07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Luteri yerejwe <strong>ku</strong>ba umupadiri maze ahamagarirwa <strong>ku</strong>va muri icyo kigo cy’abihaye Ima<strong>na</strong><br />

akajya kwigisha muri Kaminuza ya Wittenberg. Muri iyo kaminuza yahigiye Ibyanditswe<br />

ashyizeho umwete, Ibyanditswe byari biri mu ndimi z’umwimerere. Yatangiye kwigisha <strong>ku</strong>ri<br />

Bibiliya bityo igitabo cya Zaburi, Ubutumwa bwiza bune ndetse n’Inzandiko bisobanurirwa<br />

imbaga y’abantu babaga bishimiye <strong>ku</strong>mutega amatwi. Incuti ye Staupitz wa<strong>na</strong>murutaga mu<br />

myaka, yamusabye <strong>ku</strong>zamuka akajya <strong>ku</strong> ruhimbi maze akaba ariho abwiririza Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>. Luteri yarashidikanyije abitewe no <strong>ku</strong>mva adakwiriye <strong>ku</strong>bwira abantu mu cyimbo<br />

cya Kristo. Hashize igihe kirekire arwa<strong>na</strong> n’icyo gitekerezo nibwo yaje kwemera ibyifuzo<br />

by’incuti ze. Yari yaramaze <strong>ku</strong>ba umuntu usobanukiwe Ibyanditswe cyane kandi ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bwabaga <strong>ku</strong>ri we. Kuba intyoza kwe kwa<strong>ku</strong>ruraga ababaga bamuteze amatwi,<br />

kandi uko yigishanyaga u<strong>ku</strong>ri imbaraga no mu buryo bwumvika<strong>na</strong> byemezaga intekerezo<br />

kandi umurava we wakoraga <strong>ku</strong> mitima yabo.<br />

Luteri yari umuntu ushimwa n’itorero ryayoborwaga <strong>na</strong> Papa kandi ntiyatekerezaga<br />

<strong>ku</strong>zaba ikindi kitari icyo yari cyo muri icyo gihe. Kubw’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> yaje <strong>ku</strong>gambirira<br />

gusura i Roma. Urwo rugendo rwe yarukoze n’amaguru, akagenda acumbika mu mu bigo<br />

by’abapadiri byari aho yanyuraga. Ubwo yari mu kigo cy’abapadiri mu Butaliyani, yaje<br />

gutangazwa n’ubu<strong>ku</strong>ngu, ubwiza ndetse no kwaya umutungo yahabonye. Kubera guhabwa<br />

<strong>ku</strong> butunzi bw’umwami, abihaye Ima<strong>na</strong> baho babaga mu mazu arimbishijwe cyane,<br />

bakambara imyenda ya gikire kandi ihenze cyane ndetse bakarya ibyo<strong>ku</strong>rya bihenze. Luteri<br />

yagereranyije ibyo yabo<strong>na</strong>ga n’imibereho ye yo kwitanga, umuruho n’agahinda, bimubera<br />

urujijo.<br />

Nyuma yaje kwitegereza uwo mujyi wubatswe <strong>ku</strong> dusozi turindwi agira ikiniga, nuko<br />

apfukama hasi maze avuga n’ijwi rirenga ati: “Roma ntagatifu! Nda<strong>ku</strong>ramutsa!” 78<br />

Yinjiye muri uwo mujyi, asura za kiriziya, akajya ategera amatwi ibitekerezo bitangaje<br />

byasubirwagamo n’abapadiri n’abandi bihaye Ima<strong>na</strong>, kandi <strong>na</strong>we agakora imihango yose<br />

yasabwaga gukora. Aho yajyaga hose, ibyo yabo<strong>na</strong>ga byaramutangazaga kandi<br />

bikamubabaza. Yabonye ko inzego zose z’abihaye Ima<strong>na</strong> zarangwagamo gukiranirwa.<br />

Yumvise inzenya z’urukozasoni zavugwaga n’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru mu by’idini maze aterwa<br />

ubwoba no <strong>ku</strong>tubaha ibyera kwabo ndetse bakabikora no mu misa. Yaranditse ati: “Ntawe<br />

ubasha gutekereza ibyaha ndetse n’ibikorwa biteye isoni bikorerwa i Roma. Wabyemezwa<br />

n’uko ubyiboneye kandi ubyiyumviye. Ba<strong>ku</strong>nze <strong>ku</strong>vuga ngo: ‘Niba koko gihenomu ibaho,<br />

Roma iyubatse hejuru: Ni inyenga iturukamo ibyaha by’uburyo bwose.’” 79<br />

Papa yari amaze igihe gito aciye iteka risezeranira imbabazi z’ibyaha abantu bose bajyaga<br />

<strong>ku</strong>genza amavi bazamuka ingazi zitiriwe Pilato 80. Bavugaga ko ubwo Umukiza wacu yari<br />

avuye gucirirwa urubanza mu cyumba cy’urukiko rw’Abanyaroma yamanutse izo ngazi kandi<br />

ko mu buryo bw’igitangaza, izo ngazi zavuye i Yerusalemu zikazanwa i Roma. Umunsi umwe<br />

ubwo Luteri yuriraga izo ngazi apfukamye abishishikariye, yatunguwe n’ijwi nk’iry’in<strong>ku</strong>ba<br />

ihinda rivuga riti: “Umukiranutsi azabeshwaho no kwizera.” (Abaroma 1:17).<br />

87

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!