Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba yongeye kwingingirwa gukiza amagara ye aramutse yemeye kureka amakosa ye. Huse yaravuze ati: “Ni ayahe makosa nkwiriye kureka? Jye ubwanjye nzi ko nta kosa mfite. Ntanze Imana ho umugabo ko ibyo nanditse kandi nabwirije byose byakozwe hagamijwe gutabara abantu ngo bakurwe mu cyaha no kuzimira. Niyo mpamvu nishimiye cyane kuzahamisha amaraso yanjye uko kuri nanditse kandi nabwirije.” 58 Ubwo ibirimi by’umuriro byari bimuzabiranyije, yatangiye kuririmba ati: “Yesu, mwana wa Dawidi, ngirira impuhwe!” Yakomeje atyo kugeza ubwo ijwi rye ryacwekereye burundu. N’abanzi be bose batangajwe n’ubutwari bwe bukomeye. Ubwo umuyoboke ukomeye w’itorero Gatorika yasobanuraga ibya Huse wazize kwizera kwe ndetse n’ibya Jerome waje gupfa nyuma y’igihe gito, yaravuze ati: “Bombi berekanye umutima utuje ubwo isaha yabo ya nyuma yegerezaga. Biteguye gutwikwa nk’abagiye mu birori by’ubukwe. Ntibigeze batakishwa n’umubabaro. Igihe ibirimi by’umuriro byazamukaga bateraga indirimbo; kandi ubukana bw’umuriro ntibwabashaga guhagarika indirimbo zabo.” 59 Igihe umubiri wa Huse wari umaze gushya burundu, ivu rye n’ubutaka bw’aho ryari riri byararundarunzwe maze bijugunywa mu ruzi rwa Rhine amazi arabitembana bijya mu nyanja. Abamwishe bibwiraga ko baranduye ukuri yari yarabwirije, ariko byabaye iby’ubusa. Ntibigeze batekereza ko iryo vu baroshye mu nyanja uwo munsi ryari kuzaba nk’imbuto ibibwe mu bihugu byose byo ku isi. Ntibari bazi ko mu bihugu byari bitaramenyekana, iyo mbuto yari kuzera amatunda y’abahamya b’ukuri atagira ingano. Ijwi ryumvikaniye mu cyumba cy’urukiko i Constance ryari ryohereje ukwirangira kwari kuzumvikana mu myaka yose yari kuzakurikiraho. Huse yari atakiriho ariko ukuri yazize ntikwari kuzashiraho. Urugero rwo kwizera no gushikama yatanze rwagombaga gukomeza abantu benshi bakazaba indahemuka ku kuri bageze imbere yo gutotezwa ndetse n’urupfu. Urupfu Huse yishwe rweretse isi yose ubugome bukabije bw’itorero ry’i Roma. Nubwo abanzi b’ukuri batari babizi, bamamaje hose ukuri bashakaga gutsemba ariko bikabananira. Nyamara kandi urundi rumambo rwagombaga gushingwa i Constance. Amaraso y’undi muhamya yagombaga guhamya ukuri. Ubwo Jerome yasezeraga kuri Huse igihe yari agiye kwitaba urukiko, yari yaramwingingiye kugira ubutwari no gushikama, amubwira ko nihagira akaga aza guhura nako ari bumufashe. Amaze kumva ko Huse yashyizwe mu nzu y’imbohe, uwo mwigishwa w’indahemuka yahise yitegura gusohoza isezerano yari yatanze. Aherako afata inzira yerekeza i Constance nta rwandiko rw’inzira afite kandi aherekejwe n’umuntu umwe gusa. Ageze muri uwo mujyi, nibwo yamenye ko yiroshye mu kaga kandi nta nzira yacamo ngo agire icyo akora cyo gukiza Huse. Yahereyeko ahunga uwo mujyi ariko aza gufatirwa mu nzira asubiye iwabo maze abasirikari bamubohesha iminyururu baramugarura. Ubwo bamuhingutsaga mu rukiko, agitangira kugerageza kwisobanura, yasanganijwe urusaku rw’abantu bavuga ngo: “Natwikwe! Natwikwe” 60 Bamujugunye muri kasho ubwo, bamwambika iminyururu mu buryo bumubabaza cyane maze bakajya bamugaburira umugati n’amazi gusa. Hashize amezi make, ubugome yagiriwe afungwa bwamuteje uburwayi 76
