Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri nyina zajugunywaga bucumu mu nzira n’abo mu mutwe w’Abajakobe.” 318 Mu gihe gito gusa cy’imyaka cumi, abantu batabarika barahatikiriye. Ibyo byose byagenze nk’uko Satani yabyifuzaga. Ibi ni byo yari yaraharaniye kugeraho mu myaka myinshi. Gahunda y’imikorere ye ni ibinyoma kuva mu itangiriro kugeza mu iherezo, kandi umugambi we ukomeye ni ukuzanira abantu umuvumo n’ubuhanya, kugira ngo aharabike kandi yanduze ibyo Imana yakoze, yangize imigambi yayo y’ubugiraneza n’urukundo, maze kubw’ibyo ateze umubabaro mu ijuru. Bityo, kubw’amayere ye y’ubushukanyi, ahuma intekerezo z’abantu, maze ibyo akora akabateza kubyitirira Imana nk’aho ako kaga kose ari ingaruka z’umugambi w’Imana. Muri ubwo buryo, iyo abantu basuzuguwe kandi bagateshwa agaciro binyuze mu mbaraga ze z’ubugome babashije kugera ku mudendezo wabo, abashora mu bugizi bwa nabi ndetse bukabije. Bityo iyo pica yo kwishora mu bibi nta rutangira, igaragazwa n’abicanyi n’abanyagitugu nk’urugero rw’ingaruka z’umudendezo. Iyo ikosa ritwikiriwe mu buryo bumwe rivumbuwe, Satani ararihisha akaryambika undi mwambaro maze abantu benshi bakaryakirana inyota bishimye nka mbere. Igihe abantu bamaze kumenya ko inyigisho z’i Roma ari ibinyoma, kandi Satani akaba atashobora kubatera kugomera amategeko y’Imana yifashishije izo nyigisho, abatera kwibwira ko amadini yose ari uburiganya, kandi ko Bibiliya ari igitabo cy’ibitekerezo bihimbano; bityo bakazibukira amategeko y’Imana maze bakirundurira mu byaha nta rutangira. Ikosa rikomeye cyane ryateje ako kaga abaturage b’Ubufaransa ryabaye iryo kwirengagiza uku kuri gukomeye kuvuga ko umudendezo nyakuri ubonerwa gusa mu kumvira amategeko y’Imana. “Iyaba warumviye amategeko yanjye, uba waragize amahoro ameze nk’uruzi, gukiranuka kwawe kuba kwarabaye nk’umuraba w’inyanja.” “Nta mahoro y’abanyabyaha ni ko Uwiteka avuga.” “Ariko unyumvira wese azaba amahoro, adendeze kandi atikanga ikibi.” 319 Abatemera ko Imana ibaho, abatizera n’abahakanyi bose barwanya amategeko y’Imana; ariko ingaruka z’ibyo bakora zerekena ko imibereho myiza y’umuntu ishingiye ku kubaha amategeko y’Imana. Abantu batazasoma icyo cyigisho mu gitabo cy’Imana basabwa kugisoma mu mateka y’ibihugu byinshi. Igihe Satani yakoreshaga itorero ry’i Roma agateshura abantu ku kumvira, imikorere ye yari yihishe kandi umurimo we wari wiyoberanyije ku buryo guhenebera n’ubuhanya byaje kuba ingaruka bitashoboye gufatwa ko ari imbuto zo kwigomeka. Ikindi kandi, imbaraga ze zakomwe mu nkokora n’umurimo wa Mwuka w’Imana ku buryo imigambi ye itashoboye kugerwaho mu buryo bwuzuye. Ntabwo abantu babashije gusobanukirwa n’intandaro y’ibyabaye kandi ngo bavumbure isoko y’akaga bari barimo. Nyamara mu gihe cy’Impinduramatwara amategeko y’Imana yanzwe ku mugaragaro n’Inteko Nkuru y’igihugu. Kandi mu gihe cy’ingoma y’igitugu yakurikiye Impinduramatwara, buri wese yashoboraga kubona intandaro n’ingaruka zabyo. 204

