera kugaruka k’Umukiza ndetse n’abayigishaga. 246

Umwuka W'Imijyi Ibiri Babonye ko bidashoboka gucecekesha ibivugwa bikomoka ku bihe by’ubuhanuzi, abarwanyaga izo nyigisho baharaniye guca intege gahunda yo gusesengura no gucukumbura iby’iyo ngingo bakoresheje kwigisha ko ubuhanuzi bwashyizweho ikimenyetso. Uko ni ko Abaporotesitanti bageze ikirenge mu cy’abayoboke b’itorero ry’i Roma. Mu gihe itorero riyobowe na papa ritemereraga abantu gusoma Bibiliya, amatorero y’Abaporotesitanti yo yavugaga ko umugabane w’ingenzi w’Ijambo ry’Imana udashobora kumvikana kandi uwo mugabane ni wo ugaragaza ukuri kugendanye n’igihe turimo by’umwihariko. Ababwirizabutumwa ndetse na rubanda bavugaga ko ubuhanuzi bwa Daniyeli n’Ibyahishuwe ari ubwiru budashobora kumvikana. Ariko Kristo yerekeje abigishwa be ku magambo umuhanuzi Daniyeli yavuze yerekeye ibizaba mu gihe cyabo, maze aravuga ati: “Usoma ibi, abyumve neza.” 456 Ndetse imvugo yemeza ko Ibyahishuwe ari ubwiru butabasha kumvikana, ihabanye n’izina ry’icyo gitabo ubwaryo kuko ari: “Ibyahishuwe na Yesu Kristo, ibyo Imana yamuhereye kugira ngo yereke imbata ze ibikwiriye kuzabaho vuba, . . . Hahirwa usoma amagambo y’ubu buhanuzi, hahirwa n’ abayumva, bakitondera ibyanditswe muri bwo: kuko igihe kiri bugufi.” 457 Umuhanuzi aravuga ati: “ Hahirwa usoma.” Hariho abantu batazasoma; abo nta migisha bafite. “Hahirwa n’ abumva.” Hariho na none bamwe banga kumva ikintu icyo ari cyo cyose cyerekeranye n’ubuhanuzi; abagize iryo tsinda na bo nta migisha bafite. “Kandi bitondera ibyanditswe muri icyo gitabo”- abantu benshi banga kumva imiburo n’amabwiriza biri mu gitabo cy’Ibyahishuwe. Nta muntu n’umwe muri abo bose ushobora kwitega kubona imigisha yasezeranwe. Abakerensa ingingo zivuga ubuhanuzi kandi bakagira urw’amenyo ibimenyetso byavuzwe aha mu buryo bukomeye, abantu bose banga kuvugurura imibereho yabo no kwitegura ukuza k’Umwana w’umuntu, ntibazagerwaho n’imigisha. Ufatiye ku buhamya bwatanzwe na Mwuka Muhishuzi w’Imana, ni mu buhe buryo abantu bahangara kwigisha ko Ibyahishuwe ari ubwiru budashobora gusobanukira ubwenge bw’umuntu? Ni ubwiru ariko bwahishuwe, ni igitabo kibumbuwe. Kwiga Ibyahishuwe biyobora ubwenge bw’abantu ku buhanuzi bwa Daniyeli, kandi ibyo bitabo byombi bitanga amabwiriza y’ingirakamaro Imana yahaye abantu, yerekeye ibizaba ku iherezo ry’amateka y’isi. Yohana yeretswe ishusho y’ibintu bifite akamaro kimbitse kandi gatangaje mu byo itorero rinyuramo. Yabonye umwanya itorero rizaba ririmo, ingorane, intambara ndetse no gucungurwa guheruka k’ubwoko bw’Imana. Avuga ubutumwa buheruka bugomba kweza umusaruro w’isi, ukagera ku rugero rw’amahundo meza ahunikwa mu bigega byo mu ijuru, cyangwa ukagera ku rukungu rugomba gutwikwa rugashiraho burundu. Yohana yahishuriwe ingingo zifite agaciro kagutse cyane, by’umwihariko izerekeye itorero ryo mu gihe giheruka, kugira ngo ababasha kuva mu buyobe bakemera ukuri bashobore kumenyeshwa iby’ingorane n’intambara biri imbere yabo. Nta muntu ukwiriye kuba mu mwijima ntamenye ibigiye kuba ku isi. 247

