15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

n’ibyiringiro byabo ku bintu by’ubu buzima maze bigiza kure rwose iby’urya munsi ukomeye,<br />

ubwo ibikorwa ku isi byose bizahinduka ubusa.<br />

Igihe Umukiza yabwiraga abayoboke be ibimenyetso byo kugaruka kwe, yanababwiye<br />

ibyo gusubira inyuma mu kwizera bizabanziriza kugaruka kwe. Nk’uko byagenze mu minsi<br />

ya Nowa, hazabaho ibikorwa ndetse n’ubucuruzi bw’iby’isi no gushaka ibinezeza - bazaba<br />

bagura, bagurisha, bahinga, bubaka, barongora, bashyingira; bibagirwe Imana n’iby’ubuzima<br />

bw’igihe kizaza. Kristo yaburiye abariho muri iki gihe avuga ati: “Ariko mwirinde, imitima<br />

yanyu ye kuremererwa n’ivutu no gusinda, n’amaganya y’isi, uwo munsi ukazabatungura.”<br />

“Nuko rero mujye muba maso, musenge iminsi yose, kugira ngo mubone kurokoka ibyo byose<br />

byenda kubaho, no guhagarara imbere y’Umwana w’umuntu.” 389<br />

Uko itorero rimeze muri iki gihe byavuzwe mu magambo y’Umukiza mu Byahishuwe<br />

ngo: “Ufite izina ry’uko uriho, nyamara ukaba uri intumbi.” Kandi abantu banga kuva mu<br />

mutekano babamo udafite icyo ushingiyeho bahabwa uyu muburo ukomeye ngo; “Ariko rero<br />

nutaba maso, nzaza nk’umujura, nawe ntuzamenya igihe nzagutungurira.”390;<br />

Byari ngombwa ko abantu baburirwa ibyo akaga kabategereje; kugira ngo bitume bitegura<br />

ibigiye kuba bijyanye n’irangira ry’igihe cy’imbabazi. Umuhanuzi w’Imana aravuga ati:<br />

“kandi umunsi w’Uwiteka ni mukuru uteye ubwoba cyane. Ni nde wabasha kuwihanganira?”<br />

Ni nde “ufite mu maso hatunganye adakunda kureba ikibi, habe no kwitegereza ubugoryi”<br />

uzabasha guhagarara ubwo Kristo azaba aje? 391 Ni abavuga bati; “‘Mana yacu, turakuzi’,”<br />

392 nyamara twishe isezerano ryawe, kandi twakurikiye iyindi mana, duhisha ubugome<br />

bwacu mu mitima maze dukunda inzira zo gukiranirwa.” Ku bantu nk’abo, umunsi<br />

w’Uwiteka ni umunsi w’“umwijima ntabwo ari umucyo, ndetse ni umwijima w’icuraburindi<br />

utagira umucyo na mba.” 393 Uhoraho yaravuze ati: “Icyo gihe, nzashakisha muri<br />

Yerusalemu imuri, mpane abantu bibumbiye hamwe nk’inzoga y’itende, bibwira mu mitima<br />

yabo bati: ‘Ari icyiza ari n’ikibi, Uwiteka nta cyo azadutwara.’” 394 “Nzahana ab’isi mbahora<br />

ibyo bakoze bibi, n’abanyabyaha nzabahana mbahora gukiranirwa kwabo; nzamaraho<br />

ubwibone bw’abibone, n’agasuzuguro k’abanyagitinyiro nzagacisha bugufi.” 395“Ifeza zabo<br />

n’izahabu zabo ntabwo bizabasha kubakiza ku munsi w’uburakari bw’Uwiteka. Kandi<br />

ubutunzi bwabo buzagendaho iminyago, n’amazu yabo azaba imisaka.” 396<br />

Ubwo umuhanuzi Yeremiya yerekwaga iby’uyu munsi uteye ubwoba, yaratatse ati: “Ye<br />

baba we, ye baba we! Mfite umubabaro mu gisenge cy’umutima; umutima wanjye<br />

uradihagura, naniwe kwiyumanganya; kuko wumvise ijwi ry’impanda, n’induru z’intambara<br />

mu mutima wanjye. Kurimbuka guhamagara ukundi kuko igihugu cyose kinyazwe.” 397<br />

“Uwo munsi ni umunsi w’uburakari, ni umunsi w’amakuba n’umubabaro, ni umunsi wo<br />

kurimbura no kwangiza, ni umunsi urimo umwijima n’ibihu, ni umunsi w’ibicu n’umwijima<br />

w’icuraburindi. Ni umunsi wo kuvuza impanda n’induru.” 398 “Dore umunsi w’Uwiteka<br />

uraje, uzazana uburakari bw’inkazi n’umujinya mwinshi, uhindure igihugu imyirare,<br />

urimbure n’abanyabyaha bo muri cyo bashireho.” 399<br />

222

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!