Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri amaso kandi atwaye urumuri rwaka mu maboko ye. Umwami w’Ubufaransa yagaragaye mu “ishusho y’umuntu wihana.” 240 Uko yageraga imbere ya buri alitari, yarapfukamaga akicisha bugufi, bidatewe n’ingeso mbi zahumanyije umutima we cyangwa amaraso y’inzirakarengane yahindanyije ibiganza bye, ahubwo ari kubw’icyaha gikomeye cyane abo ayobora bakoze bahangara kunenga Misa. Inyuma y’umwami hakurikiyeho umwamikazi n’abanyacyubahiro bo mu butegetsi, nabo bakagenda babangikanye babiri babiri buri wese atwaye urumuri rwaka. Nk’umugabane umwe muri gahunda z’uwo munsi, umwami ubwe yagejeje ijambo ku bakomeye bose bari mu cyumba kinini cy’ingoro ya musenyeri. Yahagaze imbere yabo afite umubabaro ugaragara ku maso ye maze avuga amagambo akomeye yinubira icyaha, ubugome ndetse n’umunsi w’umubabaro no gukorwa n’isoni” byagwiririye igihugu cyose. Bityo, yabwiye abamwumvira bose kumufasha gukuraho burundu icyorezo cy’ubuyobe cyari kigendereye gusenya Ubufaransa. Yaravuze ati: ” Mwa banyacyubahiro mwe, ndababwiza ukuri nk’umwami wanyu, ndamutse menye ko kumwe mu maguru yanjye kwandujwe cyangwa kwafashwe n’ubu bwandu bubi, nakubaha mukaguca. Ikigeretseho kandi , ndamutse mbonye umwe mu bana banjye yagezweho n’ubwo bwandu, sinamubabarira. . . . Njye ubwanjye namutanga akaba igitambo.” Yavuganaga ikiniga arira, maze abari aho bose baririra icyarimwe batera hejuru bati : “Tuzaberaho kandi tunapfire itorero gatolika!” 241 Igihugu cyari cyaranze umucyo w’ubutumwa bwiza noneho cyinjiye mu mwijima w’icuraburindi. Ubuntu “buhesha agakiza” bwarerekanwe; ariko nyuma yo kubona imbaraga yabwo n’ubutungane bwabwo, nyuma yaho abantu benshi bakururiwe n’ubwiza bwabwo mvajuru, nyuma y’uko imijyi n’imidugudu mito imurikiwe n’umucyo w’ubwo buntu, Ubufaransa bwo bwabuteye umugongo maze buhitamo umwijima mu cyimbo cy’umucyo. Ubwo bahabwaga impano mvajuru, bayisubije inyuma barayanga. Icyiza bari baracyise ikibi, n’ikibi bacyita icyiza kugeza ubwo baguye mu mutego wo kwibeshya kw’imitima yabo. Noneho nubwo bashobora kuba barizeraga ko mu gutoteza ubwoko bw’Imana bari gukora umurimo wayo, nyamara uko kumaramaza kwabo nikwabagize intungane. Ku bushake bwabo, bari baranze umucyo wajyaga kubarinda kwibeshya, ukababuza kwiyandurisha amaraso. Indahiro ikomeye yo gutsembaho ubuhakanyi yarahiriwe muri katederali nkuru, ari naho nyuma y’ibinyejana bitatu byakurikiyeho, “Ikigirwamana cy’Ubwenge” cyagombaga kuzimikirwa n’igihugu cyari cyaribagiwe Imana nzima. Bongeye gukora rwa rugendo rw’umwiyereko maze abahagarariye Ubufaransa barahaguruka bajya gutangira umurimo bari barahiriye gukora. “Hafi y’aho hari hashinzwe imambo zari gutwikirwaho Abakristo bamwe b’Abaporotesitanti ari bazima, kandi hari hafashwe umugambi wo gukongeza umuriro mu gihe umwami yari bube ari hafi kandi ko abari muri wa mwiyerekano bakwiriye kwihutishwa kugira ngo bibonere uko abahakanyi bapfa.” 242 162

