15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

abashije gucika abari mu nama. Ariko haje abacamanza bari kumwe n’abasirikare bitwaje<br />

intwaro maze baramukiza. Bibaye mu gitondo cya kare cy’umunsi wakurikiyeho, Farel n’uwo<br />

bari kumwe baraherekejwe babambutsa ikiyaga babageza ahantu hari umutekano. Uko ni ko<br />

umuhati we wa mbere wo kubwiriza ubutumwa i Geneve warangiye.<br />

Ku nshuro ya kabiri, hatoranyijwe igikoresho cyoroheje. Hari umusore wagaragaraga ko<br />

acishije make ku buryo atanakiriwe neza n’abari incuti z’Ubugorozi. Ariko se umusore<br />

nk’uwo yabashaga gukora ahantu Farel yari yaramaganwe? Ni mu buhe buryo umusore wari<br />

ufite ubutwari n’ubunararibonye buke yajyaga gutsinda imiraba uwari umunyambaraga<br />

ukomeye n’intwari kumurusha yari yarahunze? “Si ku bw’amaboko, kandi si ku bw’imbaraga,<br />

ahubwo ni ku bw’<strong>Umwuka</strong> wanjye. Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga.” 247 “Ahubwo Imana<br />

yatoranyije abaswa bo mu isi, ngo ikoze isoni abanyabwenge: kandi yatoranyije ibinyantege<br />

nke byo mu isi, ngo ikoze isoni ibikomeye.” “Kuko ubupfu bw’Imana burusha abantu<br />

ubwenge; kandi intege nke z’Imana zirusha abantu imbaraga.” 248<br />

Froment yatangiye umurimo we ari umwarimu w’ishuri. Ukuri yigishaga abana mu ishuri<br />

bagusubiragamo bari iwabo. Bidatinze ababyeyi bagiye baza kumva uko Bibiliya isobanurwa<br />

kugeza ubwo icyumba cy’ishuri cyuzuraga abantu benshi baje kumutega amatwi batuje.<br />

Isezerano Rishya n’izindi nyandiko byatangirwaga ubuntu kandi byageraga ku bantu benshi<br />

batatinyukaga kujya gutega amatwi izo nyigisho nshya ku mugaragaro. Nyamara hashize<br />

igihe gito gusa, Froment nawe yarahunze nyamara inyigisho yari yarigishije zari zashinze<br />

imizi mu ntekerezo z’abantu. Ubugorozi bwari bwaramaze gushinga imizi, maze bukomeza<br />

gukomera no kwaguka. Ababwiriza bajyaga bahagaruka maze bitewe n’umurimo wabo<br />

amaherezo uburyo bwo gusenga bwa giporotesitanti bushinga imizi i Geneve.<br />

Ubwo Calvin (Kaluvini) yinjiraga mu mujyi wa Geneve nyuma yo kugenda ahantu henshi<br />

no guhura n’ingorane nyinshi, yasanze uwo mujyi waramaze kwemera Ubugorozi. Igihe yari<br />

mu nzira yerekeje i Basel avuye gusura bwa nyuma aho yavukiye, yasanze iyo nzira ya bugufi<br />

irimo ingabo z’umwami Karoli wa V (Charles V) maze biba ngombwa ko anyura inzira<br />

ikikiye ntinyure i Geneve.<br />

Muri uko gusura Farel yabashije kubona ukuboko kw’Imana. Nubwo Geneve yari<br />

yaremeye ukwizera kuvuguruwe, hari hakiri umurimo ukomeye ugomba kuhakorwa. Ntabwo<br />

abantu biyegurira Imana nk’itsinda rigari ry’abantu ahubwo biba kuri buri muntu ku giti cye.<br />

Umurimo wo kugirwa mushya ugomba kugezwa mu mutima no mu ntekerezo<br />

kubw’imbaraga ya Mwuka Muziranenge, atari kubw’amategeko yashyizweho n’inama<br />

z’abantu. Nubwo abaturage b’i Geneve bari baranze ubuyobozi bw’i Roma, ntabwo bari<br />

biteguye gucika ku ngeso zari zarashinze imizi mu gihe cy’ubutegetsi bwa Roma. Gushyiraho<br />

amahame atunganye y’ubutumwa bwiza ndetse no gutegurira abo bantu gukora umurimo<br />

Imana yari ibahamagariye ntibyari byoroshye.<br />

Farel yari yiringiye ko Kaluvini yaba umuntu bashobora gufatanya muri uyu murimo. Mu<br />

izina ry’Imana, yarahije uwo yarahije uwo muvugabutumwa wari ukiri muto ko yaguma i<br />

165

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!