15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Igice Cya 14 – Abagorozi B’Abongereza Bakurikiyeho<br />

Mu gihe Luteri yabumburaga Bibiliya itari yarigeze ihishurirwa abaturage bo mu Budage,<br />

Tyndale yakoreshejwe na Mwuka w’Imana maze nawe abigenza atyo mu Bwongereza.<br />

Bibiliya yari yarasobanuwe na Wycliffe akura mu rurimi rw’IkiLatini, ariko yarimo amakosa<br />

menshi. Ntabwo yari yarigeze icapwa, kandi inyandiko zayo zandikishijwe intoki<br />

zarahendaga cyane ku buryo zagurwaga gusa n’abakire cyangwa abakomeye. Byongeye<br />

kandi, kubera ko itorero ryari ryarazamaganye, ntabwo zari zarashoboye kugezwa ahantu<br />

henshi. Mu 1516, umwaka umwe mbere y’uko Luteri asohora inyandiko y’amahame yanditse,<br />

uwitwa Erasme yari yarasohoye Isezerano Rishya yasobanuye mu rurimi rw’Ikigiriki<br />

n’Ikilatini. Noneho ku ncuro ya mbere, Ijambo ry’Imana ryacapwe mu rurimi<br />

rw’umwimerere. Amakosa menshi yabonekaga mu nyandiko zasobanuwe mbere, noneho yari<br />

yakosowe kandi ubusobanuro bwarushagaho kumvikana neza. Iyo Bibiliya yatumye abantu<br />

benshi b’intiti bamenya ukuri neza, kandi ibyo biha imbaraga nshya umurimo w’Ubugorozi.<br />

Nyamara Ijambo ry’Imana ryari ritaramenyekana muri rubanda rwa giseseka. Tyndale<br />

yagombaga kurangiza umurimo watangiwe na Wycliffe ageza Bibiliya ku baturage b’igihugu<br />

cye.<br />

Yari umwigishwa w’umunyamuhati kandi agashishikarira kumenya ukuri. Yari yarakiriye<br />

ubutumwa bwiza abukuye mu gusoma Isezerano Rishya ryasobanuwe na Erasme. Yabwirije<br />

ibyo yemera ashize amanga, akavuga ko inyigisho zose zigomba gusuzumishwa Ijambo<br />

ry’Imana. Ku byo Papa yavugaga ko itorero ryatanze Bibiliya kandi ko ari ryo ryonyine<br />

rikwiriye kuyisobanura, Tyndale yabivuzeho ati :“Mbese muzi uwigishije ibisiga uburyo bwo<br />

kubona umuhigo wabyo? Nuko rero iyo Mana niyo yigisha abana bayo bashonje uburyo bwo<br />

kubona Umubyeyi wabo mu Ijambo rye. Nuko rero, aho kuba ari mwe mwaduhaye Bibiliya,<br />

ahubwo ni mwe mwayiduhishe; ni mwe mutwika abayigisha, kandi iyo mubishobora, muba<br />

mwaratwitse Ibyanditswe Byera ubwabyo.” 259<br />

Ikibwirizwa cya Tyndale cyakanguye abantu cyane, maze abantu benshi bemera ukuri.<br />

Ariko abapadiri bari bari maso, maze ataramara igihe gito avuye aho yabwiririzaga, abapadiri<br />

bashishikarira gusenya umurimo we bakoresheje ibikangisho no kumuvuga nabi. Inshuro<br />

nyinshi bageraga ku mugambi wabo. Tyndale yaravugaga ati :“Hakorwa iki?” “Mu gihe ndi<br />

kubiba imbuto ahantu hamwe, umwanzi asigara yangiza umurima w’aho namaze kuva.<br />

Sinshobora kubera hose icyarimwe. Yemwe! Iyaba Abakristo bari bafite Ijambo ry’Imana mu<br />

kanwa kabo, bajyaga gushobora kurwanya ababayobya. Kuko Bibiliya itariho, ntibyashoboka<br />

gukomereza abayoboke mu kuri.” 260<br />

Noneho umugambi mushya waje kuzura intekerezo ze. Yaravuze ati: ” Indirimbo za<br />

Zaburi zaririmbirwaga mu ngoro ya Yehova mu rurimi rw’Abisirayeli ubwabo, none se<br />

ntabwo ubutumwa bwavugirwaga muri twe mu rurimi rw’Abongereza? . . . Mbese itorero<br />

ryagombye kugira umucyo muke mu gihe cy’amanywa kuruta mu museke?. . . Abakristo<br />

bagomba gusoma Isezerano Rishya mu rurimi rwabo kavukire.” Intiti n’abigisha b’itorero<br />

175

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!