Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba yongeye kwingingirwa gukiza amagara ye aramutse yemeye kureka amakosa ye. Huse yaravuze ati: “Ni ayahe makosa nkwiriye kureka? Jye ubwanjye nzi ko nta kosa mfite. Ntanze Imana ho umugabo ko ibyo nanditse kandi nabwirije byose byakozwe hagamijwe gutabara abantu ngo bakurwe mu cyaha no kuzimira. Niyo mpamvu nishimiye cyane kuzahamisha amaraso yanjye uko kuri nanditse kandi nabwirije.” 58 Ubwo ibirimi by’umuriro byari bimuzabiranyije, yatangiye kuririmba ati: “Yesu, mwana wa Dawidi, ngirira impuhwe!” Yakomeje atyo kugeza ubwo ijwi rye ryacwekereye burundu. N’abanzi be bose batangajwe n’ubutwari bwe bukomeye. Ubwo umuyoboke ukomeye w’itorero Gatorika yasobanuraga ibya Huse wazize kwizera kwe ndetse n’ibya Jerome waje gupfa nyuma y’igihe gito, yaravuze ati: “Bombi berekanye umutima utuje ubwo isaha yabo ya nyuma yegerezaga. Biteguye gutwikwa nk’abagiye mu birori by’ubukwe. Ntibigeze batakishwa n’umubabaro. Igihe ibirimi by’umuriro byazamukaga bateraga indirimbo; kandi ubukana bw’umuriro ntibwabashaga guhagarika indirimbo zabo.” 59 Igihe umubiri wa Huse wari umaze gushya burundu, ivu rye n’ubutaka bw’aho ryari riri byararundarunzwe maze bijugunywa mu ruzi rwa Rhine amazi arabitembana bijya mu nyanja. Abamwishe bibwiraga ko baranduye ukuri yari yarabwirije, ariko byabaye iby’ubusa. Ntibigeze batekereza ko iryo vu baroshye mu nyanja uwo munsi ryari kuzaba nk’imbuto ibibwe mu bihugu byose byo ku isi. Ntibari bazi ko mu bihugu byari bitaramenyekana, iyo mbuto yari kuzera amatunda y’abahamya b’ukuri atagira ingano. Ijwi ryumvikaniye mu cyumba cy’urukiko i Constance ryari ryohereje ukwirangira kwari kuzumvikana mu myaka yose yari kuzakurikiraho. Huse yari atakiriho ariko ukuri yazize ntikwari kuzashiraho. Urugero rwo kwizera no gushikama yatanze rwagombaga gukomeza abantu benshi bakazaba indahemuka ku kuri bageze imbere yo gutotezwa ndetse n’urupfu. Urupfu Huse yishwe rweretse isi yose ubugome bukabije bw’itorero ry’i Roma. Nubwo abanzi b’ukuri batari babizi, bamamaje hose ukuri bashakaga gutsemba ariko bikabananira. Nyamara kandi urundi rumambo rwagombaga gushingwa i Constance. Amaraso y’undi muhamya yagombaga guhamya ukuri. Ubwo Jerome yasezeraga kuri Huse igihe yari agiye kwitaba urukiko, yari yaramwingingiye kugira ubutwari no gushikama, amubwira ko nihagira akaga aza guhura nako ari bumufashe. Amaze kumva ko Huse yashyizwe mu nzu y’imbohe, uwo mwigishwa w’indahemuka yahise yitegura gusohoza isezerano yari yatanze. Aherako afata inzira yerekeza i Constance nta rwandiko rw’inzira afite kandi aherekejwe n’umuntu umwe gusa. Ageze muri uwo mujyi, nibwo yamenye ko yiroshye mu kaga kandi nta nzira yacamo ngo agire icyo akora cyo gukiza Huse. Yahereyeko ahunga uwo mujyi ariko aza gufatirwa mu nzira asubiye iwabo maze abasirikari bamubohesha iminyururu baramugarura. Ubwo bamuhingutsaga mu rukiko, agitangira kugerageza kwisobanura, yasanganijwe urusaku rw’abantu bavuga ngo: “Natwikwe! Natwikwe” 60 Bamujugunye muri kasho ubwo, bamwambika iminyururu mu buryo bumubabaza cyane maze bakajya bamugaburira umugati n’amazi gusa. Hashize amezi make, ubugome yagiriwe afungwa bwamuteje uburwayi 76

