07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 7 – Intangiriro ya Revolution<br />

Mu bari barahamagariwe <strong>ku</strong>yobora itorero ngo rive mu mwijima w’inyigisho n’imigenzo<br />

z’itorero ry’i Roma bityo rijye mu mucyo wo kwizera nya<strong>ku</strong>ri, uw’i<strong>ku</strong>bitiro yari Maritini<br />

Luteri. Yari umunyamurava, akagira ishyaka no kwitanga, ntiyagiraga icyo atinya uretse<br />

Ima<strong>na</strong> kandi nta rundi rufatiro rwo kwizera yagiraga uretse Ibyanditswe Byera. Luteri yari<br />

umuntu ukwiriye wo mu gihe cye. Ima<strong>na</strong> yamukoresheje umurimo ukomeye wo <strong>ku</strong>vugurura<br />

itorero ndetse no <strong>ku</strong>murikira abatuye isi.<br />

Nk’uko byari biri <strong>ku</strong> nteguza z’ubutumwa bwiza za mbere, Luteri yakomotse mu<br />

muryango w’abakene. Imyaka y’ubuto bwe yayimaze mu rugo rw’umuhinzi w’Umudage<br />

wari woroheje. Kubw’umurimo wo gucu<strong>ku</strong>ra amabuye y’agaciro se yakoraga buri munsi,<br />

byamubashishije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uburyo bwo <strong>ku</strong>murihira ishuri. Se yifuzaga ko umwa<strong>na</strong> we yazaba<br />

umunyamategeko uburanira abandi, ariko Ima<strong>na</strong> yari imufitiye undi mugambi wo <strong>ku</strong>ba<br />

umwubatsi w’itorero rikomeye rya<strong>ku</strong>raga buhoro buhoro mu binyeja<strong>na</strong> byinshi. Umurimo<br />

uruhije no <strong>ku</strong>baho mu bukene, ndetse n’ikinyabupfura kidakebakeba ni byo byabaye ishuri<br />

Nyir’ubwenge butagerwa yateguriyemo Luteri <strong>ku</strong>zakora umurimo w’ingenzi mu buzima bwe.<br />

Se wa Luteri yari umugabo ufite ubwenge bwinshi kandi ubukoresha cyane, yari afite imico<br />

itajegajega, inyangamugayo, umuntu wiyemeza kandi udakebakeba. Ibyo yemeraga<br />

nk’inshingano ye yabigenderagamo atitaye <strong>ku</strong> ngaruka izo ari zo zose zamubaho. Kuba<br />

yarashyiraga mu gaciro <strong>ku</strong> rwego rwo hejuru byamuteye <strong>ku</strong>zinukwa imikorere y’ibigo<br />

abapadiri n’abandi bihaye Ima<strong>na</strong> babamo. Ntiyashimishijwe no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Luteri yinjira muri<br />

ibyo bigo atabimwemereye kandi baje kwiyunga hashize imyaka ibiri atari yahindura<br />

igitekerezo cye.<br />

Ababyeyi ba Luteri bitaga cyane <strong>ku</strong> burere bw’aba<strong>na</strong> babo. Bihatiraga <strong>ku</strong>bigisha<br />

iby’Ima<strong>na</strong> ndetse no <strong>ku</strong>gira imikorere irangwa n’imico ya Gikristo. Luteri yagiye kenshi<br />

yumva se asaba Ima<strong>na</strong> ngo umwa<strong>na</strong> azajye yibuka izi<strong>na</strong> ry’Uhoraho kandi ngo umunsi umwe<br />

azabashe gufasha mu iterambere ry’u<strong>ku</strong>ri Kwe. Abo babyeyi bakoreshaga uburyo bwose<br />

babonye maze bagateza imbere mu buryo bukomeye iby’imico mbonera cyangwa<br />

iby’ubwenge bungukiraga mu mibereho yabo iruhije. Ntacyo batakoraga bihanganye <strong>ku</strong>gira<br />

ngo bategurire aba<strong>na</strong> babo <strong>ku</strong>gira imibereho itunganye n’ingirakamaro. Kubw’imico yabo<br />

ishikamye kandi ifite imbaraga, rimwe <strong>na</strong> rimwe abo babyeyi bageraga ubwo bakoresha<br />

ubuka<strong>na</strong>, ariko nubwo Luteri ubwe yari azi neza ko abo babyeyi hari ingingo zimwe bari<br />

barayobyeho, mu byo bamutozaga yabo<strong>na</strong>gamo byinshi yemera biruta ibyo atemeraga.<br />

Ku ishuri yoherejweho akiri umwa<strong>na</strong> muto, Luteri yahafatiwe <strong>na</strong>bi ndetse<br />

aka<strong>na</strong>hohoterwa. Ubukene bw’ababyeyi be bwari bukabije cyane <strong>ku</strong> buryo ubwo yavaga<br />

iwabo akajya <strong>ku</strong> ishuri mu wundi mujyi, hari igihe byabaye ngombwa ko <strong>ku</strong>gira ngo abone<br />

ibyo <strong>ku</strong>rya yajyaga aririmbira abantu ava <strong>ku</strong> rugo ajya <strong>ku</strong> rundi, ndetse akenshi inzara<br />

ikamumerera <strong>na</strong>bi. Imitekerereze mu by’iyobokama<strong>na</strong> yarangwaga n’umwijima<br />

84

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!