Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri Imiburo, kubinginga ndetse no kubacyaha binaniwe kugira icyo bigeraho, yaboherereje impano iruta izindi zose zo mu ijuru, kandi si iyo mpano yonyine gusa, ahubwo yaboherereje ijuru ryose binyuze muri iyo Mpano. Umwana w’Imana ubwe yatumwe guhendahenda abaturage b’uwo mujyi banze kwihana. Kristo ni we wari waravanye Isiraheli mu Misiri imeze nk’umuzabibu. Zaburi 80 :8. Ukuboko kwe ni ko kwari kwarirukanye abapagani imbere y’uwo muzabibu. Yari yarawuteye “ku musozi urumbuka cyane.” Uburinzi bwe bwo kuwitaho bwari bwarawubereye uruzitiro rukomeye. Yari yaratumye abagaragu be kuwukorera. Yaratatse ati « Ikintu nari nkwiriye gukorera uruzabibu rwanjye nasize ni ikihe ?” Yesaya 5:1-4. Nubwo igihe yari yiteze ko ruzera inzabibu yasanze rwareze imbuto mbi, we ubwe yaje mu ruzabibu rwe afite ibyiringiro bisabwe n’icyifuzo cy’uko rwazera imbuto, kugira ngo arebe ko rwagira amahirwe yo gukira kurimbuka. Yahingiye uruzabibu rwe; yararukaragiye kandi ararusigasira. Ntiyigeze acogora mu muhati we wo gukiza uruzabibu rwe yihingiye. Umukiza ufite umucyo n’ikuzo yamaze imyaka itatu agendera mu bantu b’ishyanga rye «akagenda agirira abantu neza, agakiza abo Satani atwaza igitugu ”, ahumuriza abafite intimba, ahesha umudendezo abari imbohe, ahumura impumyi, akiza ibirema bikagenda n’ibiragi bikumva, ahumanura ababembe, azura abapfuye kandi akigisha abakene ubutumwa bwiza. Ibyakozwe n’Intumwa 10:38; Luka 4 :18 ; Matayo 11 :5. Yahamagaranye impuhwe abantu b’ingeri zose avuga ati : « Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura.» Matayo 11:28. Nubwo yabagiriye ineza bakamwitura inabi, kandi kubakunda kwe bakabyitura kumwanga (Zaburi 109 :5), yari yarakomeje umurimo we w’impuhwe adacogora. Ntiyigeze asubiza inyuma umuntu wese wamusanze akeneye kugirirwa ubuntu. Umukiza wagendaga ahantu hose atagira icumbi atahamo, kunegurwa ndetse n’ubukene bukabije bikaba ari byo byari umunani we wa buri munsi. Yabereyeho gukemura ibibazo by’abantu no kuborohereza imibabaro yabo, no kubingigira kwemera kwakira impano y’ubugingo. Impuhwe ze zabaga zasuzuguwe n’abafite imitima yinangiye zabagarukagaho mu rukundo rwuje ibambe rikomeye kandi rutarondoreka. Nyamara Abisiraheli bari barateye umugongo Incuti yabo magara n’Umufasha wabo umwe rukumbi. Bari barahinyuye kwinginga guturutse ku rukundo rwe, barasuzuguye inama ze kandi baragize urw’amenyo imiburo ye. Igihe cy’ibyiringiro no kubabarirwa cyahitaga vuba vuba. Igikombe cy’uburakari bw’Imana bwari bumaze igihe bwarakumiriwe cyari hafi kuzura. Igicu cyari cyaragiye cyiyegeranya mu bihe babayemo by’ubuhakanyi no kwigomeka, icyo gihe kikaba cyari cyijimishijwe n’akaga, cyari hafi yo gusandara kikisuka ku ishyanga ryari riciriweho iteka; kandi Umwe rukumbi wagombaga kubakiza ako kaga kari kabasatiriye bari baramukerenseje, baramupfobya, banga kumwakira, kandi bari hafi kumubamba. Ubwo Kristo yari kumanikwa ku musaraba i Kaluvari, igihe Isiraheli yahawe cyo kuba ishyanga rikunzwe kandi rihiriwe n’Imana cyari kuba kigeze ku iherezo. Gupfa k’umuntu 8

