15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

y’abategetsi bakuru kugira ngo agaragaze neza ingaruka z’igitugu cy’ubutegetsi bwa Papa.<br />

Uwitwa George w’i Saxony yahagurukanye isheja muri iryo teraniro ry’ibikomangoma maze<br />

yatura ku mugaragaro ubuhendanyi n’ibizira ubupapa bwakoraga ndetse n’ingaruka zabyo<br />

ziteye ubwoba. Yasoje ijambo rye agira ati:<br />

“Dore bimwe mu bikorwa bibi biregwa Roma. Ntibakigira isoni, icyo bitayeho ni ikintu<br />

kimwe gusa. . . amafaranga, amafaranga, ukongera uti . . . amafaranga ku buryo ababwiriza<br />

bari bakwiriye kwigisha ukuri batagira ikindi bavuga kitari ibinyoma kandi uretse no<br />

kubererekera ibinyoma bagororeraga ababivuga kuko uko ibinyoma byabo birushaho gukwira<br />

ni ko inyungu zabo zirushaho kwiyongera. Muri iyo soko y’imyanda niho haturuka amazi<br />

nk’ayo y’ibirohwa. Kwangirika mu mico mbonera byaramburiye ukuboko umururumba wo<br />

kurundanya ubutunzi. Akaga katejwe n’abayobozi bakuru mu idini ni ko karoha benshi mu<br />

irimbukiro. Ubugorozi rusange bugomba gukorwa.” 116<br />

Luteri ubwe ntiyari kubasha kuvuga amagambo yo akomeye yo kwamagana ibibi<br />

byakorwaga n’ubuyobozi bwa Papa, kandi kubera ko George uwo wavugaga yari umwanzi<br />

ukomeye w’ubugorozi byatumye amagambo ye agira imbaraga ikomeye.<br />

Iyo amaso y’abari bateraniye aho ajya guhwezwa, bajyaga kubona ingabo z’abamarayika<br />

b’Imana bari hagati yabo bakwirakwiza imyambi y’umucyo mu mwijima w’ibinyoma barimo<br />

kandi bakingurira intekerezo n’imitima byabo kwakira ukuri. Imbaraga y’Imana y’ukuri<br />

n’ubwenge bwose niyo yategekaga n’abanzi b’Ubugorozi kandi muri ubwo buryo itegurira<br />

inzira umurimo ukomeye wari ugiye gukorwa. Ntabwo Martin Luteri yari ahari ariko ijwi<br />

ry’Uruta Luteri ryari ryumvikaniye mu iteraniro.<br />

Inama y’abategetsi bakuru yahise ishyiraho akanama gato ko gutegura urutonde<br />

rw’akarengane kose ubupapa bwari bwashyiraga ku Badage. Urwo rutonde rwari rufite<br />

ingingo ijana n’imwe rwashyikirijwe umwami w’abami kandi banamusaba guhita afata<br />

ingamba zo gukosora ako karengane. Abasabaga ibyo baravuze bati: ” Mbega ubwambuzi no<br />

kunyaga biranga amarorerwa atamirije ubuyobozi bukuru bw’ibya Mwuka mu Bukristo! Ni<br />

inshingano yacu gutuma hatabaho kurimbuka no guteshwa agaciro kw’abaturage bacu.<br />

Kubera iyi mpamvu turagusaba twicishije bugufi cyane ariko by’ikubagahu ko wategeka ko<br />

habaho ivugurura (ubugorozi) rusange kandi rigatangira gushyirwa mu bikorwa.” 117<br />

Abari mu nama bahise basaba ko umugorozi Luteri yazanwa imbere yabo. Hatitawe ku<br />

kwinginga, kurwanya n’ibikangisho bya Aleyandere, amaherezo umwami w’abami yaremeye<br />

maze Luteri ahamagarirwa kwitaba imbere y’inama nkuru y’abategetsi. Uko guhamagarirwa<br />

kwitaba kwajyaniranye no guhabwa urwandiko rw’inzira rumuhesha uburenganzira bwo<br />

kuzagaruka aho afite umudendezo. Izo mpapuro zajyanwe i Wittenberg n’umugabo w’intwari<br />

wari ushinzwe kuzamugeza i Worms.<br />

Incuti za Luteri bagize ubwoba kandi zirahangayika. Kubera ko bari bazi inzika n’urwango<br />

abo bantu bafitiye Luteri, batinye ko n’urwandiko rw’inzira yari afite rutari bwubahirizwe<br />

103

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!