Itorero na Leta ku Rugamba bwashegeshe ubuzima bwe, maze abanzi be batangira gutinya ko yabacika, bityo bagerageza kumworohereza umubabaro nubwo yamaze mu nzu y’imbohe umwaka. Ntabwo urupfu rwa Huse rwarangiye nk’uko abayoboke ba papa bari babyiteze. Kurenga ku rwandiko rwo kumushingana yari afite byabyukije kwivumbagatanya kw’abantu, bityo nk’uburyo bwo gukemura ikibazo neza, aho gutwika Jerome, urukiko rwiyemeje kumuhatira kwisubiraho biramutse bishobotse. Bamuzanye imbere y’iteraniro maze bamuhitishamo kwisubiraho cyangwa gupfa atwitswe. Iyo aza gupfa mu itangira ry’ifungwa rye biba byaramubereye umugisha ubigereranyije n’imibabaro ikomeye yanyuzemo. Ariko noneho ubu ubwo yari atentebutse kubera uburwayi, imibabaro yaterwaga n’aho yari afungiwe, kubabara bitewe no guhangayika no kwibaza ibizakurikiraho, kuba yari yatandukanyijwe n’incuti ze kandi atewe ubwoba n’urupfu rwa Huse, byatumye ubutwari bwa Jerome butezuka maze yemera kumvira abagize urukiko. Yarahiriye ko yemeye kuyoboka ukwemera kw’itorero Gatolika, kandi yemera icyo urukiko rwakoze rucira Wycliffe na Huse urubanza, uretse ibyerekeranye “n’ukuri kuzira inenge” bari barigishije. 61 Mu gukora ibyo, Jerome yakoze ibishoboka byose kugira ngo acecekeshe ijwi ry’umutimanama kandi akize amagara ye. Ariko ubwo yari mu bwigunge mu kumba yari afungiwemo, yaje gusobanukirwa neza n’ibyo yari yakoze. Yatekereje ku by’ubutwari n’ubudahemuka bwa Huse, maze asanga bihabanye n’uko we ubwe yihakanye ukuri. Yatekereje ku Mwami we wo mu ijuru yari yararahiriye kuzakorera kandi wihanganiye urupfu rwo ku musaraba ku bwe. Mbere y’uko yisubiraho, ubwo yari mu mibabaro ye, yari yaraboneye guhumurizwa mu byiringiro by’ubuntu bw’Imana; ariko ubu kwicuza no gushidikanya byabuzaga amahoro umutima we. Nuko aza kumenya ko azongera kubazwa na none ibyo kwisubiraho kwe mbere yo kwiyunga n’abayobozi ba Roma. Intambwe yari atangiye gutera yari kuzamugeza ku buhakanyi bwa burundu. Yafashe umwanzuro ko: Atazihakana Umwami we ngo akunde akire imibabaro y’igihe gito. Ntibyatinze aza kongera guhamagarwa imbere y’urukiko. Imvugo ye yo kwisubiraho ntabwo yari yanyuze abacamanza. Inyota yabo yo kumena amaraso yari yakanguwe n’urupfu rwa Huse, bityo bashakaga kubona n’abandi bica. Jerome ntiyajyaga kurokora ubuzima bwe keretse gusa ahakanye ukuri agatsemba. Nyamara ubu bwo yari yamaze kwiyemeza gushikama ku kwizera kwe maze agatwikwa, bityo akagera ikirenge mu cya mugenzi we wazize kwizera kwe. Yahakanye ibyo kwisubiraho yari yavuze mbere, bityo nk’umuntu witeguye gupfa, niko gusaba abacamanza akanya ko kwiregura. Kubera gutinya ingaruka z’amagambo ye, abayobozi bakuru b’idini batsimbaraye ku cyifuzo cy’uko yakwemeza cyangwa agahakana ukuri kw’ibyo yaregwaga gusa. Jerome yarwanyije ubwo bugome bukomeye n’akarengane bamugiriye avuga ati: “Mwamfungiye muri gereza iteye ubwoba iminsi magana atatu na mirongo ine, mu myanda ahantu hanuka kandi munyima ibya ngombwa byose nari nkeneye, none munzanye imbere yanyu maze mutega amatwi abanzi banjye bashaka kunyica, njye 77

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yongeye kwingingirwa gukiza amagara ye aramutse yemeye <strong>ku</strong>reka amakosa ye. Huse<br />

yaravuze ati: “Ni ayahe makosa nkwiriye <strong>ku</strong>reka? Jye ubwanjye nzi ko nta kosa mfite. Ntanze<br />

Ima<strong>na</strong> ho umugabo ko ibyo <strong>na</strong>nditse kandi <strong>na</strong>bwirije byose byakozwe hagamijwe gutabara<br />

abantu ngo ba<strong>ku</strong>rwe mu cyaha no <strong>ku</strong>zimira. Niyo mpamvu nishimiye cyane <strong>ku</strong>zahamisha<br />

amaraso yanjye uko <strong>ku</strong>ri <strong>na</strong>nditse kandi <strong>na</strong>bwirije.” 58 Ubwo ibirimi by’umuriro byari<br />

bimuzabiranyije, yatangiye <strong>ku</strong>ririmba ati: “Yesu, mwa<strong>na</strong> wa Dawidi, ngirira impuhwe!”<br />

