15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Uwitwa Baxister yaravuze ati: “Gutekereza ko Umukiza agiye kugaruka biranezeza cyane<br />

kandi bikanshimisha.” 374 “Gukunda kugaruka k’Umukiza no gutegereza ibyo byiringiro<br />

by’umugisha ni wo murimo wo kwizera kandi ni na wo muco uranga intore ze.” “Niba urupfu<br />

ari rwo mwanzi wa nyuma uzatsembwaho ku munsi w’umuzuko, dushobora kumenya uburyo<br />

abizera bari bakwiriye kwifuza cyane kandi mu masengesho yabo bagasabira kugaruka<br />

bwangu k’Umukiza wabo, ubwo iyo nsinzi ishyitse kandi iheruka izaba igezweho.” 375 “Uyu<br />

ni umunsi abizera bose bari bakwiriye kwifuza kubera ko ari wo uzaba ari umuzoso<br />

w’umurimo wose wakozwe wo kubacungura, kandi ukaba iherezo ry’ibyifuzo n’imihati<br />

by’ubugingo bwabo.” “Mwami mwiza, bangutsa uwo munsi w’ihumure!” 376 Ibyo ni byo<br />

byari ibyiringiro by’itorero ry’intumwa, iby’itorero ryo “mu butayu” ndetse n’itorero<br />

ry’Abagorozi.<br />

Ntabwo ubuhanuzi buvuga gusa uko Kristo azagaruka ndetse n’umugambi w’uko<br />

kugaruka, ahubwo bunerekana ibimenyetso abantu bagomba kumenyeraho ko kugaruka kwe<br />

kwegereje. Yesu yaravuze ati: “Kandi hazaba ibimenyetso ku zuba no ku kwezi no ku<br />

nyenyeri.”(Luka 21:25) “Izuba rizijima, n’ukwezi ntikuzava umwezi wako, n’inyenyeri<br />

zizagwa ziva mu ijuru, n’imbaraga zo mu ijuru zizanyeganyega. Ubwo nibwo bazabona<br />

Umwana w’umuntu aje ku bicu, afite ubushobozi bwinshi n’ubwiza.” 377 Umwanditsi<br />

w’Ibyahishuwe na we yavuze ibimenyetso bya mbere mu bimenyetso bizabanziriza kugaruka<br />

kwe ati: “habaho igishyitsi cyinshi; izuba ririrabura nk’ikigunira kiboheshejwe ubwoya;<br />

ukwezi kose guhinduka nk’amaraso.”(Ibyahishuwe 6:12).<br />

Ibyo bimenyetso byagaragaye mbere y’itangira ry’ikinyejana cya cumi n’icyenda. Mu<br />

rwego rwo gusohora k’ubu buhanuzi, mu mwaka wa 1755 habayemo umutingito w’isi<br />

ukomeye bikabije utarigeze ubaho. Nubwo uwo mutingito uzwi ku izina ry’umutingito w’i<br />

Lisbone, wageze ku gice kinini cy’umugabane w’Uburayi, Afrika ndetse na Amerika.<br />

Wumvikanye kandi i Greenland , mu burengerazuba bw’Ubuhinde, ku kirwa cya Madeira,<br />

muri Noruveje, muri Suwedi, mu Bwongereza no muri Ireland. Wakwiriye ahantu hafite<br />

ubuso buruta kilometero kare miliyoni icumi. Muri Afrika, uwo mutingito wabaye mwinshi<br />

cyane nko mu Burayi. Umugabane munini w’umujyi wa Alije (muri Alijeriya) warasenyutse;<br />

kandi umudugudu muto wari hafi cyane ya Maroko wari utuwe n’abantu bari hagati<br />

y’ibihumbi umunani n’icumi wararigise urazimangatana burundu. Umuraba ukomeye<br />

warengeye inkengero za Esipanye na Afurika maze urengera imijyi bityo wangiza byinshi<br />

cyane.<br />

Muri Esipanye no muri Porutigali niho uwo mutingito wibasiye cyane. Bavuga ko mu<br />

mujyi wa Kadizi, umuvumba w’amazi yisukaga ku nkombe wari ufite ubuhagarike bugera<br />

kuri metero cumi n’umunani. “Imisozi imwe yari miremire cyane muri Porutigali<br />

yaranyeganyeze bikomeye nk’aho uwo mutingito uturutse mu mfatiro zayo, indi yagiye<br />

isadukira mu mpinga zayo mu buryo butangaje, maze amahindure menshi asohokamo<br />

asandara mu bibaya biyikikije. Bavuga ko ibirimi by’umuriro byaturukaga muri iyo misozi.”<br />

378<br />

218

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!