Umwuka W'Imijyi Ibiri
Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge. Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.
Umwuka W'Imijyi Ibiri bityo bukaba bwizaniye gusenyuka nta kabuza. Ibyabaye kuri abo bagorozi b’indahemuka birimo icyigisho kubo mubihe byose bizakurikiraho. Uburyo Satani akoresha arwanya Imana n’Ijambo ryayo ntibwigeze buhinduka. Kugeza n’uyu munsi aracyarwanya ko Ibyanditswe Byera byaba umuyobozi w’abantu nk’uko yabigenje mu kinyajana cya cumi na gatandatu. Muri iyi minsi yacu, hariho gutandukira gukabije abantu bava mu mahame n’amabwiriza yabo, bityo hari ubukene bwo kugaruka ku ihame ry’ingenzi Ubuporotesitanti bwari bushingiyeho ari ryo ryavugaga ko Bibiliya yonyine ari yo muyobozi wo kwizera n’ibyo umuntu agomba gukora. Satani aracyakoresha uburyo bwose afite kugira ngo abashe gukuraho umudendezo mu by’idini. Imbaraga irwanya Kristo Abaporotesitanti b’i Spires barwanyije, muri iki gihe irakorana imbaraga nshya ishaka kongera gushinga ubutware bwayo. Kudakebakeba ku Ijambo ry’Imana kwagaragaye muri cya gihe kibi Ubugorozi bwari burimo, nibyo byiringiro rukumbi by’ubugorozi muri iki gihe. Ahagaragaraga ibimenyetso by’akaga gashobora kugera ku Baporotestanti, hanabonekaga ibindi bimenyetso bibereka ko ukuboko kw’Uwiteka kuramburiye kurinda indahemuka. Icyo gihe nibwo “Melanchthon yashoreye bwangu incuto ye yitwaga Simoni Grynaeus amunyuza mu tuyira tw’i Spires, amushushubikanya ngo yambuke uruzi rwa Rhine atazuyaje. Grynaeus yatangajwe n’uko gushushubikanywa. Melanchthon yaramushubije ati: ‘Umusaza ufite ishusho idasanzwe w’umunyacyubahiro kandi ntashoboye kumenya uwo ari we yahagaze imbere yanjye maze arambwira ati: ‘Mu kanya gato Feridinandi arohereza abasirikare bo gufata Grynaeus.’” Muri uwo munsi uwitwa Faber wari umudogiteri w’umuyobozi mu butegetsi bwa Papa yari yandagaje Grynaeus mu kibwirizwa; kandi ubwo cyari kirangiye yari yagiye iwe amusaba kutazongera gushyigikira icyo yitaga “ibinyoma byangwa urunuka.” “Faber yahishe uburakari bwe , ariko ahita ajya kureba umwami wari wamuhaye uburenganzira bwo kurwanya umwigisha w’ahitwaga Heidelberg. Ntabwo Melancthon yashidikanyije ko Imana yakijije incuti ikoresheje kohereza umwe mu bamarayika bayo bera kugira ngo amuburire. “Melanchthon yahagaze ku nkombe y’uruzi rwa Rhine, maze arategereza kugeza igihe Grynaeus amariye kwambuka agacika abamuhigaga. Ubwo Melanchthon yabonaga igeze ku nkombe yo hakurya, yaranezerewe aravuga ati: “Amaherezo acitse imikaka y’ubugome y’abari bafite inyota yo kuvusha amaraso y’umuziranenge.’ Ubwo yagarukaga ku icumbi rye, Melanchthon yabwiwe ko abasirikare bashakaga Grynaeus basatse inzu ye kuva hasi kugera mu gisenge.” 202 Ubugorozi bwagombaga kurushaho gukurura intekerezo z’abakomeye bo ku isi. Umwami Feridinandi yari yaranze gutega amatwi bya bikomangoma byari byarayobotse ubutumwa bwiza ngo byiregure, ariko bagombaga guhabwa amahirwe yo kuvuga ibyo kwizera kwari imbere y’umwami w’abami ndetse n’imbere y’inteko y’abakomeye mu nzego z’itorero na Leta. Kugira ngo ahoshe amacakubiri yari ateje umuvurungano mu bwami bwe, mu mwaka wakurikiye kwa Guhakana kwabereye i Spires, Charles wa V (Karoli wa 5) yatumije inama 144
