07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nk’uko byagendekeye abavandimwe babo bababanjirije, <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> amasezerano <strong>na</strong> Roma<br />

byari byarinjije ibinyoma byayo, bityo ibyo bituma abayobotse ukwizera kwa mbere bari<br />

barishyize hamwe ubwabo maze bakora itorero ryihariye, bafata izi<strong>na</strong> rivuga ngo,<br />

“Abavandimwe Bashyize hamwe.” Icyo gikorwa cyaba<strong>ku</strong>ruriye imivumo iturutse mu bantu<br />

b’ingeri zose. Nubwo byagenze bityo, bakomeje gushikama ntibanyeganyezwa. Byabaye<br />

ngombwa ko bahungira mu mashyamba no mu buvumo, ariko bagakomeza <strong>ku</strong>jya batera<strong>na</strong><br />

<strong>ku</strong>gira ngo basome Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ndetse bagafatanya <strong>ku</strong>yiramya.<br />

Biturutse <strong>ku</strong> ntumwa boherezaga mu bihugu bitandukanye mu ibanga, baje <strong>ku</strong>menya ko<br />

hirya no hino hari “abemera u<strong>ku</strong>ri batatanye bugarijwe n’itotezwa nkabo, bamwe bari muri<br />

uyu mujyi abandi mu wundi; bamenya kandi ko hagati mu misozi ya Alpe hari itorero rya<br />

kera rikigendera <strong>ku</strong> rufatiro rw’Ibyanditswe kandi rirwanya ukwangirika kw’itorero ry’i<br />

Roma riyoboka ibigirwama<strong>na</strong>.” 70 Aya ma<strong>ku</strong>ru yakiranwe ibyishimo byinshi kandi hatangira<br />

uburyo bwo koherezanya ama<strong>ku</strong>ru hagati yabo n’Abakristo b’Abawalidense.<br />

Abakristo b’i Boheme bashikamye <strong>ku</strong> butumwa bwiza, bihanga<strong>na</strong> mu ijoro ryo gutotezwa<br />

bari barimo, kandi mu isaha y’umwijima w’icuraburindi bakomezaga guhanga amaso yabo<br />

imuhero nk’abantu bategereje ko bucya. “Kubaho kwabo kwari <strong>ku</strong>ri mu minsi mibi, ariko<br />

...bibukaga amagambo yabanje <strong>ku</strong>vugwa <strong>na</strong> Huse kandi agasubirwamo <strong>na</strong> Jerome ko mbere<br />

y’uko umuseke utambika hagomba gushira ikinyeja<strong>na</strong>. Ku bayoboke ba Huse, ayo magambo<br />

yababereye nk’icyo amagambo ya Yozefu yamariye urubyaro rwa Yakobo ubwo bari bari mu<br />

Misiri maze akavuga ati: ‘Ngiye gupfa: ariko Ima<strong>na</strong> ntizabura <strong>ku</strong>bagenderera, ikaba<strong>ku</strong>ra muri<br />

iki gihugu.’” 71 Imyaka iheruka y’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> gatanu yaranzwe no kwiyongera<br />

nyako ariko kwagendaga buhoro kw’amatorero y’‘Abavandimwe bashyize hamwe.’ Nubwo<br />

bataburaga <strong>ku</strong>girirwa <strong>na</strong>bi, ntibyababujije kwishimira <strong>ku</strong>mva baruhutse. Mu itangira<br />

ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> gatandatu, amatorero yabo yageraga <strong>ku</strong>ri maga<strong>na</strong> abiri mu mujyi<br />

wa Boheme no muri Moravia.” 72<br />

“Uko ni ko umubare munini w’abarokotse kwicwa batwitswe cyangwa kwicishwa inkota<br />

babashije <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umuseke wa wa munsi Huse yari yaravuze.” 73<br />

83

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!