15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Kuva ubwo, Miller yemeye ku mugaragaro ko yizera idini yari yaragiye asuzugura. Ariko<br />

incuti ze zitizeraga ntizabuze kuzana ibitekerezo byose nawe ubwe yajyaga atanga arwanya<br />

ubushobozi mvajuru Ibyanditswe bifite. Ntabwo rero yari yiteguye kubasubiza; ariko<br />

yatekereje ko niba Bibiliya ari ihishurwa ryakomotse ku Mana, igomba kwisobanura ubwayo;<br />

kandi atekereza ko ubwo yatangiwe kwigisha umuntu, igomba gusobanurwa kugira ngo<br />

abashe kuyumva. Yiyemeje kujya yiyigisha Ibyanditswe kugira ngo ashobore gusobanukirwa<br />

n’ibivuguruzanya muri Bibiliya niba ntaho bihurira bikuzuzanya.<br />

Yihatiye kwirengagiza ibitekerezo byose byari bimurimo mbere, kandi yirinda gushyiraho<br />

ubusobanuro bwe bwite, akagereranya umurongo n’undi yifashishije amashakiro atangwa ku<br />

mpera z’urupapuro n’igitabo kiranga amasomo ya Bibiliya. Yakomeje kwiga adasiba mu<br />

buryo bunonosoye; atangirira mu Itangiriro, agasoma umurongo ku murongo. Ntiyihutaga<br />

atabanje kumva ubusobanuro bw’imirongo myinshi ngo busige ibitamusobanukiraga byose<br />

bishize. Iyo yahuraga n’isomo ritamusobanukiye, yari afite akamenyero ko kurigereranya<br />

n’andi masomo asa n’aho afitanye isano n’ingingo ariho. Buri jambo ryose ryahabwaga<br />

ubusobanuro bwaryo bwite mu ngingo isomo rivuga, kandi iyo uko yaryumvaga kwahuzaga<br />

n’amagambo bibangikanye, ntabwo ryakomezaga kumubera ingorane. Bityo, igihe cyose<br />

yahuraga n’umurongo uruhije gusobanukirwa, yabonaga ubusobanuro mu yindi mirongo<br />

y’Ibyanditswe. Uko yigaga kandi asenga asaba kumurikirwa n’ijuru, ibyari byaramubereye<br />

urujijo mbere ntashobore kubisobanukirwa byarasobanukaga akabyumva. Yasobanukiwe<br />

n’amagambo y’ukuri k’umunyazaburi avuga ngo: “Guhishurirwa amagambo yawe kuzana<br />

umucyo, guha abaswa ubwenge. ” 415<br />

Yize igitabo cya Daniyeli n’Ibyahishuwe abishishikariye cyane, agakoresha uburyo bwo<br />

gusobanura nk’ubwo yakoreshaga yiga ibindi byanditswe, maze n’ibyishimo byinshi, abona<br />

ko ibimenyetso bikoreshwa mu buhanuzi bishobora kumvikana. Yabonye ko ubuhanuzi bwari<br />

bwaramaze gusohora bwasohoye nk’uko bwari bwaravuzwe; kandi ko imvugo shusho<br />

nyinshi, imigani n’isanisha ry’uburyo bwinshi . . . byagiye bisobanurwa muri ayo masomo<br />

bivugwamo, cyangwa se amagambo byakoreshejwemo akaba yarasobanuwe mu yindi<br />

mirongo, kandi iyo byasobanurwaga bityo, byumvikana nk’uko byanditswe mu buryo<br />

butaziguye. Miller yaravuze ati: “Uko ni ko nabashije kunyurwa n’uko Bibiliya ari urwunge<br />

rw’ukuri kwahishuwe, kwatanzwe mu buryo bwumvikana kandi bworoshye ku buryo<br />

abagendera mu nzira zayo nubwo baba ari abaswa, batazayoba.” 416 Uko yagendaga<br />

avumbura imirongo ikomeye y’ubuhanuzi buhoro buhoro, ni ko umuhati we wamuheshaga<br />

kubona amapfundo agenda akurikiranye y’umurunga w’ubuhanuzi. Abamarayika bo mu ijuru<br />

bayoboraga intekerezo ze kandi bagasobanurira ubwenge bwe Ibyanditswe.<br />

Afatiye ku buryo ubuhanuzi bwagiye busohora mu bihe byashize nk’ikintu ngenderwaho<br />

mu kwemeza ko ibyari bitarasohora bitazabura kubaho, yabashije kwemera ko igitekerezo<br />

cyari cyarabaye gikwira cyavugaga iby’ubwami bw’umwuka bwa Kristo (igihe cy’imyaka<br />

igihumbi kizabaho mbere y’uko isi irangira) kidashyigikiwe n’Ijambo ry’Imana. Iyi nyigisho<br />

yerekenaga imyaka igihumbi y’ubutungane n’amahoro izabaho mbere yo kugaruka kwa<br />

230

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!