07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

icyo gihe bakicuza bagahabwa imbabazi z’ibyaha mu buryo bwuzuye. Kubera iyo minsi kandi<br />

abantu bazaga aho ari benshi cyane bavuye imihanda yose. Umunsi umwe ukomeye cyane<br />

muri iyo ari wo wari umunsi mu<strong>ku</strong>ru w’abatagatifu bose wari wegereje. Ku munsi<br />

wawubanjirije Luteri yajyanye n’imbaga y’abantu bari batangiye <strong>ku</strong>za <strong>ku</strong>ri iyo kiriziya maze<br />

amanika <strong>ku</strong> rugi rwayo urupapuro rwanditsweho ingingo mirongo cyenda n’eshanu zirwanya<br />

inyigisho ivuga iby’ibyemezo bihesha imbabazi z’ibyaha (indurugensiya). Yavuze ko<br />

yiteguye guzasobanura ashyigikira izo ngingo <strong>ku</strong> munsi wari gu<strong>ku</strong>rikiraho muri kaminuza,<br />

akanyomoza abantu bose bari guhangara <strong>ku</strong>zirwanya.<br />

Izo ngingo ze za<strong>ku</strong>ruye intekerezo z’abantu muri rusange. Barazisomye bakongera<br />

<strong>ku</strong>zisoma kandi aho banyuze hose bakagenda bazisubiramo. Habayeho gukanguka gukomeye<br />

muri kaminuza ndetse no mu mujyi wose. Izo ngingo shingiro zagaragaje ko ububasha bwo<br />

<strong>ku</strong>babarira ibyaha no gu<strong>ku</strong>raho igihano cyabyo butigeze buhabwa Papa cyangwa undi muntu<br />

uwo ari we wese. Iyo gahunda yabo yose yari uburiganya, -abibara nk’uburyo bwo kwaka<br />

abantu amafaranga bashingiye <strong>ku</strong> kwizera kw’abantu <strong>ku</strong>zuye ubwoba n’ubujiji, akaba ari<br />

n’uburyo Satani akoresha <strong>ku</strong>gira ngo arimbure ubugingo bw’abantu bose babasha kwizera<br />

ibinyoma bye. Yerekanye neza kandi ko Ubutumwa bwiza bwa Kristo ari bwo butunzi buruta<br />

ubundi itorero rifite, kandi ko ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> bwahishuriwe muri ubwo butumwa<br />

buhererwa ubuntu abantu bose babushakisha kwiha<strong>na</strong> no kwizera.<br />

Ingingo shingiro za Luteri zatezaga impaka ariko nta muntu n’umwe watinyutse <strong>ku</strong>za<strong>na</strong><br />

ingingo izirwanya. Mu minsi mike ibibazo izo ngingo yatanze zari zimaze gukwira mu gihugu<br />

cy’Ubudage cyose, kandi mu byumweru bike gusa zari zimaze <strong>ku</strong>gera aharangaga Ubukristo<br />

hose. Abantu benshi ba<strong>ku</strong>ndaga itorero ry’i Roma bari barabonye kandi bababazwa<br />

n’amarorerwa akomeye yari yarahawe icyicaro mu itorero nyamara ntibamenye uko<br />

bayahagarika. Basomye izo ngingo bafite ibyishimo byinshi bazibo<strong>na</strong>mo ijwi ry’Ima<strong>na</strong><br />

rizivugiramo. Babonye ko <strong>ku</strong>bw’ubuntu bwe Umukiza yarambuye u<strong>ku</strong>boko <strong>ku</strong>gira ngo<br />

ahagarike amatwara y’ubuhendanyi yakomezaga kwiyongera aturutse i Roma.<br />

Ibikomangoma n’abanyamategeko banezerewe mu ibanga ko hari habonetse ikirogoya ubwo<br />

butegetsi bwarangwaga n’ubwirasi butemeraga uburenganzira bwo <strong>ku</strong>juririra imyanzuro<br />

bwafashe.<br />

Ariko abantu benshi bari barabaswe n’icyaha no kwizera iby’ubupfumu ubwo babo<strong>na</strong>ga<br />

ko ibyo bizeraga by’ibinyoma kandi byari byarabamaze ubwoba bishenywe, bagize ubwoba.<br />

Indyarya z’abayobozi b’idini zimaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko zirogowe mu murimo wazo wo guha intebe<br />

icyaha kandi babonye inyungu zabo zibangamiwe, bagize uburakari bukabije maze bishyira<br />

hamwe <strong>ku</strong>gira ngo bashyigikire inyigisho zabo. Luteri yagize abamurega benshi yagombaga<br />

guhanga<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo. Bamwe bamureze guhubuka no gukora atabitekerejeho. Abandi bamurega<br />

ko atizera, bakavuga ko atayobowe n’Ima<strong>na</strong>, ahubwo ko yakoreshwaga n’ubwibone no<br />

<strong>ku</strong>rarikira. Yarasubizaga ati: ” Ni nde utazi ko bitajya bishoboka ko hari umuntu uza<strong>na</strong><br />

igitekerezo gishya maze ntagaragare ko afite ubwibone, kandi ntaregwe guteza<br />

impaka?...Kuki Kristo n’abahowe kwizera kwabo bose bishwe? Byatewe n’uko basaga<br />

91

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!