Umwuka W'Imijyi Ibiri y’abategetsi bakuru i Augsburg kandi avuga ko ari we ubwe uzayiyoborera. Abayobozi b’Ubuporotesitanti nabo bahamagawe muri iyo nama. Akaga gakomeye kari kugarije Ubugorozi; ariko abari babushyigikiye bashyize uwo murimo wabo mu maboko y’Imana, kandi nabo ubwabo barahirira ko bazashikama ku butumwa bwiza. Abajyanama b’umwepisikopi w’i Saxony bamusabye ko atagomba kujya mu nama y’abategetsi bakuru b’igihugu. Baramubwiye ko umwami w’abami yasabye ko ibikomangoma biza muri iyo nama kugira ngo abagushe mu mutego. Baravugaga bati: “Mbese ntibyaba ari ukwigerezaho kujya kwifungirana mu nkuta z’umujyi urimo umwanzi ukomeye?” Ariko abandi bo bavuganaga icyizere bati: “Nimutyo ibikomangoma byonyine bigendane ubutwari, bityo umurimo w’Imana ntuzahungabana.” Luteri we yaravuze ati: “Imana ni indahemuka, ntabwo izadutererana.” Umwepisikopi ahagurukana n’ibyegera bye bajya i Augsburg. Bose bari bazi akaga uwo mwepesikopi arimo bityo benshi bagenda bababaye kandi bahagaritse umutima. Ariko Luteri wabaherekeje akabageza i Coburg, yasubizaga intege kwizera kwabo kwari guhungabanye akoresheje kubaririmbira indirimbo isingiza Imana yahimbiye muri urwo rugendo agira ati: “Imana yacu ni Yo munara ukomeye.” Mu kumva amajwi y’iyo ndirimbo, ibyinshi mu byabaga bibahangayikishije byavagaho, kandi benshi mu babaga bahagaritse umutima bagatuza.203 Ibikomangoma byayobotse ubugorozi byari byiyemeje gutegura inyandiko igaragaza mu buryo buteguye neza ingingo zishyigikiye kwizera kwabo, bagashyiramo n’ibihamya bivuye mu Byanditswe Byera kugira ngo bazayisomere imbere y’inama nkuru. Umurimo wo gutegura iyo nyandiko washinzwe Luteri na Melanchthon ndetse n’ababungirije. Iyo nyandiko yemewe n’Abaporotesitanti ko ari inyandiko isobanura ibyo kwizera kwabo maze bateranira hamwe kugira ngo bashyire amazina yabo kuri iyo nyandiko y’ingenzi. Icyo cyari igihe gikomeye kandi kiruhije. Abagorozi bifuzaga ko umurimo wabo utakwitiranywa n’ibibazo bya politike. Bumvaga ko Ubugorozi budakwiriye kugira ikindi buhindura mu bantu kidakomotse mu Ijambo ry’Imana. Ubwo ibikomangoma byayobotse Ubukristo byari bigiye gushyira umukono kuri iyo nyandiko y’Ubuhamya, Melanchthon yabyitambitsemo aravuga ati: “Ibi bireba abize iby’iyobokamana, n’abavugabutumwa. Naho ibindi bibazo tugomba kubiharira abafite ubushobozi bo ku isi.” Yohana w’i Saxony yaramusubije ati: “Ibyo biragatsindwa ko wampeza! Niyemeje gukora ibyo mbona ko bitunganye ntitaye ku ikamba ryanjye. Ndifuza guhamya Umukiza. Ingofero yanjye impesha uburenganzira bwo gutora umwami w’abami n’ikanzu by’ubwepisikopi ntibindutira umusaraba wa Yesu Kristo.” Amaze kuvuga atyo aratambuka yandika izina rye . Ubwo undi wo mu bikomangoma yafataga ikaramu yaravuze ati: “Niba icyubahiro cy’Umwami wanjye Yesu Kristo kibinsaba, niteguye gusiga ibyanjye no gutanga ubuzima bwanjye.” “Nahitamo kureka abo nyobora n’intara ntegeka, nahitamo gusiga igihugu cya ba data nkagenda nitwaje ikibando mu ntoke. . . aho kwemera andi mahame uretse ayanditswe muri iyi Nyandiko.” Uko ni ko kwizera n’ubutwari by’abo bantu b’Imana byari bimeze. 204 145
