15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

ikoresheje undi mugaragu wayo uwo ari we wese, mwitegure kucyakira nk’uko mwabaga<br />

mwiteguye kwakira ukuri kose nagiye mbagezaho mu murimo wanjye; kuko niringiye<br />

ndashidikanya ko Uhoraho afite ukuri n’umucyo biruseho bitarahishurwa binyuze mu Ijambo<br />

rye ryera.” 335<br />

“Ku bwanjye, sinashobora kubabwira mu buryo buhagije uko mbabazwa n’amatorero<br />

amwe avuguruye yageze aho atakigira ikindi cyiyongera ku myizerere yayo, none ubu akaba<br />

adashobora gutera indi ntambwe irenze ibyo ubugorozi bwayo bwashingiyeho. Abayoboke<br />

ba Luteri ntibashobora kwemera gutezwa indi ntambwe ngo bamenye ibirenze ibyo Luteri<br />

yabonye; ... Murabona ko abayoboke ba Kaluvini na bo basa n’ababoheye aho uwo muntu<br />

ukomeye w’Imana yabasize, nyamara ntiyari azi ibintu byose. Ibyo ni ubuhanya buteye<br />

amaganya cyane; kuko nubwo abo bantu bagurumanaga kandi bakamurika umucyo mu gihe<br />

cyabo, ntabwo bashoboye kwimbika ngo bamenye inama zose z’Imana, ahubwo iyaba muri<br />

iki gihe bajyaga kuba bariho, bajyaga kugira ubwuzu bwo kwakira umucyo uruta uwo bari<br />

barakiriye mbere.” 336<br />

“Mwibuke isezerano ry’itorero ryanyu, iryo mwemereyemo kugendera mu nzira zose<br />

z’Uhoraho, zaba izo yamaze kubamenyesha n’izo azabamenyesha. Mwibuke amasezerano<br />

yanyu n’igihango mwagiranye n’Imana ndetse no hagati yanyu ubwanyu yo kwakira umucyo<br />

uwo ari wo wose n’ukuri kose muzamenyeshwa binyuze mu Byanditswe Byera. Ariko nubwo<br />

bimeze bityo, ndabinginze mujye mwitondera ibyo mwakira byose ko ari ukuri maze<br />

mukugereranye kandi mukugenzuze ibindi byanditswe mbere y’uko mubyemera; kuko<br />

bidashoboka ko Ubukristo bwaba bwavuye mu mwijima w’icuraburindi wo kurwanya Kristo<br />

vuba aha ngo maze ubumenyi butunganye kandi bushyitse buhite bujya ahagaragara<br />

icyarimwe.” 337<br />

Gushaka kugira umudendezo wo gukurikiza umutimanama ni byo byateye abo bagenzi<br />

kwiyemeza guca mu makuba y’urugendo rurerure mu nyanja, bakihanganira imiruho n’akaga<br />

byo mu butayu, kandi kubw’imigisha y’Imana, bakabasha gushinga urufatiro rw’igihugu<br />

gikomeye ku nkengero za Amerika. Nyamara, nubwo bari abantu b’indakemwa kandi bubaha<br />

Imana, abo Bagenzi bari batarasobanukirwa n’ihame rikomeye ryerekeye umudendezo mu<br />

by’iyobokamana. Umudendezo bari baritangiye kugeraho ntibari biteguye kuwuha n’abandi.<br />

“Bake cyane bo mu banyabwenge b’ibyamamare ndetse n’abaharaniraga imico mbonera bo<br />

mu kinyejana cya cumi na karindwi, ntibari basobanukiwe n’iryo hame ry’ingenzi ryo guteza<br />

imbere Isezerano Rishya, kandi ryemeza ko Imana ari yo mucamanza wenyine wo kwizera<br />

k’umuntu.” 338 Inyigisho yavugaga ko Imana yahaye itorero uburenganzira bwo kuyobora<br />

umutimanama, ndetse no gusobanura no guhana ibyo ryita ubuhakanyi, ni inyigisho imwe mu<br />

makosa y’ubupapa yashinze umuzi. Nubwo Abagorozi banze indangakwemera ya Roma,<br />

ntabwo bari bararetse burundu umutima wayo wo kutihanganira abandi. Umwijima<br />

w’icuraburindi ubupapa bwari bwarashyizemo Abakristo mu myaka amagana menshi<br />

y’ubutegetsi bwabwo wari utareyuka burundu. Umwe mu bagabura bari ku ruhembe<br />

rw’imbere mu ntara y’ubukoloni y’Ikigobe cya Massachusets yaravuze ati: “Kwihanganirana<br />

209

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!