15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

Umudendezo wo gutanga ibitekerezo by’umuntu wari gukomwa mu nkokora. Nta<br />

kwihana ngo umuntu ahinduke kwajyaga kwemerwa, kandi incuti z’Ubugorozi zari zisabwe<br />

kumvira ayo mabwiriza yatanzwe ndetse n’ibyabuzanyijwe. Ibyiringiro by’abatuye isi<br />

byasaga n’ibiyoyotse. “Kongera guhabwa intebe kw’imitegekere ya Roma kwagombaga<br />

byanze bikunze kugarura ibibi byahozeho kera;” kandi mu buryo bwihuse hari kuboneka<br />

icyuho cyo “kurangiza gahunda yo gusenya umurimo wari umaze kunyeganyezwa mu buryo<br />

bw’urugomo” n’agatsiko k’abaka ndetse n’amacakubiri. 182<br />

Igihe itsinda ry’abashyigikiye ubutumwa bwiza ryateranaga ngo bajye inama y’icyo<br />

bakora, buri wese yarebaga undi ashobewe. Barabazanyaga bati: “Ni iki cyakorwa?” Ingingo<br />

zikomeye zireba abatuye isi zari zigeze aharindimuka. “Mbese abayobozi bakuru<br />

b’Ubugorozi bajyaga gucisha make maze bakemera iryo teka? Mbega uburyo, muri ako kaga<br />

kari gakomeye mu by’ukuri, byari byoroheye abagorozi kuba bakwishora mu nzira<br />

idatunganye! Mbega uburyo bari kuba bafite inzitwazo nyinshi zumvikana n’impamvu<br />

zigaragara zibatera guca bugufi bakemera! Ibikomangoma byari byarayobotse inyigisho za<br />

Luteri byahawe umudendezo wo kugendera mu myizerere yabo. Ubwo burenganzira kandi<br />

bwahawe n’abandi bose bari barayobotse imyizerere ivuguruwe mbere y’uko iryo tegeko<br />

ritangwa. None se ibyo ntibyari kubanezeza? Ni akaga kangana gate kajyaga kwirindwa<br />

kubwo gucisha make! Ni izihe ngorane n’urugamba batari bazi kunyuranya n’iryo tegeko<br />

byajyaga kubakururira! Ni nde uzi ibyiza ahazaza hashoboraga kuzazana? Mureke twemere<br />

amahoro, dusingire ishami ry’umwelayo Roma ituramburiye maze dupfuke ibikomere<br />

Ubudage bufite. Ingingo nk’izo zose nizo abagorozi bagombaga kuba barashingiyeho<br />

bashimangira inzira biyemeje yajyaga kurangirira mu gusenyuka k’umurimo wabo nyuma<br />

y’igihe gito.<br />

“Kubwo amahirwe bagenzuye ihame ubwo buryo bwo kumvikana bwari bushingiyeho,<br />

maze bakora mu kwizera. Iryo hame ryari irihe? — Ryari uburenganzira buhawe Roma bwo<br />

guhata abantu no kubabuza kubaza ibyo bashaka. Mbese ibyo bikomangoma n’abo bitegeka<br />

bayobotse Ubuporotesitanti ntibari gushimishwa n’umudendezo mu by’iyobokamana? —<br />

Yego, ariko babyemerewe ari imbabazi zidasanzwe bagiriwe mu buryo bw’ubwumvikane,<br />

ariko ntibwari uburenganzira bahawe. Ku bantu bose ubwo bwumvikane butaheshaga<br />

uburenganzira, rya hame rikomeye ryashyizweho n’ubuyobozi ryagombaga kubagenga, nta<br />

gukurikiza umutimanama, Roma ni yo yari umucamanza utibeshya kandi yagombaga<br />

kubahwa. Kwemera icyo gitekerezo, byari ukwemera ko umudendezo mu by’idini wemewe<br />

muri Saxony yayobotse ubugorozi, naho ahandi hose harangwaga Ubukristo, umudendezo wo<br />

kubaza icyo umuntu ashaka ndetse no kwemera iby’ukwizera kuvuguruwe byari ibyaha<br />

bihanishwa gushyirwa muri gereza no gutwikwa. Mbese bari kwemera ko umudendezo mu<br />

by’idini wagira akarere ugarukiramo utarenga? Mbese bari kwemera ko bitangazwa ko<br />

ubugorozi butazongera kugira undi muntu ubuyoboka kandi ko nta handi bugomba<br />

gutangizwa, kandi ko ahantu hose ubupapa buganje bugomba guhoraho iteka? Mbese<br />

Abagorozi bashoboraga kwihandagaza bakavuga ko batazabarwaho amaraso y’abantu<br />

140

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!