15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

usanga ko ikintu cyose cyavuzwe cyerekeranye n’ubuhanuzi bw’ibyumweru mirongo irindwi<br />

cyarasohoye.<br />

“Kuva igihe itegeko ryo gusana no kubaka Yerusalemu ryatangiwe kugeza kuri Mesiya<br />

Umutware hagombaga kuba ibyumweru birindwi n’ibyumweru mirongo itandatu na bibiri,”<br />

ni ukuvuga ibyumweru mirongo itandatu n’icyenda cyangwa imyaka 483. Itegeko rya<br />

Aritazerusi ryashyizwe mu bikorwa mu gihe cy’umuhindo w’umwaka wa 457 mbere ya Yesu-<br />

Kristo. Uhereye kuri iyo tariki, igihe cy’imyaka 483 kirangira mu mwaka wa 27 nyuma ya<br />

Yesu-Kristo. Icyo gihe rero nibwo ubu buhanuzi bwasohoreye. Ijambo, “Mesiya” risobanura<br />

“Uwasizwe.” Mu muhindo w’umwaka wa 27 mu gihe cya Kristo, niho Kristo yabatijwe na<br />

Yohana kandi asigwa na Mwuka Muziranenge. Intumwa Petero ahamya ko; “Imana yasize<br />

Yesu w’i Nazareti imuha Mwuka Muziranenge n’imbaraga.” Kandi n’Umukiza ubwe<br />

yarivugiye ati: “<strong>Umwuka</strong> w’Uwiteka ari muri jye, ni cyo cyatumye ansigira kugira ngo<br />

mbwirize abakene ubutumwa bwiza.” Amaze kubatizwa, Yesu yagiye i Galilaya, “avuga<br />

ubutumwa bwiza bw’Imana, ati: ‘Igihe kirasohoye.”<br />

UBUHANUZI BW'IMINSI 2300<br />

Umunsi umwe w'ubuhanuzi = Umwaka umwe …<br />

34<br />

Nk'uko iminsi ingana mwatatiyemo icyo gihugu uko ari mirongo ine, umunsi uzahwana<br />

n'umwaka. Ni yo muzamara muriho igihano cyo gukiranirwa kwanyu kwinshi uko imyaka ari<br />

mirongo ine, kandi muzamenya ko nabahindutse.’ (Kubara 14:34) 6 Maze kandi nurangiza<br />

235

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!