Umwuka W'Imijyi Ibiri Ibyinshi byavugwa ku iyicarubozo abahamya ba Kristo bihanganiye ntawabivuga ngo abirangize, ariko ku ruhande rw’abicwaga nta gucika intege kwabayeho. Ubwo umwe muri bo yasabwaga kwisubiraho, yarashubije ati : “Nizera gusa ibyo abahanuzi n’intumwa babwirije kera, ndetse n’ibyo intungane zose zizeraga. Ukwizera kwanjye gushingiye mu Mana kuzatsinda imbaraga zose z’ikuzimu.” 243 Incuro nyinshi abari muri urwo rugendo bajyaga bahagarara aho abantu bicirwaga. Ubwo bari bageze ku ngoro y’umwami ari naho batangiriye urugendo, ya mbaga y’abantu yaratashye, umwami n’ibyegera bye batandukana banyuzwe n’umwiyerekano w’uwo munsi kandi bishimira ko igikorwa batangije kizakomeza gukorwa kugeza ubwo ubuhakanyi butsembwe burundu. Ubutumwa bw’amahoro Ubufaransa bwari bwaranze bwagombaga kurandurwa kandi ingaruka zabyo zagombaga kuba mbi cyane. Ku wa 21 Mutarama 1793, ubwo hari hashize imyaka magana abiri na mirongo itanu n’umunani uhereye kuri wa munsi Ubufaransa bwiyemereje gutoteza Abagorozi, habayeho urundi rugendo rw’umwiyereko rufite umugambi utandukanye cyane n‘uwa mbere. Abari muri uwo mwiyerekano banyuze mu duhanda two mu mujyi wa Paris. “Nanone, umwami niwe muntu ukomeye wari ugambiriwe; nanone humvikanye amajwi menshi n’induru, kandi humvikanye urusaku rw’abasaba ko hagira abandi bantu bicwa, ndetse hashinzwe izindi mambo kandi gahunda z’uwo munsi zisozwa no kwicwa kw’abantu mu buryo buteye ubwoba. Umwami Ludoviko wa XVI yagendaga akirana n’abari bamufashe ndetse n’abashinzwe kumwica, bagenda bamukurura bamujyanye ku cyuma kigari gishashe hasi maze abantu bafite imbaraga bakimufatiraho aryamye kugeza ubwo ikindi kimeze nk’intorezo kimanukiye kimuca umutwe maze wihirika aho.” 24 Nyamara umwami si we wenyine wahaguye, ahubwo mu minsi yaranzwe no kumena amaraso ubwo hariho ingoma y’igitugu, abantu ibihumbi bibiri na magana inani biciwe hafi y’aho hantu bicishijwe cya cyuma. Ubugorozi bwari bwarashyikirije Bibiliya abatuye isi, bubahishurira amahame agize amategeko y’Imana kandi ibyo asaba bubicengeza mu bantu. Urukundo rw’Imana rutarondoreka rwari rwarahishuriye abantu amategeko n’amahame by’ijuru. Imana yari yaravuze iti: “Nuko mujye muyitondera muyumvira, kuko ari ko bwenge bwanyu n’ubuhanga bwanyu mu maso y’amahanga, azumva ayo mategeko yose, akavuga ati : “Ni ukuri iri shyanga rikomeye ni ubwoko bw’ubwenge n’ubuhanga.” 245 Igihe Ubufaransa bwangaga impano buhawe n’ijuru, bwari bubibye imbuto z’umuvurungano no kurimbuka; kandi ingaruka zaje kuba Umwivumbagatanyo ndetse n’Ingoma y’Iterabwoba. Mbere y’uko akarengane kabyutswa na za nyandiko zamanitswe ahantu hose, hari hashize igihe kirekire umugabo w’intwari witwaga Farel ahunze igihugu cyamubyaye. Yagiye mu Busuwisi maze kubw’imirimo yakoraga asubukura ibyo Zwingli yakoze, yafashije Ubugorozi mu gutuma bwongera gukundwa. Imyaka yakurikiyeho yagombaga kuyimara mu Busuwisi, nyamara yakomeje guteza impinduka ku bugorozi mu Bufaransa. Mu myaka ya mbere yo 163

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Ibyinshi byavugwa ku iyicarubozo abahamya ba Kristo bihanganiye ntawabivuga ngo<br />

abirangize, ariko ku ruhande rw’abicwaga nta gucika intege kwabayeho. Ubwo umwe muri<br />

bo yasabwaga kwisubiraho, yarashubije ati : “Nizera gusa ibyo abahanuzi n’intumwa<br />

babwirije kera, ndetse n’ibyo intungane zose zizeraga. Ukwizera kwanjye gushingiye mu<br />

