Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri Abanyamahanga,” kandi akabera abantu “agakiza kugeza ku mpera z’isi.” Bashakaga umucyo kandi umucyo waturukaga ku ntebe y’ubwami y’Imana wamurikiraga inzira banyuragamo. Abatambyi n’abigishamategeko b’i Yerusalemu, bari barashinzwe kurinda ukuri no kukwamamaza, mu gihe bari babundikiwe n’umwijima w’icuraburindi, inyenyeri mvajuru yayoboye abo banyamahanga aho Umwami mushya yavukiye. Ni nako Kristo “azabonekera ubwa kabiri abamutegereza kubazanira agakiza.” 410 Nk’uko byagenze ku nkuru yo kuvuka k’Umukiza, ntabwo ubutumwa bwo kugaruka kwe bwahawe abayobozi ba rubanda mu by’iyobokamana. Bari barananiwe gukomeza kubungabunga isano bafitanye n’Imana, kandi bari baranze umucyo uva mu ijuru; bityo rero ntibabarirwaga mu bo intumwa Pawulo avuga agira, ati: “Ariko mwebweho, bene Data, ntimuri mu mwijima, ngo uwo munsi ubatungure nk’umujura: kuko mwese muri abana b’umucyo n’abana b’amanywa. Ntituri ab’ijoro cyangwa ab’umwijima.” 411 Abarinzi bo ku nkike z’umurwa Siyoni ni bo bagombaga kuba aba mbere mu kumva inkuru yo kuza k’Umukiza, aba mbere mu kurangurura amajwi yabo bamamaza ko agiye kuza, kandi bakaba aba mbere mu kuburira abantu ngo bitegure ukuza kwe. Ahubwo bari biturije, bitekerereza iby’amahoro n’umutekano mu gihe abaturage bari basinziriye mu byaha. Yesu yitegereje itorero rye, abona rimeze nk’igiti cy’umutini kitera, gifite amababi atoshye ariko kitera amatunda. Hari hariho ubwibone bwo kubahiriza imihango y’idini gusa mu gihe umwuka wo kwicisha bugufi nyakuri, kwihana no kwizera byaburaga mu bantu kandi ari byo byonyine byagombaga kubahesha gukorera Imana ibyo ishima. Aho kubabonamo imbuto za Mwuka, hagaragaraga ubwibone, kwita ku mihango, guharanira ibyubahiro bidafite ishingiro, kwikanyiza n’ikandamiza. Itorero ryasubiye inyuma ryahumye amaso yaryo ryirengagiza kureba ibimenyetso by’ibihe. Ntabwo Imana yabatereranye cyangwa ngo yemere ko ubudahemuka bwayo butsindwa; ahubwo abantu bayivuyeho, maze bitandukanya n’urukundo rwayo. Kubera ko banze gukurikiza amabwiriza yayo, byatumye amasezerano yayo atabasohorezwa. Iyi niyo ngaruka yo kwirengagiza guha agaciro no gukoresha neza umucyo n’amahirwe Imana itanga. Keretse gusa itorero niryemera kugendera mu nzira ryahawe n’Imana, rikemera umurasire wose w’umucyo kandi rigakora inshingano yose ribasha guhishurirwa, naho nibitaba bityo, byanze bikunze iyobokamana rizahenebera risigare ryubahiriza imihango gusa, kandi umwuka wo kubaha Imana ubure burundu. Uko kuri kwagiye kugaragara kenshi mu mateka y’itorero. Imana isaba ko ubwoko bwayo bugira ibikorwa bishingiye ku kwizera ndetse no kumvira kujyanye n’imigisha n’amahirwe buhabwa. Kumvira bisaba igitambo n’umusaraba; kandi niyo mpamvu abantu benshi mu bavuga ko ari abayoboke ba Kristo banze kwakira umucyo uva mu ijuru, kandi nk’uko byagendekeye Abayuda bo mu gihe cya kera, ntibabashije kumenya igihe bagenderewemo. 412 Kubera ubwibone bwabo no kutizera kwabo, Uhoraho yabahiseho maze ukuri kwe aguhishurira abantu bari baremeye gukurikiza umucyo wose bararikiwe nk’uko byabaye ku bashumba b’i Betelehemu n’abanyabwenge b’i Burasirazuba. 226

Umwuka W'Imijyi Ibiri 227

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Abanyamahanga,” kandi akabera abantu “agakiza kugeza ku mpera z’isi.” Bashakaga umucyo<br />

kandi umucyo waturukaga ku ntebe y’ubwami y’Imana wamurikiraga inzira banyuragamo.<br />