Umwuka W'Imijyi Ibiri n’iyo yaba umwe ni akaga gakomeye gasumba kure inyungu ndetse n’ubutunzi byo ku isi. Nyamara ubwo Kristo yitegerezaga umujyi wa Yerusalemu, yarebaga umujyi ugiye kurimbuka wose, yarebaga ishyanga rigiye kurimbuka ryose —umujyi n’ishyanga Imana yari yaritoranyirije, ubutunzi bwayo bw’umwihariko. Abahanuzi bari bararijijwe n’ubuyobe bw’Abisiraheli n’akaga gakomeye kabageragaho bahaniwe ibyaha bakoze. Umuhanuzi Yeremiya yifuje ko amaso ye yaba isoko y’amarira kugira ngo arire amanywa n’ijoro arizwa n’abantu be bishwe, arizwa n’umukumbi w’Uwiteka wajyanyweho iminyago. Yeremiya 9:1 ; 13 :17. None se, ni iki cyari gishavuje ufite ubushobozi bwo kureba ibizaba, atari ibyo mu myaka mike ahubwo mu bihe byinshi! Yitegereje marayika urimbura afite inkota ayibanguriye umujyi wahoze ari ubuturo bwa Yehova kuva kera. Ari mu mpinga y’umusozi w’imyelayo, aho hakaba haraje kwigarurirwa na Titus n’ingabo ze, yarambuye amaso mu kibaya yitegereza urugo rw’ingoro nziranenge y’Imana n’amabaraza yayo, maze amaso ye yari ashavujwe n’amarira yitegereza inkike zigoswe n’ingabo z’abanyamahanga. Yumvise imirindi y’ingabo zitonze umurongo zigiye ku rugamba. Yumvise urusaku rw’ababyeyi n’abana barizwaga no gushaka icyo kurya bari muri uwo mujyi igihe wari kuba ugoswe. Yabonye ingoro nziranenge kandi nziza cyane yari muri uwo mujyi, ndetse n’amazu yawo meza n’iminara bitwikwa, maze aho byahoze byubatse ahabona ikirundo cy’amatongo acumba umwotsi. Yitegereje mu myaka izakurikiraho, yabonye abantu bo mu ishyanga ryahoze ari iry’isezerano batataniye mu bihugu byose bameze nk’“utumene tw’ubwato tunyanyagiye ku nkombe yumagaye”. Mu gihano cy’igihe gitoya cyari kigiye kugera ku bana be, yabonagamo gusogongera ku gikombe cy’uburakari bagombaga kuzanywaho bakagikonoza ku munsi w’urubanza ruheruka. Yerekaniye impuhwe z’Imana n’urukundo rwuje imbabazi muri aya magambo yavuze abaririra ati « Yerusalemu, Yerusalemu, wica abahanuzi, ugatera amabuye abagutumweho, ni kangahe nshaka kubundikira abana bawe, nk’uko inkoko ibundikira imishwi yayo mu mababa yayo; ntimunkundire.» Yemwe abo mu ishyanga ryatoranyijwe, iyo mumenya igihe mwagenderewemo kandi mugasobanukirwa n’ibyabahesha amahoro! Nabaye ndetse kurekura marayika wo guhana abadakiranuka, nabararikiye kwihana, ariko byabaye iby’ubusa. Ntabwo abagaragu banjye, intumwa nabatumyeho ndetse n’abahanuzi ari bo gusa mwanze kwemera no kwakira, ahubwo mwanze Umuziranenge wa Isirayeli, Umucunguzi wanyu. Nimurimbuka, ni mwe muzaba mwizize. « Mwanze kuza aho ndi ngo muhabwe ubugingo”. Matayo 23:37; Yohana 5:40. Kristo yabonaga Yerusalemu ishushanya isi yinangiriye mu kutizera no mu kwigomeka, yihuta ijya gusakirana n’igihano cy’urubanza iciriweho n’Imana. Amakuba yari ku bwoko bwagomye yashenguraga umutima we ni yo yamuteye uko kurira kurenze urugero atakishwa n’umubabaro. Yabonye ukuntu amateka y’icyaha agaragarira mu butindi bukabije, mu marira no mu mivu y’amaraso by’abantu; umutima we wagiriraga imbabazi abantu bari mu kaga 9

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

n’iyo yaba umwe ni akaga gakomeye gasumba kure inyungu ndetse n’ubutunzi byo ku isi.<br />

