07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ma<strong>na</strong>, ariko ubwo bwo gusobanukirwa byimbitse n’uko ateye nk’umunyabyaha byarushijeho<br />

<strong>ku</strong>muhangayikisha <strong>ku</strong>ruta uko byamubagaho mbere hose.<br />

Amaherezo icyifuzo gikomeye cyo <strong>ku</strong>baturwa mu cyaha no <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong> amahoro n’Ima<strong>na</strong><br />

cyamuteye <strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong>ba mu kigo cy’abihaye Ima<strong>na</strong> maze ubuzima bwe abwegurira <strong>ku</strong>ba muri<br />

ibyo bigo. Muri icyo kigo yasabwe <strong>ku</strong>jya akora imirimo mibi iruhije cyane ndetse no <strong>ku</strong>jya<br />

asabiriza ava mu rugo rumwe ajya <strong>ku</strong> rundi. Yari ageze mu kigero umuntu yumva ashaka<br />

cyane <strong>ku</strong>bahwa no kwitabwaho, bityo iyo mirimo imucisha bugufi yumvaga imukoza isoni<br />

ariko arabyihanganira, yiringira ko ari byo bimukwiriye <strong>ku</strong>bera ibyaha bye.<br />

Umwanya wose washoboraga gusaguka amaze gukora inshingano ze za buri munsi<br />

yawukoreshaga yiga, akigomwa ibitotsi, ndetse akagabanya no <strong>ku</strong> gihe cye cyo <strong>ku</strong>rya.<br />

Yishimiraga cyane gusoma Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ruta ibindi byose. Yari yarabonye Bibiliya<br />

imanikishijwe umunyururu <strong>ku</strong> rusika rw’inzu babagamo, bityo akajya ajya aho iri kenshi<br />

<strong>ku</strong>gira ngo ayisome. Uko umutima we warushagaho <strong>ku</strong>mwemeza ibyaha bye, yashakaga uko<br />

yagirirwa imbabazi kandi akabo<strong>na</strong> amahoro <strong>ku</strong>bw’imirimo ye. Niko kwiyegurira imibereho<br />

iruhije cyane agaharanira gutsinda ibibi byo muri kamere ye, imibereho yo mu kigo<br />

cy’abihaye Ima<strong>na</strong> itari yaramuruhuye. Yakoreshaga kwiyiriza ubusa, <strong>ku</strong>dasinzira no<br />

kwibabaza. Ntiyabuze gukora icyo ari cyo cyose cyamugeza <strong>ku</strong>ri kwa <strong>ku</strong>bonera k’umutima<br />

kwari <strong>ku</strong>mubashisha guhagarara imbere y’Ima<strong>na</strong> yemewe. Nyuma y’aho yaje <strong>ku</strong>vuga ati:<br />

“Nari uwihaye Ima<strong>na</strong> wamaramaje kandi <strong>na</strong><strong>ku</strong>rikizaga amategeko y’ibyo nemera bikomeye<br />

cyane birenze uko <strong>na</strong>basha gusobanura. Haramutse habayeho uwihaye Ima<strong>na</strong> ubasha<br />

guheshwa ijuru n’ibikorwa bye, <strong>na</strong>gombye <strong>ku</strong>ba ari njye urikwiriye ...Iyo iyo mibereho iza<br />

gukomeza igihe kirekire, mba <strong>na</strong>rakomeje kwibabaza ndetse nkageza n’ubwo mpfa.” 76<br />

Ingaruka z’iyo mibereho yo kwibabaza yabaye gutakaza imbaraga z’umubiri maze arwara<br />

indwara yo <strong>ku</strong>jya agwa amarabira bityo bimugiraho ingaruka atigeze akira burundu mu<br />

buzima bwe. Nyamara muri uwo muhati we wose umutima we wari uremerewe ntiwabashije<br />

<strong>ku</strong>gira ihumure. Amaherezo yaje <strong>ku</strong>gera aho abura ibyiringiro.<br />

Ubwo byagaragaraga ko Luteri yatakaje ibyiringiro byose nibwo Ima<strong>na</strong> yamwoherereje<br />

incuti yo <strong>ku</strong>mufasha. Staupitz (Sitopitsi) wari waramaramaje niwe wafunguriye intekerezo za<br />

Luteri Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, maze amusaba <strong>ku</strong>reka kwirebaho ubwe, akareka gukomeza <strong>ku</strong>gira<br />

inkeke y’igihano kidashira kizaterwa no kwica amategeko y’Ima<strong>na</strong>, ahubwo agahanga amaso<br />

Yesu, Umukiza we ubabarira ibyaha. Yaramubwiye ati: “Aho kwibabaza wiziza ibyaha<br />

byawe, ishyire mu maboko y’Umucunguzi. Mwiringire, wiringire ubutungane bw’imibereho<br />

ye ndetse n’urupfu rwe ru<strong>ku</strong>raho ibyaha. Tegera amatwi Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>. Yahindutse<br />

umuntu <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>guhesha ubwishingizi bw’ijuru.” “Mu<strong>ku</strong>nde <strong>ku</strong>ko ari we wabanje<br />

<strong>ku</strong>gu<strong>ku</strong>nda.” 77<br />

Uko niko intumwa yuje imbabazi yavuze. Amagambo ya Staupitz yakabakabye umutima<br />

n’ibitekerezo bya Luteri. Nyuma y’igihe arwa<strong>na</strong> n’amakosa yari yaragundiriye, igihe kirekire,<br />

Luteri yabashije kwakira u<strong>ku</strong>ri kandi amahoro ataha mu mutima we wari wihebye.<br />

86

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!