15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Hafashwe umwanzuro wo kumwohereza kwiga muri imwe muri za kaminuza zo mu Budage<br />

cyangwa mu Buholandi. Uwo musore w’umunyeshuri yahawe uburenganzira bwo<br />

kwihitiramo ishuri azigaho, ariko ntibamwerera ko yahitamo Wittenberg. Abo bihaye Imana<br />

bavugaga ko umunyeshuri w’itorero atagomba gushyirwa mu kaga yaterwa n’inyigisho<br />

z’uburozi z’ubuhakanyi.<br />

Tausen yagiye i Kolonye (Cologne), yahoze ari indiri y’inyigisho z’ubupapa kugeza n’uyu<br />

munsi. Ahageze, bidatinze yaje kurambirwa inyigisho z’amayobera z’intiti zaho. Ahagana<br />

muri icyo gihe kandi niho yabonye inyandiko za Luteri. Yazisomanye amatsiko n’ibyishimo<br />

maze yumva yifuje cyane kwiyigishirizwa n’uwo mugorozi. Nyamara kugenza atyo<br />

byagombaga gutuma akoza isoni umuyobozi we mukuru mu kigo cy’abihaye Imana kandi<br />

bikaba byatuma ubufasha ahabwa buhagarikwa. Bidatinze yafashe icyemezo, ndetse nyuma<br />

y’aho aza kwiyandikisha ngo azige i Wittenberg.<br />

Agarutse i Denmark, yasubiye mu kigo cy’abihayimana aho yabaga. Nta muntu wakekaga<br />

ko yayobotse inyigisho za Luteri; nawe yirinda kumena ibanga rye, ariko agashishikarira<br />

kwerekeza abo babanaga ku kwizera kuboneye no kugira imibereho irushijeho gutungana<br />

ariko atabakomerekeje. Yabumburaga Bibiliya maze agatanga ubusobanurobwayo nyakuri,<br />

maze agasoza ababwiriza Kristo ko ari we gutungana k’umunyabyaha kandi akaba ari we<br />

byiringiro bye rukumbi by’agakiza. Uburakari bw’umuyobozi we bwabaye bwinshi cyane<br />

kuko yari yaramwiringiye cyane ko azaba umuntu w’intwari urwanirira Roma. Yahise akurwa<br />

mu kigo cy’abihaye Imana yarimo bamujyana mu kindi kandi bamufungira mu kumba gato<br />

aho bamucungiraga bugufi.<br />

Kubera iterabwoba rikomeye ry’abari barindishijwe Tausen, abenshi mu bihaye Imana<br />

bavuze ko bayobotse Ubuporotesitanti. Tausen yari yaramenyesheje bagenzi be ukuri<br />

akoresheje kuvuganira nabo mu myanya yari hagati y’ibyuma by’icyumba yari afungiwemo.<br />

Iyo abo bapadiri bo muri Denmark baza kuba abahanga muri gahunda y’itorero ku byerekeye<br />

ubuhakanyi, bari gutuma ijwi rya Tausen ritongera kumvikana. Ariko aho kugira ngo<br />

bamufungire mu kuzimu, bamwirukanye mu kigo cy’abihaye Imana. Noneho nta mbaraga<br />

bari bafite. Itegeko ry’umwami ririnda abigisha inyisho z’amahame mashya ryari rimaze<br />

gutangwa. Tausen yatangiye kubwiriza. Insengero zari zimukinguriwe kandi imbaga y’abantu<br />

bazaga kumwumva. Abandi nabo babwirizaga ijambo ry’Imana. Isezerano Rishya<br />

risobanuwe mu rurimi rw’Ikidanwa, ryakwirakwijwe hose. Umwete wakoreshejwe<br />

n’abayoboke ba Papa wo gusenya umurimo wo waje gutuma uwo murimo waguka, maze<br />

bidatinze Denmark itangaza ko yemera ukwizera kuvuguruwe.<br />

Mu gihugu cya Suwedi (Sweden) naho, abasore bari baranyoye ku isoko y’i Wittenberg,<br />

bashyiriye amazi y’ubugingo abo mu gihugu cy’iwabo. Babiri mu bayobozi b’Ubugorozi mu<br />

gihugu cya Suwedi bitwaga Olaf na Laurentius Petri. Bari abahungu b’umucuzi w’ahitwa<br />

Orebro bari barigishijwe na Luteri na Melanchthon, kandi bari bafite umwete wo kubwiriza<br />

ukuri bari barigishijwe. Nk’uko Luteri yakoraga, Olaf yakanguraga abantu kubw’ishyaka rye<br />

172

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!