15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

iyo, uzaryamire uruhande rwawe rw'iburyo wishyireho igicumuro cy'inzu ya Yuda, uhamare<br />

iminsi mirongo ine, umunsi wose nawukunganyirije n'umwaka umwe (Ezekeiyeli 4:6)<br />

457 I.KR.– 1844 N.KR. = 2300 Iminsi / Imyaka. 14 Aransubiza ati “Bizageza iminsi ibihumbi<br />

bibiri na magana atatu uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa.”.<br />

(Daniyeli 8:14) 24 Ibyumweru mirongo irindwi bitegekewe ubwoko bwawe n'umurwa wera,<br />

kugira ngo ibicumuro bicibwe n'ibyaha bishire, no gukiranirwa gutangirwe impongano haze<br />

gukiranuka kw'iteka, ibyerekanywe n'ibyahanuwe bifatanishwe ikimenyetso, ahera cyane<br />

hasigwe amavuta. 490 Iminsi / Imyaka (Daniyeli 9:24)<br />

457 I.KR.= Iteka ryo kubaka no kugarura Yerusalemu (Iteka rya Aritazeruzi)). 25 …Nuko<br />

ubimenye, ubyitegereze yuko uhereye igihe bazategekera kubaka i Yerusalemu bayisana<br />

kugeza kuri Mesiya Umutware hazabaho ibyumweru birindwi, maze habeho ibindi byumweru<br />

mirongo itandatu na bibiri bahubake basubizeho imiharuro n'impavu, ndetse bizakorwa mu<br />

bihe biruhije. (Daniyeli 9:25)<br />

408 I.KR.= Kwubaka Yerusalemu<br />

27 N.KR. = Umubatizo no Guhuza Yesu Kristo (Mesiya). 27 Uwo mutware azasezerana na<br />

benshi isezerano rikomeye, rimare icyumweru kimwe. Nikigera hagati azabuzanya ibitambo<br />

n'amaturo, umurimbuzi azaza ku ibaba ry'ibizira, maze kugeza ku mperuka yategetswe<br />

uburakari buzasandazwa kuri uwo murimbuzi.” (Daniyeli 9:27)<br />

31 N.KR. = Kubambwa kwa Yesu Kristo. Uwo mutware azasezerana na benshi isezerano<br />

rikomeye, rimare icyumweru kimwe. Nikigera hagati azabuzanya ibitambo n'amaturo, (Dan<br />

9:27)<br />

34 N.KR. = Amabuye ya Sitefano [Iherezo ryigihe kubayahudi nubutumwa bwiza bwabwirije<br />

abanyamahanga] 14 Kandi ubu butumwa bwiza bw'ubwami buzigishwa mu isi yose, ngo bube<br />

ubuhamya bwo guhamiriza amahanga yose, ni bwo imperuka izaherako ize. (Matayo 24:14)<br />

46<br />

Pawulo na Barinaba bavuga bashize amanga bati “Byari bikwiriye ko muba ari mwe<br />

mubanza kubwirwa ijambo ry'Imana, ariko none ubwo muryanze, kandi ntimwirebe ko<br />

mukwiriye ubugingo buhoraho, ngaho duhindukiriye abanyamahanga. (Ibyakozwe<br />

n'Intumwa 13:46)<br />

70 N.KR. = Kurimbuka kwa Yerusalemu 1 Yesu asohoka mu rusengero. Akigenda, abigishwa<br />

be baramusanga bashaka kumwereka imyubakire y'urusengero. 2Arababwira ati “Ntimureba<br />

ibi byose? Ndababwira ukuri yuko aha hatazasigara ibuye rigeretse ku rindi ritajugunywe<br />

hasi.” (Matayo 24:1,2) 15 “Ariko ubwo muzabona ikizira kirimbura cyahanuwe n'umuhanuzi<br />

Daniyeli gihagaze Ahera, (ubisoma abyitondere:) (Matayo 24: 15, 21)<br />

1844 N.KR. = Kwezwa kwera cyane nintangiriro yurubanza mwijuru.<br />

236

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!