Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri Abanyamahanga,” kandi akabera abantu “agakiza kugeza ku mpera z’isi.” Bashakaga umucyo kandi umucyo waturukaga ku ntebe y’ubwami y’Imana wamurikiraga inzira banyuragamo. Abatambyi n’abigishamategeko b’i Yerusalemu, bari barashinzwe kurinda ukuri no kukwamamaza, mu gihe bari babundikiwe n’umwijima w’icuraburindi, inyenyeri mvajuru yayoboye abo banyamahanga aho Umwami mushya yavukiye. Ni nako Kristo “azabonekera ubwa kabiri abamutegereza kubazanira agakiza.” 410 Nk’uko byagenze ku nkuru yo kuvuka k’Umukiza, ntabwo ubutumwa bwo kugaruka kwe bwahawe abayobozi ba rubanda mu by’iyobokamana. Bari barananiwe gukomeza kubungabunga isano bafitanye n’Imana, kandi bari baranze umucyo uva mu ijuru; bityo rero ntibabarirwaga mu bo intumwa Pawulo avuga agira, ati: “Ariko mwebweho, bene Data, ntimuri mu mwijima, ngo uwo munsi ubatungure nk’umujura: kuko mwese muri abana b’umucyo n’abana b’amanywa. Ntituri ab’ijoro cyangwa ab’umwijima.” 411 Abarinzi bo ku nkike z’umurwa Siyoni ni bo bagombaga kuba aba mbere mu kumva inkuru yo kuza k’Umukiza, aba mbere mu kurangurura amajwi yabo bamamaza ko agiye kuza, kandi bakaba aba mbere mu kuburira abantu ngo bitegure ukuza kwe. Ahubwo bari biturije, bitekerereza iby’amahoro n’umutekano mu gihe abaturage bari basinziriye mu byaha. Yesu yitegereje itorero rye, abona rimeze nk’igiti cy’umutini kitera, gifite amababi atoshye ariko kitera amatunda. Hari hariho ubwibone bwo kubahiriza imihango y’idini gusa mu gihe umwuka wo kwicisha bugufi nyakuri, kwihana no kwizera byaburaga mu bantu kandi ari byo byonyine byagombaga kubahesha gukorera Imana ibyo ishima. Aho kubabonamo imbuto za Mwuka, hagaragaraga ubwibone, kwita ku mihango, guharanira ibyubahiro bidafite ishingiro, kwikanyiza n’ikandamiza. Itorero ryasubiye inyuma ryahumye amaso yaryo ryirengagiza kureba ibimenyetso by’ibihe. Ntabwo Imana yabatereranye cyangwa ngo yemere ko ubudahemuka bwayo butsindwa; ahubwo abantu bayivuyeho, maze bitandukanya n’urukundo rwayo. Kubera ko banze gukurikiza amabwiriza yayo, byatumye amasezerano yayo atabasohorezwa. Iyi niyo ngaruka yo kwirengagiza guha agaciro no gukoresha neza umucyo n’amahirwe Imana itanga. Keretse gusa itorero niryemera kugendera mu nzira ryahawe n’Imana, rikemera umurasire wose w’umucyo kandi rigakora inshingano yose ribasha guhishurirwa, naho nibitaba bityo, byanze bikunze iyobokamana rizahenebera risigare ryubahiriza imihango gusa, kandi umwuka wo kubaha Imana ubure burundu. Uko kuri kwagiye kugaragara kenshi mu mateka y’itorero. Imana isaba ko ubwoko bwayo bugira ibikorwa bishingiye ku kwizera ndetse no kumvira kujyanye n’imigisha n’amahirwe buhabwa. Kumvira bisaba igitambo n’umusaraba; kandi niyo mpamvu abantu benshi mu bavuga ko ari abayoboke ba Kristo banze kwakira umucyo uva mu ijuru, kandi nk’uko byagendekeye Abayuda bo mu gihe cya kera, ntibabashije kumenya igihe bagenderewemo. 412 Kubera ubwibone bwabo no kutizera kwabo, Uhoraho yabahiseho maze ukuri kwe aguhishurira abantu bari baremeye gukurikiza umucyo wose bararikiwe nk’uko byabaye ku bashumba b’i Betelehemu n’abanyabwenge b’i Burasirazuba. 226
Umwuka W'Imijyi Ibiri 227
- Page 184 and 185: Umwuka W'Imijyi Ibiri ntibabashije
