07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bwashegeshe ubuzima bwe, maze abanzi be batangira gutinya ko yabacika, bityo bagerageza<br />

<strong>ku</strong>mworohereza umubabaro nubwo yamaze mu nzu y’imbohe umwaka.<br />

Ntabwo urupfu rwa Huse rwarangiye nk’uko abayoboke ba papa bari babyiteze. Kurenga<br />

<strong>ku</strong> rwandiko rwo <strong>ku</strong>mushinga<strong>na</strong> yari afite byabyukije kwivumbagatanya kw’abantu, bityo<br />

nk’uburyo bwo gukemura ikibazo neza, aho gutwika Jerome, urukiko rwiyemeje <strong>ku</strong>muhatira<br />

kwisubiraho biramutse bishobotse. Bamuzanye imbere y’iteraniro maze bamuhitishamo<br />

kwisubiraho cyangwa gupfa atwitswe. Iyo aza gupfa mu itangira ry’ifungwa rye biba<br />

byaramubereye umugisha ubigereranyije n’imibabaro ikomeye yanyuzemo. Ariko noneho<br />

ubu ubwo yari atentebutse <strong>ku</strong>bera uburwayi, imibabaro yaterwaga n’aho yari afungiwe,<br />

<strong>ku</strong>babara bitewe no guhangayika no kwibaza ibiza<strong>ku</strong>rikiraho, <strong>ku</strong>ba yari yatandukanyijwe<br />

n’incuti ze kandi atewe ubwoba n’urupfu rwa Huse, byatumye ubutwari bwa Jerome butezuka<br />

maze yemera <strong>ku</strong>mvira abagize urukiko. Yarahiriye ko yemeye <strong>ku</strong>yoboka ukwemera<br />

kw’itorero Gatolika, kandi yemera icyo urukiko rwakoze rucira Wycliffe <strong>na</strong> Huse urubanza,<br />

uretse ibyerekeranye “n’u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>zira inenge” bari barigishije. 61<br />

Mu gukora ibyo, Jerome yakoze ibishoboka byose <strong>ku</strong>gira ngo acecekeshe ijwi<br />

ry’umutima<strong>na</strong>ma kandi akize amagara ye. Ariko ubwo yari mu bwigunge mu <strong>ku</strong>mba yari<br />

afungiwemo, yaje gusobanukirwa neza n’ibyo yari yakoze. Yatekereje <strong>ku</strong> by’ubutwari<br />

n’ubudahemuka bwa Huse, maze asanga bihabanye n’uko we ubwe yihakanye u<strong>ku</strong>ri.<br />

Yatekereje <strong>ku</strong> Mwami we wo mu ijuru yari yararahiriye <strong>ku</strong>zakorera kandi wihanganiye urupfu<br />

rwo <strong>ku</strong> musaraba <strong>ku</strong> bwe. Mbere y’uko yisubiraho, ubwo yari mu mibabaro ye, yari<br />

yaraboneye guhumurizwa mu byiringiro by’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>; ariko ubu kwicuza no<br />

gushidikanya byabuzaga amahoro umutima we. Nuko aza <strong>ku</strong>menya ko azongera <strong>ku</strong>bazwa <strong>na</strong><br />

none ibyo kwisubiraho kwe mbere yo kwiyunga n’abayobozi ba Roma. Intambwe yari<br />

atangiye gutera yari <strong>ku</strong>zamugeza <strong>ku</strong> buhakanyi bwa burundu. Yafashe umwanzuro ko:<br />

Atazihaka<strong>na</strong> Umwami we ngo a<strong>ku</strong>nde akire imibabaro y’igihe gito.<br />

Ntibyatinze aza kongera guhamagarwa imbere y’urukiko. Imvugo ye yo kwisubiraho<br />

ntabwo yari yanyuze abacamanza. Inyota yabo yo <strong>ku</strong>me<strong>na</strong> amaraso yari yakanguwe n’urupfu<br />

rwa Huse, bityo bashakaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> n’abandi bica. Jerome ntiyajyaga <strong>ku</strong>rokora ubuzima bwe<br />

keretse gusa ahakanye u<strong>ku</strong>ri agatsemba. Nyamara ubu bwo yari yamaze kwiyemeza<br />

gushikama <strong>ku</strong> kwizera kwe maze agatwikwa, bityo akagera ikirenge mu cya mugenzi we<br />

wazize kwizera kwe.<br />

Yahakanye ibyo kwisubiraho yari yavuze mbere, bityo nk’umuntu witeguye gupfa, niko<br />

gusaba abacamanza akanya ko kwiregura. Kubera gutinya ingaruka z’amagambo ye,<br />

abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini batsimbaraye <strong>ku</strong> cyifuzo cy’uko yakwemeza cyangwa agahaka<strong>na</strong><br />

u<strong>ku</strong>ri kw’ibyo yaregwaga gusa. Jerome yarwanyije ubwo bugome bukomeye n’akarengane<br />

bamugiriye avuga ati: “Mwamfungiye muri gereza iteye ubwoba iminsi maga<strong>na</strong> atatu <strong>na</strong><br />

mirongo ine, mu myanda ahantu hanuka kandi munyima ibya ngombwa byose <strong>na</strong>ri nkeneye,<br />

none munzanye imbere yanyu maze mutega amatwi abanzi banjye bashaka <strong>ku</strong>nyica, njye<br />

77

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!