Abatambyi n’abigishamategeko b’i Yerusalemu, bari barashinzwe kurinda ukuri no<br />

kukwamamaza, mu gihe bari babundikiwe n’umwijima w’icuraburindi, inyenyeri mvajuru<br />

yayoboye abo banyamahanga aho Umwami mushya yavukiye.<br />

Ni nako Kristo “azabonekera ubwa kabiri abamutegereza kubazanira agakiza.” 410<br />

Nk’uko byagenze ku nkuru yo kuvuka k’Umukiza, ntabwo ubutumwa bwo kugaruka kwe<br />

bwahawe abayobozi ba rubanda mu by’iyobokamana. Bari barananiwe gukomeza<br />

kubungabunga isano bafitanye n’Imana, kandi bari baranze umucyo uva mu ijuru; bityo rero<br />

ntibabarirwaga mu bo intumwa Pawulo avuga agira, ati: “Ariko mwebweho, bene Data,<br />

ntimuri mu mwijima, ngo uwo munsi ubatungure nk’umujura: kuko mwese muri abana<br />

b’umucyo n’abana b’amanywa. Ntituri ab’ijoro cyangwa ab’umwijima.” 411<br />

Abarinzi bo ku nkike z’umurwa Siyoni ni bo bagombaga kuba aba mbere mu kumva<br />

inkuru yo kuza k’Umukiza, aba mbere mu kurangurura amajwi yabo bamamaza ko agiye<br />

kuza, kandi bakaba aba mbere mu kuburira abantu ngo bitegure ukuza kwe. Ahubwo bari<br />

biturije, bitekerereza iby’amahoro n’umutekano mu gihe abaturage bari basinziriye mu byaha.<br />

Yesu yitegereje itorero rye, abona rimeze nk’igiti cy’umutini kitera, gifite amababi atoshye<br />

ariko kitera amatunda. Hari hariho ubwibone bwo kubahiriza imihango y’idini gusa mu gihe<br />

umwuka wo kwicisha bugufi nyakuri, kwihana no kwizera byaburaga mu bantu kandi ari byo<br />

byonyine byagombaga kubahesha gukorera Imana ibyo ishima. Aho kubabonamo imbuto za<br />

Mwuka, hagaragaraga ubwibone, kwita ku mihango, guharanira ibyubahiro bidafite ishingiro,<br />

kwikanyiza n’ikandamiza. Itorero ryasubiye inyuma ryahumye amaso yaryo ryirengagiza<br />

kureba ibimenyetso by’ibihe. Ntabwo Imana yabatereranye cyangwa ngo yemere ko<br />

ubudahemuka bwayo butsindwa; ahubwo abantu bayivuyeho, maze bitandukanya n’urukundo<br />

rwayo. Kubera ko banze gukurikiza amabwiriza yayo, byatumye amasezerano yayo<br />

atabasohorezwa.<br />

Iyi niyo ngaruka yo kwirengagiza guha agaciro no gukoresha neza umucyo n’amahirwe<br />

Imana itanga. Keretse gusa itorero niryemera kugendera mu nzira ryahawe n’Imana, rikemera<br />

umurasire wose w’umucyo kandi rigakora inshingano yose ribasha guhishurirwa, naho<br />

nibitaba bityo, byanze bikunze iyobokamana rizahenebera risigare ryubahiriza imihango<br />

gusa, kandi umwuka wo kubaha Imana ubure burundu. Uko kuri kwagiye kugaragara kenshi<br />

mu mateka y’itorero. Imana isaba ko ubwoko bwayo bugira ibikorwa bishingiye ku kwizera<br />

ndetse no kumvira kujyanye n’imigisha n’amahirwe buhabwa. Kumvira bisaba igitambo<br />

n’umusaraba; kandi niyo mpamvu abantu benshi mu bavuga ko ari abayoboke ba Kristo banze<br />

kwakira umucyo uva mu ijuru, kandi nk’uko byagendekeye Abayuda bo mu gihe cya kera,<br />

ntibabashije kumenya igihe bagenderewemo. 412 Kubera ubwibone bwabo no kutizera<br />

kwabo, Uhoraho yabahiseho maze ukuri kwe aguhishurira abantu bari baremeye gukurikiza<br />

umucyo wose bararikiwe nk’uko byabaye ku bashumba b’i Betelehemu n’abanyabwenge b’i<br />

Burasirazuba.<br />

226

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!