Umwuka W'Imijyi Ibiri Igihe Ubufaransa bwangaga Imana ku mugaragaro kandi bukamagana Bibiliya, abantu b’abagome n’imyuka y’umwijima banejejwe n’uko bageze ku cyo bifuje kuva kera ari cyo: ubutegetsi butagira ibyo bubuzwa n’amategeko y’Imana. Kubera ko iteka ricirwaho imigirire mibi ritihutishwaga, ni cyo cyatumye imitima y’abantu “ishishikarira gukora ibibi.” 320 Nyamara kugomera amategeko atunganye kandi y’ukuri byanze bikunze bigomba gukurikirwa n’ingaruka mbi z’ubuhanya no kurimbuka. Nubwo ibihano by’Imana bitahitaga bibaho, ubugome bw’abantu ntibwabuze guteza ingaruka zabwo mbi. Ibinyejana byinshi by’ubuhakanyi n’ubugome byagiye birundanya uburakari kugeza umunsi wo guhabwa ibihano; kandi ubwo ibicumuro byabo byabaga bimaze kugwira, abasuzuguraga Imana basobanukirwaga batinze ko kuba barakerenseje kwihangana kw’Imana ari ikintu giteye ubwoba. Mwuka w’Imana ukumira abantu, kandi utsinda imbaraga y’ubugome bwa Satani yakuweho mu buryo bukomeye bityo Satani unezezwa n’amakuba y’abantu gusa ahabwa uburenganzira bwo gukora ibyo ashaka. Abantu bari barahisemo umurimo w’ubwigomeke bararetswe basarura ingaruka zabwo kugeza ubwo igihugu cyuzuyemo ubwicanyi bukabije umwanditsi atashobora kurondora. Mu ntara zabaye umusaka n’imijyi yabaye amatongo humvikanaga ijwi ryo gutaka gukomeye — kwari ugutaka gutewe n’ishavu ryinshi. Ubufaransa bwahinze umushyitsi nk’ubutigishijwe n’umutingito w’isi. Idini, amategeko, gahunda mu bantu, umuryango, Leta n’itorero byose byasenywe n’ikiganza gihumanye cyari cyarahagurukiye kurwanya amategeko y’Imana. Umunyabwenge yavuze ukuri ubwo yagiraga ati: “Umunyabyaha azagushwa n’ibyaha bye.” “Nubwo umunyabyaha ashobora gukora ibikorwa bibi ijana akarenga akaramba, nzi neza ko abubaha Imana bazagubwa neza.” 321 “Kuko banze kumenya, kandi ntibahisemo kubaha Uwiteka;” “ni cyo gituma bazarya ibiva mu ngeso zabo, kandi bazahazwa n’imigambi yabo.” 322 Kwicwa kw’abahamya b’Imana b’indahemuka bishwe na bwa butegetsi butuka Imana “bwavuye ikuzimu,” ntibyajyaga kumara igihe kirekire bicecetswe. “Iyo minsi itatu n’igice ishize, umwuka w’ubugingo uva ku Mana winjira muri bo, baherako barahaguruka: ubwoba bwinshi butera ababibonye.” 323 Mu mwaka wa 1793 ni ho itegeko rikuraho iby’idini kandi rikabuzanya Bibiliya ryatowe n’Inama nkuru y’igihugu cy’Ubufaransa. Hashize imyaka itatu n’igice, iyo nama yaje kwivuguruza maze iha umudendezo Ibyanditswe Byera. Abatuye isi bari baratewe ubwoba n’ibibi bikomeye byari byarabaye ingaruka zo kwirengagiza Ibyanditswe Byera, kandi abantu bamenya akamaro ko kwizera Imana n’ijambo ryayo nk’ishingiro ry’ubutungane n’imico-mbonera. Uhoraho yaravuze ati: “Uwo watonganije ukamutuka ni nde? Ni nde wakanitse ukamureba igitsure? Ni Uwera wa Isirayeli.” 324 “Dore noneho ngiye kubamenyesha, ni ukuri ngiye kubamenyesha ukuboko kwanjye n’imbaraga zanjye; na bo bazamenya yuko izina ryanjye ari Yehova.” 325 Ku byerekeye ba bahamya babiri umuhanuzi yongeraho ati: “Bumva ijwi rirenga rivugira mu ijuru ribabwira riti, “Nimuzamuke muze hano.” Nuko bazamukira mu gicu, bajya mu ijuru, abanzi babo babireba.” 326 Kuva igihe Ubufaransa burwanyirije abahamya babiri b’Imana, nibwo barushijeho kubahwa kuruta mbere. Mu mwaka wa 1804 niho Umuryango 205