- Page 102 and 103: Umwuka W'Imijyi Ibiri Uwo muyobozi
- Page 104 and 105: Umwuka W'Imijyi Ibiri nzi niba Papa
- Page 106 and 107: Umwuka W'Imijyi Ibiri tangazo rimuc
- Page 108 and 109: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 8 -
- Page 110 and 111: Umwuka W'Imijyi Ibiri Mu kurangiza
- Page 112 and 113: Umwuka W'Imijyi Ibiri maze bamwingi
- Page 114 and 115: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Luteri y
- Page 116 and 117: Umwuka W'Imijyi Ibiri byamwongereye
- Page 118 and 119: Umwuka W'Imijyi Ibiri “Niringira
- Page 120 and 121: Umwuka W'Imijyi Ibiri bitangaza inc
- Page 122 and 123: Umwuka W'Imijyi Ibiri agatera umugo
- Page 124 and 125: Umwuka W'Imijyi Ibiri Bamusabye kub
- Page 126 and 127: Umwuka W'Imijyi Ibiri 118
- Page 128 and 129: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’abaturage
- Page 130 and 131: Umwuka W'Imijyi Ibiri amagambo mens
- Page 132 and 133: Umwuka W'Imijyi Ibiri Muri icyo gih
- Page 134 and 135: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubugorozi bwa
- Page 136 and 137: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwinezeza. Ab
- Page 138 and 139: Umwuka W'Imijyi Ibiri ryo muyobozi
- Page 140 and 141: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu kurwanya u
- Page 142 and 143: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Luteri y
- Page 144 and 145: Umwuka W'Imijyi Ibiri bazisomeraga
- Page 146 and 147: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 11
- Page 148 and 149: Umwuka W'Imijyi Ibiri Umudendezo wo
- Page 150 and 151: Umwuka W'Imijyi Ibiri mu nama adaha
- Page 154 and 155: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igihe cyo kwi
- Page 156 and 157: Umwuka W'Imijyi Ibiri Amasengesho y
- Page 158 and 159: Umwuka W'Imijyi Ibiri Lefevre yari
- Page 160 and 161: Umwuka W'Imijyi Ibiri tubari, bagen
- Page 162 and 163: Umwuka W'Imijyi Ibiri bakora vuba v
- Page 164 and 165: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kaluvini yara
- Page 166 and 167: Umwuka W'Imijyi Ibiri n’aho umwuk
- Page 168 and 169: Umwuka W'Imijyi Ibiri Urwo rugendo
- Page 170 and 171: Umwuka W'Imijyi Ibiri amaso kandi a
- Page 172 and 173: Umwuka W'Imijyi Ibiri kuba mu buhun
- Page 174 and 175: Umwuka W'Imijyi Ibiri Geneve kandi
- Page 176 and 177: Umwuka W'Imijyi Ibiri kwari ingenzi
- Page 178 and 179: Umwuka W'Imijyi Ibiri ikigeragezo c
- Page 180 and 181: Umwuka W'Imijyi Ibiri Hafashwe umwa
- Page 182 and 183: Umwuka W'Imijyi Ibiri bari barasese
- Page 184 and 185: Umwuka W'Imijyi Ibiri ntibabashije
- Page 186 and 187: Umwuka W'Imijyi Ibiri bw’ubuntu b
- Page 188 and 189: Umwuka W'Imijyi Ibiri ubutware bw
- Page 190 and 191: Umwuka W'Imijyi Ibiri Urwo rugamba
- Page 192 and 193: Umwuka W'Imijyi Ibiri gihe, iryo zi
- Page 194 and 195: Umwuka W'Imijyi Ibiri Ubwo Yohani W
- Page 196 and 197: Umwuka W'Imijyi Ibiri Kandi nubwo i
- Page 198 and 199: Umwuka W'Imijyi Ibiri Igice Cya 15
- Page 200 and 201: Umwuka W'Imijyi Ibiri ku magambo y
<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />
bityo bukaba bwizaniye gusenyuka nta kabuza. Ibyabaye kuri abo bagorozi b’indahemuka<br />