Nyamara ubwo Kristo yitegerezaga umujyi wa Yerusalemu, yarebaga umujyi ugiye<br />

kurimbuka wose, yarebaga ishyanga rigiye kurimbuka ryose —umujyi n’ishyanga Imana yari<br />

yaritoranyirije, ubutunzi bwayo bw’umwihariko.<br />

Abahanuzi bari bararijijwe n’ubuyobe bw’Abisiraheli n’akaga gakomeye kabageragaho<br />

bahaniwe ibyaha bakoze. Umuhanuzi Yeremiya yifuje ko amaso ye yaba isoko y’amarira<br />

kugira ngo arire amanywa n’ijoro arizwa n’abantu be bishwe, arizwa n’umukumbi w’Uwiteka<br />

wajyanyweho iminyago. Yeremiya 9:1 ; 13 :17. None se, ni iki cyari gishavuje ufite<br />

ubushobozi bwo kureba ibizaba, atari ibyo mu myaka mike ahubwo mu bihe byinshi!<br />

Yitegereje marayika urimbura afite inkota ayibanguriye umujyi wahoze ari ubuturo bwa<br />

Yehova kuva kera. Ari mu mpinga y’umusozi w’imyelayo, aho hakaba haraje kwigarurirwa<br />

na Titus n’ingabo ze, yarambuye amaso mu kibaya yitegereza urugo rw’ingoro nziranenge<br />

y’Imana n’amabaraza yayo, maze amaso ye yari ashavujwe n’amarira yitegereza inkike<br />

zigoswe n’ingabo z’abanyamahanga. Yumvise imirindi y’ingabo zitonze umurongo zigiye ku<br />

rugamba. Yumvise urusaku rw’ababyeyi n’abana barizwaga no gushaka icyo kurya bari muri<br />

uwo mujyi igihe wari kuba ugoswe. Yabonye ingoro nziranenge kandi nziza cyane yari muri<br />

uwo mujyi, ndetse n’amazu yawo meza n’iminara bitwikwa, maze aho byahoze byubatse<br />

ahabona ikirundo cy’amatongo acumba umwotsi.<br />

Yitegereje mu myaka izakurikiraho, yabonye abantu bo mu ishyanga ryahoze ari<br />

iry’isezerano batataniye mu bihugu byose bameze nk’“utumene tw’ubwato tunyanyagiye ku<br />

nkombe yumagaye”. Mu gihano cy’igihe gitoya cyari kigiye kugera ku bana be, yabonagamo<br />

gusogongera ku gikombe cy’uburakari bagombaga kuzanywaho bakagikonoza ku munsi<br />

w’urubanza ruheruka.<br />

Yerekaniye impuhwe z’Imana n’urukundo rwuje imbabazi muri aya magambo yavuze<br />

abaririra ati « Yerusalemu, Yerusalemu, wica abahanuzi, ugatera amabuye abagutumweho, ni<br />

kangahe nshaka kubundikira abana bawe, nk’uko inkoko ibundikira imishwi yayo mu mababa<br />

yayo; ntimunkundire.» Yemwe abo mu ishyanga ryatoranyijwe, iyo mumenya igihe<br />

mwagenderewemo kandi mugasobanukirwa n’ibyabahesha amahoro! Nabaye ndetse<br />

kurekura marayika wo guhana abadakiranuka, nabararikiye kwihana, ariko byabaye<br />

iby’ubusa. Ntabwo abagaragu banjye, intumwa nabatumyeho ndetse n’abahanuzi ari bo gusa<br />

mwanze kwemera no kwakira, ahubwo mwanze Umuziranenge wa Isirayeli, Umucunguzi<br />

wanyu. Nimurimbuka, ni mwe muzaba mwizize. « Mwanze kuza aho ndi ngo muhabwe<br />

ubugingo”. Matayo 23:37; Yohana 5:40.<br />

Kristo yabonaga Yerusalemu ishushanya isi yinangiriye mu kutizera no mu kwigomeka,<br />

yihuta ijya gusakirana n’igihano cy’urubanza iciriweho n’Imana. Amakuba yari ku bwoko<br />

bwagomye yashenguraga umutima we ni yo yamuteye uko kurira kurenze urugero atakishwa<br />

n’umubabaro. Yabonye ukuntu amateka y’icyaha agaragarira mu butindi bukabije, mu marira<br />

no mu mivu y’amaraso by’abantu; umutima we wagiriraga imbabazi abantu bari mu kaga<br />

9

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!