Yakomeje atyo <strong>ku</strong>geza ubwo ijwi rye ryacwekereye burundu.<br />

N’abanzi be bose batangajwe n’ubutwari bwe bukomeye. Ubwo umuyoboke ukomeye<br />

w’itorero Gatorika yasobanuraga ibya Huse wazize kwizera kwe ndetse n’ibya Jerome waje<br />

gupfa nyuma y’igihe gito, yaravuze ati: “Bombi berekanye umutima utuje ubwo isaha yabo<br />

ya nyuma yegerezaga. Biteguye gutwikwa nk’abagiye mu birori by’ubukwe. Ntibigeze<br />

batakishwa n’umubabaro. Igihe ibirimi by’umuriro byazamukaga bateraga indirimbo; kandi<br />

ubuka<strong>na</strong> bw’umuriro ntibwabashaga guhagarika indirimbo zabo.” 59<br />

Igihe umubiri wa Huse wari umaze gushya burundu, ivu rye n’ubutaka bw’aho ryari riri<br />

byararundarunzwe maze bijugunywa mu ruzi rwa Rhine amazi arabitemba<strong>na</strong> bijya mu nyanja.<br />

Abamwishe bibwiraga ko baranduye u<strong>ku</strong>ri yari yarabwirije, ariko byabaye iby’ubusa.<br />

Ntibigeze batekereza ko iryo vu baroshye mu nyanja uwo munsi ryari <strong>ku</strong>zaba nk’imbuto<br />

ibibwe mu bihugu byose byo <strong>ku</strong> isi. Ntibari bazi ko mu bihugu byari bitaramenyeka<strong>na</strong>, iyo<br />

mbuto yari <strong>ku</strong>zera amatunda y’abahamya b’u<strong>ku</strong>ri atagira ingano. Ijwi ryumvikaniye mu<br />

cyumba cy’urukiko i Constance ryari ryohereje ukwirangira kwari <strong>ku</strong>zumvika<strong>na</strong> mu myaka<br />

yose yari <strong>ku</strong>za<strong>ku</strong>rikiraho. Huse yari atakiriho ariko u<strong>ku</strong>ri yazize ntikwari <strong>ku</strong>zashiraho.<br />

Urugero rwo kwizera no gushikama yatanze rwagombaga gukomeza abantu benshi bakazaba<br />

indahemuka <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri bageze imbere yo gutotezwa ndetse n’urupfu. Urupfu Huse yishwe<br />

rweretse isi yose ubugome bukabije bw’itorero ry’i Roma. Nubwo abanzi b’u<strong>ku</strong>ri batari<br />

babizi, bamamaje hose u<strong>ku</strong>ri bashakaga gutsemba ariko bikaba<strong>na</strong>nira.<br />

Nyamara kandi urundi rumambo rwagombaga gushingwa i Constance. Amaraso y’undi<br />

muhamya yagombaga guhamya u<strong>ku</strong>ri. Ubwo Jerome yasezeraga <strong>ku</strong>ri Huse igihe yari agiye<br />

kwitaba urukiko, yari yaramwingingiye <strong>ku</strong>gira ubutwari no gushikama, amubwira ko nihagira<br />

akaga aza guhura <strong>na</strong>ko ari bumufashe. Amaze <strong>ku</strong>mva ko Huse yashyizwe mu nzu y’imbohe,<br />

uwo mwigishwa w’indahemuka yahise yitegura gusohoza isezerano yari yatanze. Aherako<br />

afata inzira yerekeza i Constance nta rwandiko rw’inzira afite kandi aherekejwe n’umuntu<br />

umwe gusa. Ageze muri uwo mujyi, nibwo yamenye ko yiroshye mu kaga kandi nta nzira<br />

yacamo ngo agire icyo akora cyo gukiza Huse. Yahereyeko ahunga uwo mujyi ariko aza<br />

gufatirwa mu nzira asubiye iwabo maze abasirikari bamubohesha iminyururu baramugarura.<br />

Ubwo bamuhingutsaga mu rukiko, agitangira <strong>ku</strong>gerageza kwisobanura, yasanganijwe<br />

urusa<strong>ku</strong> rw’abantu bavuga ngo: “Natwikwe! Natwikwe” 60 Bamujugunye muri kasho ubwo,<br />

bamwambika iminyururu mu buryo bumubabaza cyane maze bakajya bamugaburira umugati<br />

n’amazi gusa. Hashize amezi make, ubugome yagiriwe afungwa bwamuteje uburwayi<br />

76

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!