15.04.2023 Views

Umwuka W'Imijyi Ibiri

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

Umwami, abayobozi b’idini, n’ibikomangoma bari bategetswe kwicisha bugufi bakemera amahano yakorwaga n’abo baturage babaga bariye karungu. Inyota yo kwihimura yakanguwe cyane no kwicwa k’umwami; maze bidatinze abategetse ko yicwa nabo baramukurikira. Hakurikiyeho kwicisha inkota abantu bose bakekwagaho kutemera Impinduramatwara. Gereza zuzuye abantu ku buryo icyo gihe zari zirimo imfungwa zirenga ibihumbi magana abiri. Imijyi yo muri ubwo bwami yari yuzuwemo ibikorwa by’amahano ateye ubwoba. Ishyaka rimwe ry’abaharanira impinduramatwara ryahanganaga n’irindi maze Ubufaransa buhinduka urubuga rugari rw’abantu benshi bahanganye babaga bahinduwe nk’abasazi n’ibyifuzo byabo bibi. “Mu mujyi wa Paris, imyivumbagatanyo yarasimburanaga, abaturage bari baracitsemo ibice byinshi bitagendereye ikindi uretse kwicana ubwabo bakamarana.” Icyiyongeye kuri ako kaga kari rusange, ni uko igihugu cyose cyibonye mu ntambara yamaze igihe kirekire kandi yasenyaga cyarwanaga n’ibihugu bikomeye byo mu Burayi. “Igihugu cyari hafi yo gusenyuka burundu; abasirikare basabaga ibirarane by’imishahara batahembwe, abaturage bo mu mujyi wa Paris bibasiwe n’inzara ikabije, mu ntara hose hari harabaye umusaka kubera kuyogozwa n’ibisambo, kandi gutera imbere no kujijuka byari hafi gusibangana bigasimburwa n’imivurungano no kwigira ibyigenge.

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Umwuka</strong> <strong>W'Imijyi</strong> <strong>Ibiri</strong><br />

kubishimangira mu mitima y’abasore. Ntanze inama ko nta muntu ukwiriye gushyira umwana<br />

we ahantu Ibyanditswe Byera bidafite intebe. Ikigo cyose abantu badahugira mu Ijambo<br />

ry’Imana ubudatuza nta cyakibuza kwigarurirwa n’ikibi.” 105<br />

Ayo magambo yakwirakwiye byihuse mu Budage kandi ateza impinduka ikomeye mu<br />

bantu. Igihugu cyose cyarakangutse maze imbaga y’abantu ihagurutswa no gushyigikira<br />

iby’ubugorozi. Abanzi ba Luteri, bari bafite ishyushyu rikomeye ryo kwihorera, basabye Papa<br />

kumufatira ingamba ntakuka. Hatanzwe itegeko rivuga ko inyigisho ze zikwiriye guhita<br />

zicibwa. Luteri n’abayoboke be bahawe iminsi mirongo itandatu yo kwisubiraho, batabikora,<br />

nyuma y’iyo minsi bagacibwa mu itorero.<br />

Ubugorozi bwari bugeze mu gihe gikomeye cyane. Mu myaka amagana menshi iteka rya<br />

Papa ryo guca umuntu mu itorero ryateraga ubwoba bwinshi n’ibikomangoma bikomeye. Iryo<br />

teka ryari ryarujuje umuvumo ubwami bukomeye. Abagerwagaho no gucibwaho iteka na<br />

Roma, muri rusange abantu babarebanaga ubwoba. Babuzwaga kuvugana na bagenzi babo<br />

kandi bagafatwa nk’abadafite uburenganzira bwo kurengerwa n’amategeko, bagomba<br />

guhigwa kugira ngo bicwe. Luteri ntiyari ayobewe akaga kari kamutegereje; ariko<br />

yarashikamye, yiringira ko Kristo ari we uzamukomeza kandi akamubera ingabo imukingira.<br />

Mu kwizera n’ubutwari by’abahorwaga kwizera kwabo, Luteri yaranditse ati: “Ntabwo nzi<br />

ibyenda kubaho, nta n’ubwo nitaye ku kubimenya...Reka ibiba bibe uko bishaka, njye nta<br />

bwoba mfite. Dore n’ikibabi cy’igiti ntikigwa hasi Data atabishaka. None se twe azatwitaho<br />

bingana iki! . . . Ni iby’agaciro gakomeye kuzira Jambo kuko Jambo uwo wemeye guhinduka<br />

umuntu na we ubwe yarapfuye. Niba dupfana na we, tuzabana na we, kandi nitunyura mu byo<br />

yanyuzemo mbere yacu, tuzaba aho ari ndetse tuzabana nawe ubuziraherezo.” 106<br />

Ubwo iteka ryaciwe na Papa ryageraga kuri Luteri, yaravuze ati: “Iryo tegeko<br />

ndarihinyuye, kandi nzanarirwanya, kuko ritubahiriza Imana, ndetse ni ibinyoma. . . Kristo<br />

ubwe ni we ucirwaho iteka muri iryo tegeko... Nishimiye kugerwaho n’ibyo bibi nzira<br />

umurimo urusha indi yose kuba mwiza. Ndumva mfite umudendezo ukomeye mu mutima<br />

wanjye kuko noneho nzi ko Papa ari antikristo kandi ko intebe ye y’ubwami ari intebe ya<br />

Satani ubwe.” 107<br />

Nyamara rya tegeko ry’i Roma ryari rifite ububasha. Gushyira abantu muri gereza,<br />

kwicisha urubozo n’inkota ni byo byari intwaro ya Roma yo guhatira abantu kuyumvira.<br />

Abanyantege nke n’abanyabwoba batengurirwaga imbere y’iteka rya Papa, kandi nubwo muri<br />

rusange abantu bagiriraga Luteri impuhwe, benshi babonaga ko bidakwiriye guhara amagara<br />

yabo bazira kugorora itorero. Ibintu byose byasaga n’ibyerekana ko umurimo wa Luteri ugiye<br />

kurangira.<br />

Nubwo byari bimeze bityo, Luteri yari ataragira ubwoba. Roma yari yaramuciye kandi<br />

abatuye isi bari bategereje ko yicwa cyangwa agahatirwa kwisubiraho. Ariko mu mbaraga<br />

ikomeye, Luteri yabwiye Roma ko ari yo iciriweho iteka kandi avugira ku mugaragaro ko<br />

yiyemeje gutandukana nayo by’iteka. Luteri afata inyandiko z’amategeko y’idini n’iryo<br />

97

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!