07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mwanga <strong>ku</strong>ntega amatwi! ....Niba mu by’u<strong>ku</strong>ri muri abanyabwenge kandi mukaba muri<br />

umucyo w’isi, mwitonde mutica ubutabera. Naho jye ndi umuntu upfa woroheje, ubuzima<br />

bwanjye bufite agaciro gake; kandi iyo mbinginga ngo mwe guca urwa kibera, simbivuga<br />

cyane <strong>ku</strong> bwanjye nko <strong>ku</strong> bwanyu.” 62<br />

Amaherezo icyifuzo cye cyarumviwe. Ari imbere y’abamuciraga urubanza, Jerome<br />

yarapfukamye maze asaba ko Mwuka Muziranenge yayobora ibitekerezo n’amagambo bye<br />

<strong>ku</strong>gira ngo atagira icyo avuga gihabanye n’u<strong>ku</strong>ri cyangwa se kidakwiranye n’Umwami we.<br />

Ku bwe uwo munsi hasohojwe amasezerano Ima<strong>na</strong> yahaye abigishwa ba mbere ngo:<br />

“Bazabashyira abatware n’abami babampora...Ariko nibabagambanira, ntimuzahagarike<br />

umutima w’uko muzavuga, cyangwa ibyo muzavuga, <strong>ku</strong>ko muzabibwirwa muri uwo<br />

mwanya; <strong>ku</strong>ko atari mwe muzaba muvuga, ahubwo ni Umwuka wa so uzabavugisha.” 63<br />

Amagambo ya Jerome yateje abamwumva <strong>ku</strong>mirwa no <strong>ku</strong>mutangarira ndetse n’abanzi be.<br />

Yari amaze umwaka wose afungiwe muri kasho, adashobora gusoma ndetse no <strong>ku</strong>reba,<br />

ababara umubiri kandi mu bitekerezo ahangayitse. Nubwo yari amerewe atyo, ibitekerezo bye<br />

yabivuze nta shiti mu buryo bwumvika<strong>na</strong> kandi abivuga<strong>na</strong> imbaraga nk’utaragize inkomyi yo<br />

kwiga. Yibukije abamwumvaga urutonde rurerure rw’abantu b’intungane baciriwe urwo<br />

gupfa n’abacamanza barenganya. Uko ibihe byagiye biha ibindi hagiye haboneka abantu<br />

bagiye bacecekeshwa kandi bagacibwa mu gihe bashakaga uko bagarura umutima<strong>na</strong>ma mu<br />

bantu bo mu gihe cyabo, nyamara mu bihe bya<strong>ku</strong>rikiyeho, byagiye bigaragara ko bakwiriye<br />

<strong>ku</strong>byubahirwa. Kristo ubwe yaciriwe urw’umugome n’urukiko rwacaga urwa kibera.<br />

Ubwo yisubiragaho, Jerome yari yaremeye urubanza rwaciriwe Huse. Noneho ubu yavuze<br />

ibyo kwiha<strong>na</strong> kwe kandi ahamya ko Huse wahowe kwizera kwe yari intungane ndetse<br />

n’inzirakarengane. Jerome yaravuze ati: “Namumenye <strong>ku</strong>va mu bwa<strong>na</strong> bwe. Yari umuntu<br />

w’ingenzi, w’imbonera kandi utunganye. Nubwo yarenga<strong>na</strong>ga, yaciriweho iteka ryo gupfa . .<br />

. Na jye niteguye gupfa sinzasubira inyuma ngo ntinye imambo zo kwicirwaho<br />

urw’agashinyaguro <strong>na</strong>teguriwe n’abanzi banjye, ndetse n’abanshinja ibinyoma bazasobanura<br />

ibibi bakoze umunsi umwe bahagaze imbere y’Ima<strong>na</strong> ikomeye idashobora <strong>ku</strong>gira icyo<br />

isobwa.” 64<br />

Mu magambo yo kwigaya <strong>ku</strong>ba yarahakanye u<strong>ku</strong>ri, Jerome yakomeje agira ati: “Mu byaha<br />

byanjye byose <strong>na</strong>koze <strong>ku</strong>va mu buto bwanjye, nta <strong>na</strong> kimwe kindemereye mu ntekerezo kandi<br />

ngo kintere kwicuza <strong>ku</strong>ncumita mu mutima nk’icyo <strong>na</strong>koreye aha hantu habi ubwo<br />

<strong>na</strong>shyigikiraga urubanza rugoretse rwaciriwe Wycliffe ndetse <strong>na</strong> Yoha<strong>na</strong> Huse wari intungane<br />

kandi wazize kwizera kwe, akaba yari umutware n’incuti yanjye. Ni u<strong>ku</strong>ri! Mbyicujije bivuye<br />

<strong>ku</strong> mutima kandi mvuganye agahinda kenshi ko <strong>na</strong>citse intege bikojeje isoni ubwo <strong>na</strong>ciragaho<br />

iteka inyigisho zabo mbitewe no gutinya urupfu. Kubw’ibyo, nsabye Ima<strong>na</strong> Ishoborabyose<br />

nicishije bugufi ko yambabarira ibyaha byanjye, kandi by’umwihariko ikambabarira iki cyaha<br />

kibi cyane mu byo <strong>na</strong>koze byose.” Yahindukiriye abamuciraga urubanza maze avuga ashize<br />

amanga ati: “Mwaciriye Wycliffe <strong>na</strong> Yoha<strong>na</strong> Huse urubanza mutabahoye <strong>ku</strong>ba<br />

78

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!