Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Kubw’ikimwaro n’ubwoba, yahereyeko arahaguruka maze ava aho yihuta. Ntabwo yongeye na gato kwibagirwa iryo somo. Kuva ubwo yasobanukiwe neza no kwishuka kuri ku kwishingikiriza ku mirimo y’umuntu ngo imuheshe agakiza, ndetse anasobanukirwa n’uburyo ari ngombwa guhora umuntu yizeye ibyo Kristo yakoze. Amaso ye yari yahumutse ubutazongera guhuma ngo ananirwe kubona ubuyobe buri mu nyigisho z’ubupapa. Ubwo yarekaga guhanga amaso ye i Roma, yari yanahindukiye mu mutima, kandi kuva icyo gihe kwitandukanya na Roma byarushijeho gukura kugeza ubwo yitandukanyije burundu n’Itorero ry’ i Roma. Nyuma yo kuva i Roma, Luteri yaherewe impamyabushobozi y’ikirenga mu byerekeye Imana muri kaminuza ya Wittenberg. Ubu noneho mu buryo butandukanye na mbere, yari afite umudendezo wo kwirundurira mu kwiga Ibyanditswe yakundaga. Yari yararahiriye ko mu minsi y’ubuzima bwe bwose azajya yiga Ijambo ry’Imana yitonze kandi akaryigisha uko riri, atari ukwigisha imigani n’inyigisho by’abapapa. Ntabwo yari akiri uwihaye Imana cyangwa umwarimu usanzwe ahubwo yari umwigisha wa Bibiliya ubifitiye uburenganzira. Yari yarahamagariwe kuba umushumba wo kuragira umukumbi w’Imana wari ufitiye ukuri inzara n’inyota. Yavuze ashimikiriye ko Abakristo badakwiriye kwemera izindi nyigisho uretse izishingiye ku Byanditswe Byera. Ayo magambo yahamyaga rwose ku rufatiro rw’inyigisho z’ubutware bwa papa. Ayo magambo kandi yarimo ipfundo ry’Ubugorozi. Luteri yabonaga akaga kazanwa no gufata inyigisho z’abantu ukazirutisha Ijambo ry’Imana. Yajoraga ibitekerezo bidafite ishingiro by’abigisha kandi akarwanya ubucurabwenge n’iby’iyobokamana byose byari bimaze igihe kirekire biyobora abantu. Yarwanyije izo nyigisho avuga ko uretse no kuba zidafite agaciro ziranangiza. Yagerageje gukura intekerezo z’abamutegaga amatwi ku mitekerereze iyobya y’abacurabwenge n’abigisha iyobokamana maze azerekeza ku kuri guhoraho kwavuzwe n’abahanuzi n’intumwa. Ubutumwa yavugaga bwari bufite agaciro gakomeye ku mbaga y’ababaga bamuteze amatwi bafite amatsiko menshi. Nti bari barigeze kumva inyigisho nk’izo mbere. Inkuru ishimishije y’urukundo rw’Umukiza n’ubwishingizi bwo kubabarirwa no kugira amahoro kubw’amaraso ye akuraho ibyaha, byanejeje imitima yabo kandi bibatera ibyiringiro bihoraho. Umucyo wari umaze kumurika i Wittenberg kandi imirasire yawo yagombaga gukwira mu turere tw’isi twa kure, ndetse kurabagirana kwawo kukiyongera kuzageza ku iherezo ry’ibihe. Nyamara umucyo n’umwijima ntibishobora kumvikana. Hagati y’ukuri n’ikinyoma hari intambara idashobora guhagarikwa. Gukomera kuri kimwe no kugishyigikira ni ugushotora ikindi no kugisenya. Umukiza wacu ubwe yaravuze ati: “Mwe gutekereza ko nazanywe no kuzana amahoro mu isi: sinaje kuzana amahoro, ahubwo naje kuzana inkota.” 81 Nyuma y’imyaka mike ubugorozi butangiye Luteri yaje kuvuga ati: “Ntabwo Imana inyobora gusa ahubwo iranansunika ngo njye mbere. Iranjyana. Ntabwo nitegeka. Nifuza kwibera mu 88