Mana kuzatsinda imbaraga zose z’ikuzimu.” 243<br />

Incuro nyinshi abari muri urwo rugendo bajyaga bahagarara aho abantu bicirwaga. Ubwo<br />

bari bageze ku ngoro y’umwami ari naho batangiriye urugendo, ya mbaga y’abantu<br />

yaratashye, umwami n’ibyegera bye batandukana banyuzwe n’umwiyerekano w’uwo munsi<br />

kandi bishimira ko igikorwa batangije kizakomeza gukorwa kugeza ubwo ubuhakanyi<br />

butsembwe burundu.<br />

Ubutumwa bw’amahoro Ubufaransa bwari bwaranze bwagombaga kurandurwa kandi<br />

ingaruka zabyo zagombaga kuba mbi cyane. Ku wa 21 Mutarama 1793, ubwo hari hashize<br />

imyaka magana abiri na mirongo itanu n’umunani uhereye kuri wa munsi Ubufaransa<br />

bwiyemereje gutoteza Abagorozi, habayeho urundi rugendo rw’umwiyereko rufite umugambi<br />

utandukanye cyane n‘uwa mbere. Abari muri uwo mwiyerekano banyuze mu duhanda two<br />

mu mujyi wa Paris. “Nanone, umwami niwe muntu ukomeye wari ugambiriwe; nanone<br />

humvikanye amajwi menshi n’induru, kandi humvikanye urusaku rw’abasaba ko hagira<br />

abandi bantu bicwa, ndetse hashinzwe izindi mambo kandi gahunda z’uwo munsi zisozwa no<br />

kwicwa kw’abantu mu buryo buteye ubwoba. Umwami Ludoviko wa XVI yagendaga akirana<br />

n’abari bamufashe ndetse n’abashinzwe kumwica, bagenda bamukurura bamujyanye ku<br />

cyuma kigari gishashe hasi maze abantu bafite imbaraga bakimufatiraho aryamye kugeza<br />

ubwo ikindi kimeze nk’intorezo kimanukiye kimuca umutwe maze wihirika aho.” 24<br />

Nyamara umwami si we wenyine wahaguye, ahubwo mu minsi yaranzwe no kumena amaraso<br />

ubwo hariho ingoma y’igitugu, abantu ibihumbi bibiri na magana inani biciwe hafi y’aho<br />

hantu bicishijwe cya cyuma.<br />

Ubugorozi bwari bwarashyikirije Bibiliya abatuye isi, bubahishurira amahame agize<br />

amategeko y’Imana kandi ibyo asaba bubicengeza mu bantu. Urukundo rw’Imana<br />

rutarondoreka rwari rwarahishuriye abantu amategeko n’amahame by’ijuru. Imana yari<br />

yaravuze iti: “Nuko mujye muyitondera muyumvira, kuko ari ko bwenge bwanyu n’ubuhanga<br />

bwanyu mu maso y’amahanga, azumva ayo mategeko yose, akavuga ati : “Ni ukuri iri<br />

shyanga rikomeye ni ubwoko bw’ubwenge n’ubuhanga.” 245 Igihe Ubufaransa bwangaga<br />

impano buhawe n’ijuru, bwari bubibye imbuto z’umuvurungano no kurimbuka; kandi<br />

ingaruka zaje kuba Umwivumbagatanyo ndetse n’Ingoma y’Iterabwoba.<br />

Mbere y’uko akarengane kabyutswa na za nyandiko zamanitswe ahantu hose, hari hashize<br />

igihe kirekire umugabo w’intwari witwaga Farel ahunze igihugu cyamubyaye. Yagiye mu<br />

Busuwisi maze kubw’imirimo yakoraga asubukura ibyo Zwingli yakoze, yafashije Ubugorozi<br />

mu gutuma bwongera gukundwa. Imyaka yakurikiyeho yagombaga kuyimara mu Busuwisi,<br />

nyamara yakomeje guteza impinduka ku bugorozi mu Bufaransa. Mu myaka ya mbere yo<br />

163

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!