- Page 186 and 187: Umwuka W'Imijyi Ibiri bw’ubuntu b
- Page 188 and 189: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubutware bw
- Page 190 and 191: Umwuka W'Imijyi Ibiri Urwo rugamba
- Page 192 and 193: Umwuka W'Imijyi Ibiri gihe, iryo zi
- Page 194 and 195: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Yohani W
- Page 196 and 197: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kandi nubwo i
- Page 198 and 199: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 15
- Page 200 and 201: Umwuka W'Imijyi Ibiri ku magambo y
- Page 202 and 203: Umwuka W'Imijyi Ibiri kandi bubi cy
- Page 204 and 205: Umwuka W'Imijyi Ibiri y’iterabwob
- Page 206 and 207: Umwuka W'Imijyi Ibiri bati : “ Ha
- Page 208 and 209: Umwuka W'Imijyi Ibiri Umujyi wa Par
- Page 210 and 211: Umwuka W'Imijyi Ibiri bari bamaze i
- Page 212 and 213: Umwuka W'Imijyi Ibiri nyina zajugun
- Page 214 and 215: Umwuka W'Imijyi Ibiri wo kwandika B
- Page 216 and 217: Umwuka W'Imijyi Ibiri ukwihangana k
- Page 218 and 219: Umwuka W'Imijyi Ibiri ni ko kwatumy
- Page 220 and 221: Umwuka W'Imijyi Ibiri gutegeka umut
- Page 222 and 223: Umwuka W'Imijyi Ibiri Satani amaze
- Page 224 and 225: Umwuka W'Imijyi Ibiri ngo ugendere
- Page 226 and 227: Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwitwa Baxist
- Page 228 and 229: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Umunsi w
- Page 230 and 231: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’ibyiringi
- Page 232 and 233: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ntabwo ab’i
- Page 236 and 237: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 18
- Page 238 and 239: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kuva ubwo, Mi
- Page 240 and 241: Umwuka W'Imijyi Ibiri imbere ye, ab
- Page 242 and 243: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ariko Imana y
- Page 244 and 245: Umwuka W'Imijyi Ibiri iyo, uzaryami
- Page 246 and 247: Umwuka W'Imijyi Ibiri hari hasigaye
- Page 248 and 249: Umwuka W'Imijyi Ibiri ruhame; ndets
- Page 250 and 251: Umwuka W'Imijyi Ibiri cy’ejo hash
- Page 252 and 253: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kumusebya, ku
- Page 254 and 255: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Kandi ubwo
- Page 256 and 257: Umwuka W'Imijyi Ibiri None se kuki
- Page 258 and 259: Umwuka W'Imijyi Ibiri kumenyekanish
- Page 260 and 261: Umwuka W'Imijyi Ibiri kw’ 463inte
- Page 262 and 263: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwabo cyangwa
- Page 264 and 265: Umwuka W'Imijyi Ibiri gikwira muri
- Page 266 and 267: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 20
- Page 268 and 269: Umwuka W'Imijyi Ibiri ko Yesu Krist
- Page 270 and 271: Umwuka W'Imijyi Ibiri Palesitina, S
- Page 272 and 273: Umwuka W'Imijyi Ibiri buhanitse mu
- Page 274 and 275: Umwuka W'Imijyi Ibiri Nubwo Gaussen
- Page 276 and 277: Umwuka W'Imijyi Ibiri byashenguraga
- Page 278 and 279: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kristo azafat
- Page 280 and 281: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’ubundi ba
- Page 282 and 283: Umwuka W'Imijyi Ibiri ibimenyetso b
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
Abanyamahanga,” kandi akabera abantu “agakiza kugeza ku mpera z’isi.” Bashakaga umucyo<br />