Itorero na Leta ku Rugamba mahoro ntuje ariko hari imbaraga injyana ikanshyira mu mivurungano hagati no mu ihinduramatwara.” 82 Noneho Luteri yari hafi guhatirwa kujya mu ntambara. Itorero ry’i Roma ryagurishaga ubuntu bw’Imana. “Ameza y’abavunjaga” 83 yahoraga ateguwe iruhande rwa za alitari zaryo kandi ahazengurutse hose humvikanaga urusaku rw’abagura n’abagurisha. Kubwo gushaka gukusanya umutungo kugira ngo i Roma hubakwe Kiriziya ya Mutagatifu Petero, Papa yatanze uburenganzira bwo kugurisha imbabazi z’ibyaha ku mugaragaro. Ingoro yo gusengeramo Imana yagombaga kubakwa n’ibiguzi by’imbabazi z’icyaha- ibuye nsanganyarukuta ryashinzwe hakoreshejwe ibiguzi byo gukiranirwa! Nyamara ubwo buryo bwakoreshejwe kugira ngo Roma ihabwe isumbwe, bwahungabanyije cyane imbaraga zayo no gukomera kwayo. Ubwo buryo nibwo bwateye abarwanyaga ubutware bwa papa guhaguruka biyemeje kandi bagamije insinzi, ndetse bishoza urugamba rwanyeganyeje intebe y’ubwami bwa papa ndetse n’ikamba ryo ku mutwe we. Uwatoranyirijwe kuyobora igurishwa ry’imbabazi z’ibyaha mu Budage ni uwitwa Tetzel. Yahamwaga n’ibyaha bikomeye cyane yari yarakoreye abantu ndetse n’amategeko y’Imana. Ariko kuko yari yarabashije gusimbuka igihano cy’ibyo byaha bye, yaje gukoreshwa mu gushyira mu bikorwa imishinga igamije inyungu kandi itagira ikindi yitaho ya Papa. Yavugaga ashize amanga maze akabasubiriramo ibinyoma kandi akavuga imigani mihimbano itangaje kugira ngo ajijishe abantu badasonukiwe n’abatwarwa badasesenguye. Iyo abo bantu bajya kugira Ijambo ry’Imana, ntibajyaga gushukwa bene ako kageni. Ariko bari baranyazwe Bibiliya kugira ngo bagume mu maboko y’ubutegetsi bwa Papa, no kugira ngo ubutware ndetse n’ubutunzi bw’ubwo butegetsi bigwire. 84 Igihe Tetzel yinjiraga mu mujyi, hari intumwa yamubanzirizaga ikagenda ivuga iti: “Ubuntu bw’Imana n’ubw’umubyeyi uzira inenge buri ku marembo yanyu.” 85 Bityo rubanda rwakiraga uwo watukaga Imana agafatwa nk’aho ari Imana ubwayo ibasanze imanutse iva mu ijuru. Ubwo bucuruzi bubi bwakorerwaga mu rusengero, kandi Tetzel akazamuka ku ruhimbi (aritari), maze akamamaza impapuro zihesha imbabazi z’ibyaha (indurugensiya) nk’impano y’agatangaza itangwa n’Imana. Yavugaga ko kubw’ibyo byemezo bihesha imbabazi yatangaga, ibyaha byose uwaguraga icyo cyemezo yari kuzifuza gukora nyuma y’aho yari kuzabibabarirwa kandi ko no “kwicuza atari ngombwa kubera icyo cyemezo.” 86 Ikirenze ibyo, yemezaga abamuteze amatwi ko icyemezo cy’imbabazi z’ibyaha (indurugensiya) kidafite ububasha bwo gukiza abazima gusa ahubwo n’abapfuye; kandi ko iyo amafaranga ageze mu ndiba y’isandugu ye, umwuka w’ubugingo bw’uwo muntu uguriwe imbabazi uhita uva muri purigatori maze ukajya mu ijuru. 87 Igihe Simoni Magus wari umupfumu yasabaga intumwa kumugurisha ububasha bwo gukora ibitangaza, Petero yaramusubije ati: “Pfana ifeza yawe, kuko wagize ngo impano y’Imana iboneshwa ifeza.” 88 Nyamara abantu uduhumbagiza bakiranaga ibyishimo byinshi 89
- Page 45 and 46: Itorero na Leta ku Rugamba Nguko uk
- Page 47 and 48: Itorero na Leta ku Rugamba 39
- Page 49 and 50: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe ab
- Page 51 and 52: Itorero na Leta ku Rugamba b’Iman
- Page 53 and 54: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo bur
- Page 55 and 56: Itorero na Leta ku Rugamba Barazige
- Page 57 and 58: Itorero na Leta ku Rugamba Abawalid
- Page 59 and 60: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe cy
- Page 61 and 62: Itorero na Leta ku Rugamba 53
- Page 63 and 64: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu;
- Page 65 and 66: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu.
