15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

abigisha muri za kaminuza, abanditsi ndetse n’abakozi boroheje b’ibwami. Abantu amagana<br />

menshi barahunze bava i Paris, biyemeza guhunga ku bushake bwabo maze bava mu gihugu<br />

cyabo cya kavukire, kandi ibyo biba ikimenyetso cy’ibanze ko bashyigikiye ukwizera<br />

kuvuguruwe. Abambari ba Papa barebye abahakanyi benshi batakekaga bari babarimo<br />

batabishisha maze birabatangaza. Uburakari bwabo babutuye imbaga y’abacishije bugufi bari<br />

bafiteho ubushobozi. Gereza zujujwe abantu, n’ikirere gisa n’icyijimishijwe n’umyotsi<br />

w’umuriro wacaniwe gutwika abantu bemeraga ubutumwa bwiza.<br />

Umwami Faransisiko wa mbere yari yarahawe icyubahiro cyo kuba yarabaye umuyobozi<br />

muri gahunda yo kubyutsa ibyerekeye kwiga yaranze itangira ry’ikinyejana cya cumi na<br />

gatandatu. Yari yarashimishijwe no guteranyiriza mu ngoro ye abantu bose b’abahanga mu<br />

by’indimi bavuye mu bihugu byose. Urukundo yakundaga ubumenyi, n’urwango yangaga<br />

ubujiji n’imihango by’abihaye Imana, ni rwo ku ruhande rumwe rwamuteye nibura<br />

kwihanganira ubugorozi. Ariko, kubw’ishyaka ryo kurandurana imizi ubuhakanyi, uwo<br />

muntu wari ushyigikiye ubumenyi yatanze itegeko ryo guhagarika icapwa ry’inyandiko mu<br />

gihugu cy’Ubufaransa cyose. Faransisiko wa mbere ni umwe mu ngero nyinshi zanditswe<br />

zerekana ko umuco ushingiye ku buhanga atari ikintu gishobora guhagarika kutihanganirana<br />

no kurenganya mu by’iyobokamana.<br />

Binyuze mu birori bikomeye kandi bikorewe mu ruhame, Ubufaransa bwagombaga<br />

kwiyemeza kurimbura Ubuporotestanti burundu. Abapadiri basabye ko igitutsi Ijuru<br />

ryatutswe binyuze mu kunenga Misa, cyahanagurwa n’amaraso kandi ko umwami, mu izina<br />

ry’abaturage be, atangira mu ruhame igihano kigenewe icyo gikorwa kibi bikabije.<br />

Kuwa 21 Mutarama 1535 niwo munsi washyiriweho kwizihiza ibyo birori biteye ubwoba.<br />

Ubwoba budafite ishingiro ndetse n’urwango by’abatuye igihugu bose byari byabyukijwe.<br />

Umujyi wa Paris winjiwemo n’imbaga y’abantu bavuye ahawukikije hose maze buzura<br />

imihanda yawo. Uwo munsi wagombaga gutangizwa n’urugendo rw’umwiyereko. “Inzu<br />

zikikije aho abari bari mu mwiyereko banyuraga zari zimanitsweho ibitambaro bigaragaza<br />

icyunamo, kandi za alitari zari ziteretswe ku nzira zigiye zitandukanywa n’intera ingana.<br />

Imbere ya buri muryango hari urumuri mu rwego rwo kubahiriza ‘isakaramento ritagatifu.’<br />

Urwo rugendo rw’umwiyereko rwatangiriye ku ngoro y’umwami mu rukerera. “Imbere<br />

habanzaga abantu batwaye imisaraba n’amabendera by’amaparuwasi atandukanye,<br />

hagakurikiraho rubanda rwagendaga babangikanye babiri babiri kandi batwaye imuri zaka.”<br />

Abayobozi bane b’ibanze mu rwego rw’itorero bakurikiyeho buri wese yambaye imyambaro<br />

ye yihariye. Abo bakurikiwe n’abatwaye ibintu bijyanye n’abatagatifu n’abahowe kwizera<br />

kwabo. Abo nabo bakurikiwe n’abepesikopi bagendera ku mafarashi bambaye amakanzu<br />

arabagirana n’imyambaro itatsweho amasaro kandi irabagirana.<br />

“Ukarisitiya yari itwawe na musenyeri w’i Paris iri munsi y’igitwikirizo kirabagirana.<br />

Inyuma ye hari hakurikiyeho umwami. Uwo munsi umwami Faransisiko wa I ntiyambaye<br />

ikamba ry’ubwami ndetse n’ikanzu ya cyami.” Yagendaga umutwe we uriho ubusa, yubitse<br />

161

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!