Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri gihe, iryo zina ryafatwaga nk’irisuzuguritse, ariko ubu, ni iry’icyubahiro, rifitwe na rimwe mu matorero magari cyane mu Bwongereza no muri Amerika. Nka bamwe mu bagize Itorero ry’Ubwongereza, bari bakomeye cyane ku mihango yaryo yo gusenga; ariko Umukiza yari yaraberetse mu Ijambo rye ikintu kirushije ibyo byose agaciro. Mwuka Muziranenge yabahatiraga kubwiriza ibya Kristo wabambwe. Imbaraga y’Isumbayose yahoranaga nabo mu murimo. Abantu ibihumbi byinshi baremezwaga kandi bagahinduka by’ukuri. Nuko rero, izo ntama zagombaga kurindwa ibirura. Ntabwo Wesley yatekerezaga gushinga itorero rishya, ariko yateranyirije abizeraga mu cyitwaga Ihuriro Metodisiti. 277 Abo babwiriza baje guhura no kurwanywa mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba biturutse ku itorero risanzwe ririho; nyamara Imana mu bwenge bwayo yari yayoboye ibyagiye bibaho kugira ngo itume ivugura ritangira mu itorero ubwaryo. Iyo iryo vugurura rituruka hanze y’itorero, ntiryajyaga gucengera ngo rigere aho ryari rikenewe cyane. Ariko bitewe n’uko ababwiriza b’ivugurura bari abayoboke b’itorero kandi bakaba barakoreraga munsi y’ubuyobozi bw’itorero, aho bashoboraga kubona icyuho hose, ukuri kwakingurirwaga imiryango kukinjira aho kutari kubasha gukingurirwa mu bundi buryo. Bamwe mu bayobozi b’itorero bakanguwe mu bitotsi barimo, maze bahinduka ababwiriza b’abanyamwete muri za paruwasi zabo. Amatorero yari yaragushijwe ikinya n’imihango, yongeye kugarura ubuzima. Mu gihe cya Wesley, kimwe no mu bindi bihe by’amateka y’itorero, abantu bafite impano zitandukanye bakoze umurimo bahawe. Ntabwo bagiye bahuza ku ngingo zose z’imyizerere, ariko bose bayoborwaga na Mwuka w’Imana, kandi bashyiraga hamwe mu kugera ku mugambi wari ushishikaje wo kugarurira Kristo imitima. Kutavuga rumwe hagati ya Whitefield n’abari mu ruhande rwa Wesley byageze ubwo bisa n’ibigiye guteza amacakubiri; ariko kubera ko bari abantu bigishijwe kwicisha bugufi mu ishuri rya Kristo, kwihanganirana n’urukundo byabateye kwiyunga. Ntibagiraga igihe cyo kujya impaka mu gihe ubuyobe n’ibicumuro byabaga gikwira hirya no hino kandi abanyabyaha baramanukaga berekeza mu nzira yo kurimbuka. Abagaragu b’Imana bagendaga mu nzira iruhije. Abakomeye n’intiti bakoresheje imbaraga zabo babarwanya. Nyuma y’igihe gito, benshi mu bayobozi bakuru b’itorero bagaragaje ubugizi bwa nabi ku mugaragaro, maze inzugi z’insengero zirafungwa bityo ukwizera gutunganye n’abakwamamazaga birakingiranwa. Imikorere y’abayobozi b’itorero mu kubarwanyiriza mu magambo yavugirwaga ku ruhimbi yabyukije ibyari mu mwijima, ubujiji n’ibicumuro. Yohana Wesley yagiye asimbuka urupfu inshuro nyinshi kubw’ibitangaza by’ubuntu bw’Imana. Igihe imbaga y’abantu barakaye bari bamuhagurukiye kandi bikaba byarasaga n’aho nta buryo bwo kubacika, umumarayika yaje mu ishusho y’umuntu maze amujya iruhande, ba bantu barihinze maze umugaragu w’Imana abona uko ava aho hantu hari akaga gakomeye ntacyo abaye. 184

Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Wesley yavugaga iby’igihe kimwe yarokowe mu maboko y’imbaga y’abantu bari bafite uburakari bukaze bashaka kumugirira nabi yaravuze ati : “Ubwo twamanukaga umusozi tugenda mu nzira inyerera twerekeje mu mujyi, abantu benshi bakoraga uko bashoboye ngo bangushe hasi, bibwira ko nindamuka nguye hasi ntarabasha kongera guhaguruka ukundi. Nyamara sinigeze ngwaguza, ndetse habe no kunyerera gato kugeza ubwo nashoboye kubava mu nzara. . . Nubwo benshi bageragezaga kumfata ikora ry’ishati cyangwa imyenda kugira ngo bampirike, ntibashoboye kugira icyo bafata: umwe gusa ni we washoboye kumfata agakomeza agapfundikizo k’umufuka w’agakote kanjye gato, ariko mu kanya gato kaje gucika gasigara mu ntoke ze; naho akandi gapfundikizo k’umufuka warimo inoti y’amafaranga kacitse uruhande rumwe. Umugabo munini wari inyuma yanjye yampondaguye kenshi akoresheje inkoni y’icyuma. Iyo ayinkubita incuro imwe ku gatwe k’inyuma, byari kumugabaniriza umuruho wo gukomeza kunkubita. Nyamara uko yabanguraga inkoni ngo ankubite niko yahinduraga icyerekezo mu buryo ntamenya uko byagendaga kuko ntashoboraga guhindurira iburyo cyangwa ibumoso. . . Undi yaje yatanya mu bantu maze azamura ukuboko ngo kwe ngo ankubite ariko mu buryo butunguranye inkoni iragwa maze ankora ku mutwe avuga ngo: “Mbega imisatsi yoroshye inyerera afite!”. . . Abantu babaye aba mbere mu kugira imitima ihindutse ni ibihanda byo mu mujyi, ababaga ku ruhembe rw’imbere rw’abagome mu byabagaho byose, kandi umwe muri bo yari umurwanyi wubahwa warwaniraga ku rubuga rw’abakirana. “Mbega kwitabwaho gutangaje Imana ikoresha kugira ngo idutegurire gukora ibyo ishaka! Hashize imyaka ibiri banteye igice cy’itafari kimpusha urutugu. Ubwo kandi hari hashize umwaka ntewe ibuye hagati y’amaso. Mu kwezi gushize narakubiswe ndetse n’uyu mugoroba nakubiswe kabiri; ubwa mbere nari ntaragera mu mujyi, ubwa kabiri ni igihe nawusohokagamo; nyamara byose ntacyo byantwaye kubera ko nubwo umuntu yankubita mu gituza n’imbaraga ze zose, undi akankubita ku munwa n’imbaraga nyinshi ku buryo amaraso yahita ava, nababara nk’aho yankubise igikenyeri.” 278 Abametodisite b’icyo gihe - baba abizera basanzwe kimwe n’ababwiriza — bihanganiye gusuzugurwa no gutotezwa biturutse mu bagize itorero kimwe no mu n’abahakana ku mugaragaro ko atari abanyadini babaga barakajwe n’ibinyoma byavugwaga kuri abo Bametodisiti. Bajyanwaga imbere y’inkiko z’ubutabera. Izo nkiko zitwaga zityo ku izina gusa kuko ubutabera nyabwo bwari ingume mu nkiko z’icyo gihe. Akenshi bahohoterwaga n’ababatotezaga. Imbaga y’abantu b’abagome yavaga mu inzu ijya mu yindi, bangiza ibintu, bamenagura ibikoresho byo mu mazu, basahura ibyo bashaka byose kandi bagahutaza abagabo, abagore n’abana. Rimwe na rimwe, inyandiko zashyirwaga ku karubanda zikararikira abashaka kuza kumena amadirishya no gusahura amazu y’Abametodisiti bakagira aho bateranira mu gihe runaka. Uko kurenga ku burenganzira bwa muntu no kwica itegeko ry’Imana byaremerwaga bigakorwa nta muntu ubicyashye. Hakomeje gukorwa itoteza riteguwe neza ryibasiye abantu baregwaga ikosa rimwe gusa ryo guharanira kugarura abanyabyaha bari mu nzira y’irimbukiro bakaberekeza mu nzira y’ubutungane. 185