- Page 67 and 68: Itorero na Leta ku Rugamba ni jye n
- Page 69 and 70: Itorero na Leta ku Rugamba murimo w
- Page 71 and 72: Itorero na Leta ku Rugamba “Nta m
- Page 73 and 74: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyandit
- Page 75 and 76: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 77 and 78: Itorero na Leta ku Rugamba by’igi
- Page 79 and 80: Itorero na Leta ku Rugamba bwabo ha
- Page 81 and 82: Itorero na Leta ku Rugamba urupfu r
- Page 83 and 84: Itorero na Leta ku Rugamba Kristo i
- Page 85 and 86: Itorero na Leta ku Rugamba bwashege
- Page 87 and 88: Itorero na Leta ku Rugamba baranyeg
- Page 89 and 90: Itorero na Leta ku Rugamba kigabwa.
- Page 91 and 92: Itorero na Leta ku Rugamba Nk’uko
- Page 93 and 94: Itorero na Leta ku Rugamba n’iby
- Page 95: Itorero na Leta ku Rugamba Luteri y
- Page 99 and 100: Itorero na Leta ku Rugamba icyo gih
- Page 101 and 102: Itorero na Leta ku Rugamba wiringir
- Page 103 and 104: Itorero na Leta ku Rugamba Inkuru z
- Page 105 and 106: Itorero na Leta ku Rugamba yakoresh
- Page 107 and 108: Itorero na Leta ku Rugamba yiyitiri
- Page 109 and 110: Itorero na Leta ku Rugamba kandi ko
- Page 111 and 112: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo ink
- Page 113 and 114: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 115 and 116: Itorero na Leta ku Rugamba Imbaga y
- Page 117 and 118: Itorero na Leta ku Rugamba twarwany
- Page 119 and 120: Itorero na Leta ku Rugamba amasomo
- Page 121 and 122: Itorero na Leta ku Rugamba Abari ba
- Page 123 and 124: Itorero na Leta ku Rugamba gusukwam
- Page 125 and 126: Itorero na Leta ku Rugamba Nta kint
- Page 127 and 128: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo yar
- Page 129 and 130: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 131 and 132: Itorero na Leta ku Rugamba bwenge b
- Page 133 and 134: Itorero na Leta ku Rugamba nabyo ni
- Page 135 and 136: Itorero na Leta ku Rugamba I Zurich
- Page 137 and 138: Itorero na Leta ku Rugamba Insinzi
- Page 139 and 140: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 141 and 142: Itorero na Leta ku Rugamba y’Iman
- Page 143 and 144: Itorero na Leta ku Rugamba ubutware
- Page 145 and 146: Itorero na Leta ku Rugamba soko y
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Kubw’ikimwaro n’ubwoba, yahereyeko arahaguruka maze ava aho yihuta. Ntabwo yongeye<br />
<strong>na</strong> gato kwibagirwa iryo somo. Kuva ubwo yasobanukiwe neza no kwishuka <strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong><br />
kwishingikiriza <strong>ku</strong> mirimo y’umuntu ngo imuheshe agakiza, ndetse a<strong>na</strong>sobanukirwa n’uburyo<br />
ari ngombwa guhora umuntu yizeye ibyo Kristo yakoze. Amaso ye yari yahumutse<br />
ubutazongera guhuma ngo a<strong>na</strong>nirwe <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ubuyobe buri mu nyigisho z’ubupapa. Ubwo<br />
yarekaga guhanga amaso ye i Roma, yari ya<strong>na</strong>hindukiye mu mutima, kandi <strong>ku</strong>va icyo gihe<br />
kwitandukanya <strong>na</strong> Roma byarushijeho gu<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong>geza ubwo yitandukanyije burundu n’<strong>Itorero</strong><br />
ry’ i Roma.<br />
Nyuma yo <strong>ku</strong>va i Roma, Luteri yaherewe impamyabushobozi y’ikirenga mu byerekeye<br />
Ima<strong>na</strong> muri kaminuza ya Wittenberg. Ubu noneho mu buryo butandukanye <strong>na</strong> mbere, yari<br />
