07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

u<strong>ku</strong>boko agwabiza imbaraga z’abarenganyaga abayoboke ba Huse. “Aho ngaho bahagiriye<br />

ubwoba bwinshi, ari nta mpamvu; <strong>ku</strong>ko Ima<strong>na</strong> yasandaje amagufwa y’uwagerereje ngo<br />

agutere; wabakojeje isoni, <strong>ku</strong>ko Ima<strong>na</strong> yabasuzuguye.” Zaburi 53:5.<br />

Abayobozi bagengwa <strong>na</strong> papa babonye ko badashobora gutsinda bakoresheje imbaraga,<br />

amaherezo bifashishije inzira y’umubano mu bya politike. Habayeho ubwumvikane <strong>ku</strong> buryo<br />

aho <strong>ku</strong>gira ngo buheshe abaturage b’i Boheme umudendezo wo gu<strong>ku</strong>rikiza umutima<strong>na</strong>,<br />

ahubwo mu by’u<strong>ku</strong>ri byabaye uburyo bwo <strong>ku</strong>bagusha mu mutego w’ubutegetsi bw’i Roma.<br />

Abaturage b’i Boheme bari bavuze ingingo enye zikwiye <strong>ku</strong>bahirizwa ngo bagirane amahoro<br />

<strong>na</strong> Roma. Izo ngingo zari izi: kwigisha Bibiliya <strong>ku</strong> mudendezo, guha abagize itorero bose<br />

uburenganzira bwo <strong>ku</strong>rya <strong>ku</strong> mutsima no <strong>ku</strong>nywa divayi mu gihe cyo guhazwa, gukoresha<br />

ururimi kavukire mu gihe cyo <strong>ku</strong>ramya, ndetse no gutandukanya abayobozi b’itorero<br />

n’imirimo yose y’ubutegetsi bwa leta; kandi mu gihe habayeho icyaha cyo kwica, ubutabera<br />

bukaba bumwe <strong>ku</strong> bayobozi b’itorero kimwe <strong>na</strong> rubanda. Amaherezo abayobozi b’ubutegetsi<br />

bwa Papa baje “kwemera ko izo ngingo zose enye zisabwa n’abayoboke ba Huse<br />

zakwemerwa ariko ko i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’itorero ari yo ifite uburenganzira bwo <strong>ku</strong>bisobanura (ni<br />

u<strong>ku</strong>vuga uburenganzira bwo guhamya ubusobanuro bwabyo nya<strong>ku</strong>ri). Mu yandi magambo<br />

ubwo burenganzira bukagirwa <strong>na</strong> papa n’umwami w’abami.” 69<br />

Amasezerano yabayeho ashingiye <strong>ku</strong>ri izi ngingo, maze Roma ikoresheje ubuhendanyi<br />

n’uburiganya iba igeze <strong>ku</strong> cyo itashoboye <strong>ku</strong>geraho ikoresheje intambara; <strong>ku</strong>ko <strong>ku</strong>bwo<br />

gutanga ubusobanuro bw’inyandiko za Huse kimwe <strong>na</strong> Bibiliya, Roma yashoboraga <strong>ku</strong>goreka<br />

ubusobanuro bwabyo <strong>ku</strong>gira ngo buhuze n’imigambi yayo.<br />

Umubare munini w’Abaturage b’i Boheme babonye ko ayo masezerano agendereye<br />

<strong>ku</strong>bangamira umudendezo wabo bityo ntibayemera. Kutumvika<strong>na</strong> n’amaca<strong>ku</strong>biri byaradutse<br />

maze bitera intambara no <strong>ku</strong>me<strong>na</strong> amaraso hagati mu banyaboheme ubwabo. Muri iyo<br />

mirwano igikomangoma Procopius ayigwamo maze umudendezo w’ab’i Boheme uba<br />

urarangiye.<br />

Noneho Sigismond wari waragambaniye Huse <strong>na</strong> Yoramu ni we wabaye umwami w’i<br />

Boheme, bityo yirengagije indahiro yo <strong>ku</strong>rengera uburenganzira bw’ab’i Boheme yari<br />

yararahiye, maze yongera gushyigikira inyigisho n’imihango by’itorero ry’i Roma. Mu gihe<br />

cy’imyaka ma<strong>ku</strong>myabiri ubuzima bwe bwabaye ubw’imiruho n’ibyago. Yatakaje ingabo ze<br />

kandi umutungo we urayoyoka bitewe n’intambara y’igihe kirekire kandi itarageraga <strong>ku</strong><br />

nsinzi. Noneho amaze umwaka umwe gusa <strong>ku</strong> ngoma yarapfuye asiga ubwami bwe<br />

bugererejwe n’intambara, abamusimbuye abaraga izi<strong>na</strong> ribi.<br />

Umuvurungano, intambara no <strong>ku</strong>me<strong>na</strong> amaraso byakomezaga gukwira hose. Ingabo<br />

z’abanyamahanga zongeye kwinjira muri Boheme, bityo amaca<strong>ku</strong>biri yari abarimo yakomeje<br />

<strong>ku</strong>munga imbaraga z’igihugu. Habayeho itotezwa rime<strong>na</strong> amaraso ryibasiye abantu bakomeje<br />

<strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong> butumwa bwiza.<br />

82

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!