07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

baranyeganyeje inyigisho z’itorero, ahubwo <strong>ku</strong>bera ko bashyize <strong>ku</strong> mugaragaro kandi<br />

bakamaga<strong>na</strong> amahano yakorwaga n’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini ari yo gu<strong>ku</strong>nda iby’isi<br />

by’imburamumaro, ubwibone bwabo, ndetse n’ingeso mbi zose z’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru mu idini<br />

n’abapadiri. Nanjye ntekereza kandi mpamya nka bo ibyo bahamije ndetse bidashobora<br />

guhakanwa.”<br />

Bahise bamuca mu ijambo maze abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini bari bazabiranyijwe<br />

n’uburakari bwinshi baravuga bati: “Mbese hari ikindi gihamya dukeneye? Twiboneye<br />

n’amaso yacu umuhakanyi uruta abandi!”<br />

Adatewe ubwoba no <strong>ku</strong>mukangara, Jerome yaravuze ati: “Mwibwira ko ntinya gupfa?<br />

Mumaze umwaka wose mumfungiye mu kasho gateye ubwoba <strong>ku</strong>rusha urupfu ubwarwo.<br />

Mwankoreye ubugome bukomeye cyane <strong>ku</strong>rusha ubukorerwa Umunyaturukiya, Umuyahudi<br />

cyangwa umupagani, kandi umubiri wanjye wa<strong>ku</strong>we <strong>ku</strong> magufa ndi muzima. Nyamara<br />

sinigera nivovota <strong>ku</strong>bera ko amaganya adakwiriye <strong>ku</strong> muntu ufite umutima kandi ubabwamo<br />

<strong>na</strong> Mwuka, ariko nta kindi mbasha <strong>ku</strong>garagaza uretse gutangazwa n’ubugome bwa<br />

kinyamaswa nk’ubu bugiriwe Umukristo.” 65<br />

Uburakari bukaze bwongeye <strong>ku</strong>bazabiranya maze Jerome ahita ajyanwa muri gereza.<br />

Nyamara muri iryo teraniro harimo abantu bamwe bari bakozwe <strong>ku</strong> mutima n’amagambo ya<br />

Yoramu kandi bashakaga <strong>ku</strong>mukiza. Yasurwaga n’abakomeye benshi bo mu itorero maze<br />

bakamwingingira <strong>ku</strong>mvira abagize urukiko. Bamusezeraniraga ibintu byiza cyane azahabwa<br />

nk’ingororano aramutse aretse <strong>ku</strong>rwanya Roma. Ariko nk’uko Umukiza we yabigenje ubwo<br />

yasezeranirwaga icyubahiro cy’isi, Yoramu yakomeje gushikama.<br />

Jerome yaravuze ati: “Ngaho nimunyemeze mushingiye mu Byanditswe Byera maze<br />

munyereke ko ndi mu makosa, <strong>na</strong> njye ndayareka.”<br />

Umwe mu bamuhataga ibibazo yaravuze ati: “Ibyanditswe Byera! Mbese birahagije<br />

<strong>ku</strong>gira ngo bicire umuntu urubanza? Ni nde ubasha <strong>ku</strong>bisobanukirwa kandi itorero<br />

ryarabisobanuye?”<br />

Jerome yarasubije ati: “Mbese imigenzo y’abantu ni yo ikwiye kwizerwa <strong>ku</strong>rusha<br />

ubutumwa bwiza bw’Umukiza wacu? Ntabwo Pawulo yararikiye abo yandikiye <strong>ku</strong>mvira<br />

imigenzo y’abantu, ahubwo yaravuze ati, ‘Murondore mu Byanditswe’”.<br />

Wa muntu yasubije Jerome ati: “Umuhakanyi! Nicujije <strong>ku</strong>ba <strong>na</strong>maze igihe kirekire<br />

nkwinginga. Ndabo<strong>na</strong> ukoreshwa n’umubi.” 66<br />

Nyuma y’igihe gito, Jerome yaciriwe urwo gupfa. Yarashorewe ajyanwa kwicirwa aho<br />

Yohani Huse yatangiye ubuzima bwe. Ubwo yajyanwaga, yagiye aririmba, mu maso he<br />

harabagira<strong>na</strong> ibyishimo n’amahoro. Yari ahanze amaso ye <strong>ku</strong>ri Kristo, kandi <strong>ku</strong> bwe urupfu<br />

ntirwari rukimuteye ubwoba. Igihe uwagombaga <strong>ku</strong>mutwika yazaga inyuma ye agiye<br />

gukongeza umuriro, Yoramu waziraga kwizera kwe yamubwije ijwi rirenga ati: “Ngwino<br />

79

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!