15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

bushobozi bwabo bityo bashishikarira kugarura abazaga kubumva. Ariko abantu bari bamaze<br />

kubona muri izo nyigisho nshya igisubizo cyahagije ubukene bw’imitima yabo, maze batera<br />

umugongo abari baramaze igihe kirekire babagaburira inyigisho z’imihango idafite akamaro<br />

ndetse n’imigenzo by’abantu.<br />

Igihe itotezwa ryageraga ku bigisha b’ukuri, bitaye cyane ku magambo ya Kristo wavuze<br />

ati: “Nibabarenganiriza mu mudugudu umwe, muzahungire mu wundi.” 186 Umucyo winjiye<br />

ahantu hose. Ababaga bahunze babasha kugira aho babona imiryango ibafunguriwe,<br />

bakahacumbikirwa maze bakahaba. Rimwe na rimwe babwirizaga ibya Kristo mu nsengero<br />

ariko batabyemererwa bakabwiririza mu mazu yihariye cyangwa hanze. Ahantu hose<br />

bashoboraga kubona ababatega amatwi, habaga urusengero rwejejwe. Ukuri<br />

kwabwirizanyijwe imbaraga nyinshi n’ibyiringiro nk’ibyo, kwamamaye gufite imbaraga<br />

idashobora gukomwa mu nkokora.<br />

Byabaye iby’ubusa guhamagaza abayobozi mu by’idini n’ubutegetsi bwa Leta ngo<br />

basenye icyo bitaga ubuyobe. Byababereye iby’ubusa na none kwiyambaza kubashyira muri<br />

gereza, kubica urw’agashinyaguro, kubatwika no kubicisha inkota. Ibihumbi byinshi<br />

by’abizera bahamishije kwizera kwabo kumenerwa amaraso, ariko ntibyabujije uwo murimo<br />

gukomeza. Icyo itoteza ryakoze gusa ni ukwamamaza ukuri, maze ubwaka Satani yari<br />

ashishikariye komatanya n’ukuri bwaje kurushaho kugaragaza neza itandukaniro riri hagati<br />

y’umurimo wa Satani n’uw’Imana.<br />

137

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!