afite umudendezo wo kwirundurira mu kwiga Ibyanditswe ya<strong>ku</strong>ndaga. Yari yararahiriye ko<br />
mu minsi y’ubuzima bwe bwose azajya yiga Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> yitonze kandi akaryigisha uko<br />
riri, atari ukwigisha imigani n’inyigisho by’abapapa. Ntabwo yari akiri uwihaye Ima<strong>na</strong><br />
cyangwa umwarimu usanzwe ahubwo yari umwigisha wa Bibiliya ubifitiye uburenganzira.<br />
Yari yarahamagariwe <strong>ku</strong>ba umushumba wo <strong>ku</strong>ragira umu<strong>ku</strong>mbi w’Ima<strong>na</strong> wari ufitiye u<strong>ku</strong>ri<br />
inzara n’inyota. Yavuze ashimikiriye ko Abakristo badakwiriye kwemera izindi nyigisho<br />
uretse izishingiye <strong>ku</strong> Byanditswe Byera. Ayo magambo yahamyaga rwose <strong>ku</strong> rufatiro<br />
rw’inyigisho z’ubutware bwa papa. Ayo magambo kandi yarimo ipfundo ry’Ubugorozi.<br />
Luteri yabo<strong>na</strong>ga akaga kazanwa no gufata inyigisho z’abantu ukazirutisha Ijambo<br />
ry’Ima<strong>na</strong>. Yajoraga ibitekerezo bidafite ishingiro by’abigisha kandi akarwanya<br />
ubucurabwenge n’iby’iyobokama<strong>na</strong> byose byari bimaze igihe kirekire biyobora abantu.<br />
Yarwanyije izo nyigisho avuga ko uretse no <strong>ku</strong>ba zidafite agaciro zira<strong>na</strong>ngiza. Yagerageje<br />
gu<strong>ku</strong>ra intekerezo z’abamutegaga amatwi <strong>ku</strong> mitekerereze iyobya y’abacurabwenge<br />
n’abigisha iyobokama<strong>na</strong> maze azerekeza <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri guhoraho kwavuzwe n’abahanuzi<br />
n’intumwa.<br />
Ubutumwa yavugaga bwari bufite agaciro gakomeye <strong>ku</strong> mbaga y’ababaga bamuteze<br />
amatwi bafite amatsiko menshi. Nti bari barigeze <strong>ku</strong>mva inyigisho nk’izo mbere. In<strong>ku</strong>ru<br />
ishimishije y’uru<strong>ku</strong>ndo rw’Umukiza n’ubwishingizi bwo <strong>ku</strong>babarirwa no <strong>ku</strong>gira amahoro<br />
<strong>ku</strong>bw’amaraso ye a<strong>ku</strong>raho ibyaha, byanejeje imitima yabo kandi bibatera ibyiringiro<br />
bihoraho. Umucyo wari umaze <strong>ku</strong>murika i Wittenberg kandi imirasire yawo yagombaga<br />
gukwira mu turere tw’isi twa <strong>ku</strong>re, ndetse <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kwawo <strong>ku</strong>kiyongera <strong>ku</strong>zageza <strong>ku</strong><br />
iherezo ry’ibihe.<br />
Nyamara umucyo n’umwijima ntibishobora <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>. Hagati y’u<strong>ku</strong>ri n’ikinyoma hari<br />
intambara idashobora guhagarikwa. Gukomera <strong>ku</strong>ri kimwe no <strong>ku</strong>gishyigikira ni ugushotora<br />
ikindi no <strong>ku</strong>gisenya. Umukiza wacu ubwe yaravuze ati: “Mwe gutekereza ko <strong>na</strong>zanywe no<br />
<strong>ku</strong>za<strong>na</strong> amahoro mu isi: si<strong>na</strong>je <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> amahoro, ahubwo <strong>na</strong>je <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> inkota.” 81 Nyuma<br />
y’imyaka mike ubugorozi butangiye Luteri yaje <strong>ku</strong>vuga ati: “Ntabwo Ima<strong>na</strong> inyobora gusa<br />
ahubwo ira<strong>na</strong>nsunika ngo njye mbere. Iranjya<strong>na</strong>. Ntabwo nitegeka. Nifuza kwibera mu<br />
88