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

nyina zajugunywaga bucumu mu nzira n’abo mu mutwe w’Abajakobe.” 318 Mu gihe gito<br />

gusa cy’imyaka cumi, abantu batabarika barahatikiriye.<br />

Ibyo byose byagenze nk’uko Satani yabyifuzaga. Ibi ni byo yari yaraharaniye kugeraho<br />

mu myaka myinshi. Gahunda y’imikorere ye ni ibinyoma kuva mu itangiriro kugeza mu<br />

iherezo, kandi umugambi we ukomeye ni ukuzanira abantu umuvumo n’ubuhanya, kugira<br />

ngo aharabike kandi yanduze ibyo Imana yakoze, yangize imigambi yayo y’ubugiraneza<br />

n’urukundo, maze kubw’ibyo ateze umubabaro mu ijuru. Bityo, kubw’amayere ye<br />

y’ubushukanyi, ahuma intekerezo z’abantu, maze ibyo akora akabateza kubyitirira Imana<br />

nk’aho ako kaga kose ari ingaruka z’umugambi w’Imana. Muri ubwo buryo, iyo abantu<br />

basuzuguwe kandi bagateshwa agaciro binyuze mu mbaraga ze z’ubugome babashije kugera<br />

ku mudendezo wabo, abashora mu bugizi bwa nabi ndetse bukabije. Bityo iyo pica yo<br />

kwishora mu bibi nta rutangira, igaragazwa n’abicanyi n’abanyagitugu nk’urugero<br />

rw’ingaruka z’umudendezo.<br />

Iyo ikosa ritwikiriwe mu buryo bumwe rivumbuwe, Satani ararihisha akaryambika undi<br />

mwambaro maze abantu benshi bakaryakirana inyota bishimye nka mbere. Igihe abantu<br />

bamaze kumenya ko inyigisho z’i Roma ari ibinyoma, kandi Satani akaba atashobora kubatera<br />

kugomera amategeko y’Imana yifashishije izo nyigisho, abatera kwibwira ko amadini yose<br />

ari uburiganya, kandi ko Bibiliya ari igitabo cy’ibitekerezo bihimbano; bityo bakazibukira<br />

amategeko y’Imana maze bakirundurira mu byaha nta rutangira.<br />

Ikosa rikomeye cyane ryateje ako kaga abaturage b’Ubufaransa ryabaye iryo kwirengagiza<br />

uku kuri gukomeye kuvuga ko umudendezo nyakuri ubonerwa gusa mu kumvira amategeko<br />

y’Imana. “Iyaba warumviye amategeko yanjye, uba waragize amahoro ameze nk’uruzi,<br />

gukiranuka kwawe kuba kwarabaye nk’umuraba w’inyanja.” “Nta mahoro y’abanyabyaha ni<br />

ko Uwiteka avuga.” “Ariko unyumvira wese azaba amahoro, adendeze kandi atikanga ikibi.”<br />

319<br />

Abatemera ko Imana ibaho, abatizera n’abahakanyi bose barwanya amategeko y’Imana;<br />

ariko ingaruka z’ibyo bakora zerekena ko imibereho myiza y’umuntu ishingiye ku kubaha<br />

amategeko y’Imana. Abantu batazasoma icyo cyigisho mu gitabo cy’Imana basabwa<br />

kugisoma mu mateka y’ibihugu byinshi.<br />

Igihe Satani yakoreshaga itorero ry’i Roma agateshura abantu ku kumvira, imikorere ye<br />

yari yihishe kandi umurimo we wari wiyoberanyije ku buryo guhenebera n’ubuhanya byaje<br />

kuba ingaruka bitashoboye gufatwa ko ari imbuto zo kwigomeka. Ikindi kandi, imbaraga ze<br />

zakomwe mu nkokora n’umurimo wa Mwuka w’Imana ku buryo imigambi ye itashoboye<br />

kugerwaho mu buryo bwuzuye. Ntabwo abantu babashije gusobanukirwa n’intandaro<br />

y’ibyabaye kandi ngo bavumbure isoko y’akaga bari barimo. Nyamara mu gihe<br />

cy’Impinduramatwara amategeko y’Imana yanzwe ku mugaragaro n’Inteko Nkuru y’igihugu.<br />

Kandi mu gihe cy’ingoma y’igitugu yakurikiye Impinduramatwara, buri wese yashoboraga<br />

kubona intandaro n’ingaruka zabyo.<br />

204

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!