birimo icyigisho kubo mubihe byose bizakurikiraho. Uburyo Satani akoresha arwanya Imana<br />
n’Ijambo ryayo ntibwigeze buhinduka. Kugeza n’uyu munsi aracyarwanya ko Ibyanditswe<br />
Byera byaba umuyobozi w’abantu nk’uko yabigenje mu kinyajana cya cumi na gatandatu.<br />
Muri iyi minsi yacu, hariho gutandukira gukabije abantu bava mu mahame n’amabwiriza<br />
yabo, bityo hari ubukene bwo kugaruka ku ihame ry’ingenzi Ubuporotesitanti bwari<br />
bushingiyeho ari ryo ryavugaga ko Bibiliya yonyine ari yo muyobozi wo kwizera n’ibyo<br />
umuntu agomba gukora. Satani aracyakoresha uburyo bwose afite kugira ngo abashe<br />
gukuraho umudendezo mu by’idini. Imbaraga irwanya Kristo Abaporotesitanti b’i Spires<br />
barwanyije, muri iki gihe irakorana imbaraga nshya ishaka kongera gushinga ubutware<br />
bwayo. Kudakebakeba ku Ijambo ry’Imana kwagaragaye muri cya gihe kibi Ubugorozi bwari<br />
burimo, nibyo byiringiro rukumbi by’ubugorozi muri iki gihe.<br />
Ahagaragaraga ibimenyetso by’akaga gashobora kugera ku Baporotestanti, hanabonekaga<br />
ibindi bimenyetso bibereka ko ukuboko kw’Uwiteka kuramburiye kurinda indahemuka. Icyo<br />
gihe nibwo “Melanchthon yashoreye bwangu incuto ye yitwaga Simoni Grynaeus amunyuza<br />
mu tuyira tw’i Spires, amushushubikanya ngo yambuke uruzi rwa Rhine atazuyaje. Grynaeus<br />
yatangajwe n’uko gushushubikanywa. Melanchthon yaramushubije ati: ‘Umusaza ufite<br />
ishusho idasanzwe w’umunyacyubahiro kandi ntashoboye kumenya uwo ari we yahagaze<br />
imbere yanjye maze arambwira ati: ‘Mu kanya gato Feridinandi arohereza abasirikare bo<br />
gufata Grynaeus.’”<br />
Muri uwo munsi uwitwa Faber wari umudogiteri w’umuyobozi mu butegetsi bwa Papa<br />
yari yandagaje Grynaeus mu kibwirizwa; kandi ubwo cyari kirangiye yari yagiye iwe<br />
amusaba kutazongera gushyigikira icyo yitaga “ibinyoma byangwa urunuka.” “Faber yahishe<br />
uburakari bwe , ariko ahita ajya kureba umwami wari wamuhaye uburenganzira bwo<br />
kurwanya umwigisha w’ahitwaga Heidelberg. Ntabwo Melancthon yashidikanyije ko Imana<br />
yakijije incuti ikoresheje kohereza umwe mu bamarayika bayo bera kugira ngo amuburire.<br />
“Melanchthon yahagaze ku nkombe y’uruzi rwa Rhine, maze arategereza kugeza igihe<br />
Grynaeus amariye kwambuka agacika abamuhigaga. Ubwo Melanchthon yabonaga igeze ku<br />
nkombe yo hakurya, yaranezerewe aravuga ati: “Amaherezo acitse imikaka y’ubugome<br />
y’abari bafite inyota yo kuvusha amaraso y’umuziranenge.’ Ubwo yagarukaga ku icumbi rye,<br />
Melanchthon yabwiwe ko abasirikare bashakaga Grynaeus basatse inzu ye kuva hasi kugera<br />
mu gisenge.” 202<br />
Ubugorozi bwagombaga kurushaho gukurura intekerezo z’abakomeye bo ku isi. Umwami<br />
Feridinandi yari yaranze gutega amatwi bya bikomangoma byari byarayobotse ubutumwa<br />
bwiza ngo byiregure, ariko bagombaga guhabwa amahirwe yo kuvuga ibyo kwizera kwari<br />
imbere y’umwami w’abami ndetse n’imbere y’inteko y’abakomeye mu nzego z’itorero na<br />
Leta. Kugira ngo ahoshe amacakubiri yari ateje umuvurungano mu bwami bwe, mu mwaka<br />
wakurikiye kwa Guhakana kwabereye i Spires, Charles wa V (Karoli wa 5) yatumije inama<br />
144