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Babonye ko bidashoboka gucecekesha ibivugwa bikomoka ku bihe by’ubuhanuzi,<br />

abarwanyaga izo nyigisho baharaniye guca intege gahunda yo gusesengura no gucukumbura<br />

iby’iyo ngingo bakoresheje kwigisha ko ubuhanuzi bwashyizweho ikimenyetso. Uko ni ko<br />

Abaporotesitanti bageze ikirenge mu cy’abayoboke b’itorero ry’i Roma. Mu gihe itorero<br />

riyobowe na papa ritemereraga abantu gusoma Bibiliya, amatorero y’Abaporotesitanti yo<br />

yavugaga ko umugabane w’ingenzi w’Ijambo ry’Imana udashobora kumvikana kandi uwo<br />

mugabane ni wo ugaragaza ukuri kugendanye n’igihe turimo by’umwihariko.<br />

Ababwirizabutumwa ndetse na rubanda bavugaga ko ubuhanuzi bwa Daniyeli<br />

n’Ibyahishuwe ari ubwiru budashobora kumvikana. Ariko Kristo yerekeje abigishwa be ku<br />

magambo umuhanuzi Daniyeli yavuze yerekeye ibizaba mu gihe cyabo, maze aravuga ati:<br />

“Usoma ibi, abyumve neza.” 456 Ndetse imvugo yemeza ko Ibyahishuwe ari ubwiru<br />

butabasha kumvikana, ihabanye n’izina ry’icyo gitabo ubwaryo kuko ari: “Ibyahishuwe na<br />

Yesu Kristo, ibyo Imana yamuhereye kugira ngo yereke imbata ze ibikwiriye kuzabaho vuba,<br />

. . . Hahirwa usoma amagambo y’ubu buhanuzi, hahirwa n’ abayumva, bakitondera<br />

ibyanditswe muri bwo: kuko igihe kiri bugufi.” 457<br />

Umuhanuzi aravuga ati: “ Hahirwa usoma.” Hariho abantu batazasoma; abo nta migisha<br />

bafite. “Hahirwa n’ abumva.” Hariho na none bamwe banga kumva ikintu icyo ari cyo cyose<br />

cyerekeranye n’ubuhanuzi; abagize iryo tsinda na bo nta migisha bafite. “Kandi bitondera<br />

ibyanditswe muri icyo gitabo”- abantu benshi banga kumva imiburo n’amabwiriza biri mu<br />

gitabo cy’Ibyahishuwe. Nta muntu n’umwe muri abo bose ushobora kwitega kubona imigisha<br />

yasezeranwe. Abakerensa ingingo zivuga ubuhanuzi kandi bakagira urw’amenyo ibimenyetso<br />

byavuzwe aha mu buryo bukomeye, abantu bose banga kuvugurura imibereho yabo no<br />

kwitegura ukuza k’Umwana w’umuntu, ntibazagerwaho n’imigisha.<br />

Ufatiye ku buhamya bwatanzwe na Mwuka Muhishuzi w’Imana, ni mu buhe buryo abantu<br />

bahangara kwigisha ko Ibyahishuwe ari ubwiru budashobora gusobanukira ubwenge<br />

bw’umuntu? Ni ubwiru ariko bwahishuwe, ni igitabo kibumbuwe. Kwiga Ibyahishuwe<br />

biyobora ubwenge bw’abantu ku buhanuzi bwa Daniyeli, kandi ibyo bitabo byombi bitanga<br />

amabwiriza y’ingirakamaro Imana yahaye abantu, yerekeye ibizaba ku iherezo ry’amateka<br />

y’isi.<br />

Yohana yeretswe ishusho y’ibintu bifite akamaro kimbitse kandi gatangaje mu byo itorero<br />

rinyuramo. Yabonye umwanya itorero rizaba ririmo, ingorane, intambara ndetse no<br />

gucungurwa guheruka k’ubwoko bw’Imana. Avuga ubutumwa buheruka bugomba kweza<br />

umusaruro w’isi, ukagera ku rugero rw’amahundo meza ahunikwa mu bigega byo mu ijuru,<br />

cyangwa ukagera ku rukungu rugomba gutwikwa rugashiraho burundu. Yohana yahishuriwe<br />

ingingo zifite agaciro kagutse cyane, by’umwihariko izerekeye itorero ryo mu gihe giheruka,<br />

kugira ngo ababasha kuva mu buyobe bakemera ukuri bashobore kumenyeshwa iby’ingorane<br />

n’intambara biri imbere yabo. Nta muntu ukwiriye kuba mu mwijima ntamenye ibigiye kuba<br />

ku isi.<br />

247

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!