07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kigabwa. Mu bihugu byose by’i Burayi aho ubupapa bwategekega, bakoranyije abantu,<br />

bateranya amafaranga n’intwaro z’intambara. Imbaga y’abantu benshi bitabiriye itegeko rya<br />

Papa bizeye ko amaherezo iby’abahakanyi bayobotse Huse bigiye <strong>ku</strong>rangira. Ingabo nyinshi<br />

zinjiye i Boheme zifite ibyiringiro byo <strong>ku</strong>hatsinda. Abaturage bishyiriye hamwe <strong>ku</strong>zirwanya.<br />

Iyo mitwe ibiri y’ingabo yarasatiranye <strong>ku</strong>geza ubwo hagati yayo hasigaye umugezi<br />

uzitandukanya. “Izo ngabo zije <strong>ku</strong>rimbura abayoboke ba Huse zari nyinshi cyane kandi zifite<br />

ibikoresho bikomeye, ariko aho <strong>ku</strong>gira ngo zirohe mu mugezi maze zambuke zijye <strong>ku</strong>rwanya<br />

abayoboke ba Huse, zahagaze ha<strong>ku</strong>rya zibatumbira zicecetse.” 68<br />

Uwo mwanya ubwoba budasanzwe bwatashye izo ngabo za papa. Zidashoboye no gu<strong>ku</strong>ra<br />

inkota, izo ngabo zikomeye zatatanye nk’izirukanwe n’imbaraga itagaragara. Abenshi muri<br />

bo bicishijwe inkota n’ingabo zo mu bayoboke ba Huse za<strong>ku</strong>rikiye abo bahungaga, ndetse<br />

zibanyaga iminyago myinshi <strong>ku</strong> buryo aho <strong>ku</strong>gira ngo iyo ntambara ikeneshe ab’i Boheme,<br />

yaraba<strong>ku</strong>ngahaje.<br />

Nyuma y’imyaka mike, himye umupapa mushya, maze hongera <strong>ku</strong>gabwa ikindi gitero.<br />

Nk’uko byari byaragenze mbere, abantu, amafaranga n’intwaro bya<strong>ku</strong>sanyijwe bi<strong>ku</strong>we mu<br />

bihugu by’i Burayi biyoboka Papa. Abantu biyemezaga <strong>ku</strong>jya muri uru rugamba rukaze<br />

basezeranirwaga agahimbazamusyi. Umuntu wese ugiye muri iyo ntambara yasezeranirwaga<br />

imbabazi z’ibyaha by’indengakamere yabashaga <strong>ku</strong>zakora. Abagwaga <strong>ku</strong> rugamba bose<br />

basezeranirwaga ingororano ikomeye mu ijuru, kandi abarokokaga bagombaga guhabwa<br />

icyubahiro n’ubu<strong>ku</strong>ngu ba<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> rugamba. Umutwe munini w’ingabo wongeye <strong>ku</strong>remwa<br />

maze abasirikire bambuka umupaka binjira i Boheme. Ingabo z’abayoboke ba Huse zisubira<br />

inyuma <strong>ku</strong>gira ngo zibareke bose binjire mu gihugu, kandi <strong>ku</strong>gira ngo bizere ko batsinze<br />

urugamba. Amaherezo ingabo za Procopius zarahagaze zihindukirira abanzi babo zitegura<br />

<strong>ku</strong>barwanya. Noneho izo ngabo zibo<strong>na</strong> ko zakoze ikosa, maze zisubira mu nkambi zazo<br />

zitegereje kongera gusubira <strong>ku</strong>ri gahunda. Ubwo bumvaga urusa<strong>ku</strong> rw’ingabo zibasatiriye,<br />

ndetse batara<strong>na</strong>bo<strong>na</strong> ingabo z’abayoboke ba Huse, bongeye gutahwa n’ubwoba bwinshi.<br />

Ibikomangoma, abasirikare ba<strong>ku</strong>ru ndetse n’abato bose bajugunya intwaro zabo maze<br />

bakwira imishwaro. Intumwa n<strong>ku</strong>ru ya Papa yari iyoboye icyo gitero yagerageje kwegeranya<br />

ingabo ze zatashywe n’ubwoba kandi zatatatanye, ariko biba iby’ubusa. Nubwo yagerageje<br />

uko ashoboye, amaherezo <strong>na</strong>we ubwe arahunga agenda mu ihururu ry’abahunga. Wa<br />

muvurungano wararangiye maze iminyago myinshi yongera <strong>ku</strong>gwa mu maboko y’ingabo<br />

z’abayoboke ba Huse.<br />

Uko ni ko <strong>ku</strong> ncuro ya kabiri, ingabo nyinshi zoherejwe n’ibihugu bikomeye by’i Burayi,<br />

ingabo z’intwari, ingabo zimenyereye intambara, zatojwe kandi zari zambariye urugamba,<br />

zaje guhunga zitara<strong>ku</strong>ra inkota mu rwubati imbere y’abarwaniraga ishyanga rito kandi ryari<br />

ritaragwiza imbaraga. Aha ni ho imbaraga y’Ima<strong>na</strong> yigaragarije. Abanzi b’abubahama<strong>na</strong><br />

batewe n’ubwoba budasanzwe. Uwatsinze ingabo za Farawo mu Nyanja Itu<strong>ku</strong>ra, uwirukanye<br />

ingabo z’Abamidiyani imbere ya Gidiyoni n’abagabo maga<strong>na</strong> atatu bari <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>we, wa<br />

wundi watsembye ingabo z’Abasiriya mu ijoro rimwe gusa, niwe <strong>na</strong> none warambuye<br />

81

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!