kandi umucyo waturukaga ku ntebe y’ubwami y’Imana wamurikiraga inzira banyuragamo.<br />
Abatambyi n’abigishamategeko b’i Yerusalemu, bari barashinzwe kurinda ukuri no<br />
kukwamamaza, mu gihe bari babundikiwe n’umwijima w’icuraburindi, inyenyeri mvajuru<br />
yayoboye abo banyamahanga aho Umwami mushya yavukiye.<br />
Ni nako Kristo “azabonekera ubwa kabiri abamutegereza kubazanira agakiza.” 410<br />
Nk’uko byagenze ku nkuru yo kuvuka k’Umukiza, ntabwo ubutumwa bwo kugaruka kwe<br />
bwahawe abayobozi ba rubanda mu by’iyobokamana. Bari barananiwe gukomeza<br />
kubungabunga isano bafitanye n’Imana, kandi bari baranze umucyo uva mu ijuru; bityo rero<br />
ntibabarirwaga mu bo intumwa Pawulo avuga agira, ati: “Ariko mwebweho, bene Data,<br />
ntimuri mu mwijima, ngo uwo munsi ubatungure nk’umujura: kuko mwese muri abana<br />
b’umucyo n’abana b’amanywa. Ntituri ab’ijoro cyangwa ab’umwijima.” 411<br />
Abarinzi bo ku nkike z’umurwa Siyoni ni bo bagombaga kuba aba mbere mu kumva<br />
inkuru yo kuza k’Umukiza, aba mbere mu kurangurura amajwi yabo bamamaza ko agiye<br />
kuza, kandi bakaba aba mbere mu kuburira abantu ngo bitegure ukuza kwe. Ahubwo bari<br />
biturije, bitekerereza iby’amahoro n’umutekano mu gihe abaturage bari basinziriye mu byaha.<br />
Yesu yitegereje itorero rye, abona rimeze nk’igiti cy’umutini kitera, gifite amababi atoshye<br />
ariko kitera amatunda. Hari hariho ubwibone bwo kubahiriza imihango y’idini gusa mu gihe<br />
umwuka wo kwicisha bugufi nyakuri, kwihana no kwizera byaburaga mu bantu kandi ari byo<br />
byonyine byagombaga kubahesha gukorera Imana ibyo ishima. Aho kubabonamo imbuto za<br />
Mwuka, hagaragaraga ubwibone, kwita ku mihango, guharanira ibyubahiro bidafite ishingiro,<br />
kwikanyiza n’ikandamiza. Itorero ryasubiye inyuma ryahumye amaso yaryo ryirengagiza<br />
kureba ibimenyetso by’ibihe. Ntabwo Imana yabatereranye cyangwa ngo yemere ko<br />
ubudahemuka bwayo butsindwa; ahubwo abantu bayivuyeho, maze bitandukanya n’urukundo<br />
rwayo. Kubera ko banze gukurikiza amabwiriza yayo, byatumye amasezerano yayo<br />
atabasohorezwa.<br />
Iyi niyo ngaruka yo kwirengagiza guha agaciro no gukoresha neza umucyo n’amahirwe<br />
Imana itanga. Keretse gusa itorero niryemera kugendera mu nzira ryahawe n’Imana, rikemera<br />
umurasire wose w’umucyo kandi rigakora inshingano yose ribasha guhishurirwa, naho<br />
nibitaba bityo, byanze bikunze iyobokamana rizahenebera risigare ryubahiriza imihango<br />
gusa, kandi umwuka wo kubaha Imana ubure burundu. Uko kuri kwagiye kugaragara kenshi<br />
mu mateka y’itorero. Imana isaba ko ubwoko bwayo bugira ibikorwa bishingiye ku kwizera<br />
ndetse no kumvira kujyanye n’imigisha n’amahirwe buhabwa. Kumvira bisaba igitambo<br />
n’umusaraba; kandi niyo mpamvu abantu benshi mu bavuga ko ari abayoboke ba Kristo banze<br />
kwakira umucyo uva mu ijuru, kandi nk’uko byagendekeye Abayuda bo mu gihe cya kera,<br />
ntibabashije kumenya igihe bagenderewemo. 412 Kubera ubwibone bwabo no kutizera<br />
kwabo, Uhoraho yabahiseho maze ukuri kwe aguhishurira abantu bari baremeye gukurikiza<br />
umucyo wose bararikiwe nk’uko byabaye ku bashumba b’i Betelehemu n’abanyabwenge b’i<br />
Burasirazuba.<br />
226