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

gihe, iryo zina ryafatwaga nk’irisuzuguritse, ariko ubu, ni iry’icyubahiro, rifitwe na rimwe<br />

mu matorero magari cyane mu Bwongereza no muri Amerika.<br />

Nka bamwe mu bagize Itorero ry’Ubwongereza, bari bakomeye cyane ku mihango yaryo<br />

yo gusenga; ariko Umukiza yari yaraberetse mu Ijambo rye ikintu kirushije ibyo byose<br />

agaciro. Mwuka Muziranenge yabahatiraga kubwiriza ibya Kristo wabambwe. Imbaraga<br />

y’Isumbayose yahoranaga nabo mu murimo. Abantu ibihumbi byinshi baremezwaga kandi<br />

bagahinduka by’ukuri. Nuko rero, izo ntama zagombaga kurindwa ibirura. Ntabwo Wesley<br />

yatekerezaga gushinga itorero rishya, ariko yateranyirije abizeraga mu cyitwaga Ihuriro<br />

Metodisiti. 277<br />

Abo babwiriza baje guhura no kurwanywa mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba<br />

biturutse ku itorero risanzwe ririho; nyamara Imana mu bwenge bwayo yari yayoboye<br />

ibyagiye bibaho kugira ngo itume ivugura ritangira mu itorero ubwaryo. Iyo iryo vugurura<br />

rituruka hanze y’itorero, ntiryajyaga gucengera ngo rigere aho ryari rikenewe cyane. Ariko<br />

bitewe n’uko ababwiriza b’ivugurura bari abayoboke b’itorero kandi bakaba barakoreraga<br />

munsi y’ubuyobozi bw’itorero, aho bashoboraga kubona icyuho hose, ukuri kwakingurirwaga<br />

imiryango kukinjira aho kutari kubasha gukingurirwa mu bundi buryo. Bamwe mu bayobozi<br />

b’itorero bakanguwe mu bitotsi barimo, maze bahinduka ababwiriza b’abanyamwete muri za<br />

paruwasi zabo. Amatorero yari yaragushijwe ikinya n’imihango, yongeye kugarura ubuzima.<br />

Mu gihe cya Wesley, kimwe no mu bindi bihe by’amateka y’itorero, abantu bafite impano<br />

zitandukanye bakoze umurimo bahawe. Ntabwo bagiye bahuza ku ngingo zose z’imyizerere,<br />

ariko bose bayoborwaga na Mwuka w’Imana, kandi bashyiraga hamwe mu kugera ku<br />

mugambi wari ushishikaje wo kugarurira Kristo imitima. Kutavuga rumwe hagati ya<br />

Whitefield n’abari mu ruhande rwa Wesley byageze ubwo bisa n’ibigiye guteza amacakubiri;<br />

ariko kubera ko bari abantu bigishijwe kwicisha bugufi mu ishuri rya Kristo, kwihanganirana<br />

n’urukundo byabateye kwiyunga. Ntibagiraga igihe cyo kujya impaka mu gihe ubuyobe<br />

n’ibicumuro byabaga gikwira hirya no hino kandi abanyabyaha baramanukaga berekeza mu<br />

nzira yo kurimbuka.<br />

Abagaragu b’Imana bagendaga mu nzira iruhije. Abakomeye n’intiti bakoresheje<br />

imbaraga zabo babarwanya. Nyuma y’igihe gito, benshi mu bayobozi bakuru b’itorero<br />

bagaragaje ubugizi bwa nabi ku mugaragaro, maze inzugi z’insengero zirafungwa bityo<br />

ukwizera gutunganye n’abakwamamazaga birakingiranwa. Imikorere y’abayobozi b’itorero<br />

mu kubarwanyiriza mu magambo yavugirwaga ku ruhimbi yabyukije ibyari mu mwijima,<br />

ubujiji n’ibicumuro. Yohana Wesley yagiye asimbuka urupfu inshuro nyinshi<br />

kubw’ibitangaza by’ubuntu bw’Imana. Igihe imbaga y’abantu barakaye bari bamuhagurukiye<br />

kandi bikaba byarasaga n’aho nta buryo bwo kubacika, umumarayika yaje mu ishusho<br />

y’umuntu maze amujya iruhande, ba bantu barihinze maze umugaragu w’Imana abona uko<br />

ava aho hantu hari akaga gakomeye ntacyo abaye.<br />

184

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!