Itorero na Leta ku Rugamba bwashegeshe ubuzima bwe, maze abanzi be batangira gutinya ko yabacika, bityo bagerageza kumworohereza umubabaro nubwo yamaze mu nzu y’imbohe umwaka. Ntabwo urupfu rwa Huse rwarangiye nk’uko abayoboke ba papa bari babyiteze. Kurenga ku rwandiko rwo kumushingana yari afite byabyukije kwivumbagatanya kw’abantu, bityo nk’uburyo bwo gukemura ikibazo neza, aho gutwika Jerome, urukiko rwiyemeje kumuhatira kwisubiraho biramutse bishobotse. Bamuzanye imbere y’iteraniro maze bamuhitishamo kwisubiraho cyangwa gupfa atwitswe. Iyo aza gupfa mu itangira ry’ifungwa rye biba byaramubereye umugisha ubigereranyije n’imibabaro ikomeye yanyuzemo. Ariko noneho ubu ubwo yari atentebutse kubera uburwayi, imibabaro yaterwaga n’aho yari afungiwe, kubabara bitewe no guhangayika no kwibaza ibizakurikiraho, kuba yari yatandukanyijwe n’incuti ze kandi atewe ubwoba n’urupfu rwa Huse, byatumye ubutwari bwa Jerome butezuka maze yemera kumvira abagize urukiko. Yarahiriye ko yemeye kuyoboka ukwemera kw’itorero Gatolika, kandi yemera icyo urukiko rwakoze rucira Wycliffe na Huse urubanza, uretse ibyerekeranye “n’ukuri kuzira inenge” bari barigishije. 61 Mu gukora ibyo, Jerome yakoze ibishoboka byose kugira ngo acecekeshe ijwi ry’umutimanama kandi akize amagara ye. Ariko ubwo yari mu bwigunge mu kumba yari afungiwemo, yaje gusobanukirwa neza n’ibyo yari yakoze. Yatekereje ku by’ubutwari n’ubudahemuka bwa Huse, maze asanga bihabanye n’uko we ubwe yihakanye ukuri. Yatekereje ku Mwami we wo mu ijuru yari yararahiriye kuzakorera kandi wihanganiye urupfu rwo ku musaraba ku bwe. Mbere y’uko yisubiraho, ubwo yari mu mibabaro ye, yari yaraboneye guhumurizwa mu byiringiro by’ubuntu bw’Imana; ariko ubu kwicuza no gushidikanya byabuzaga amahoro umutima we. Nuko aza kumenya ko azongera kubazwa na none ibyo kwisubiraho kwe mbere yo kwiyunga n’abayobozi ba Roma. Intambwe yari atangiye gutera yari kuzamugeza ku buhakanyi bwa burundu. Yafashe umwanzuro ko: Atazihakana Umwami we ngo akunde akire imibabaro y’igihe gito. Ntibyatinze aza kongera guhamagarwa imbere y’urukiko. Imvugo ye yo kwisubiraho ntabwo yari yanyuze abacamanza. Inyota yabo yo kumena amaraso yari yakanguwe n’urupfu rwa Huse, bityo bashakaga kubona n’abandi bica. Jerome ntiyajyaga kurokora ubuzima bwe keretse gusa ahakanye ukuri agatsemba. Nyamara ubu bwo yari yamaze kwiyemeza gushikama ku kwizera kwe maze agatwikwa, bityo akagera ikirenge mu cya mugenzi we wazize kwizera kwe. Yahakanye ibyo kwisubiraho yari yavuze mbere, bityo nk’umuntu witeguye gupfa, niko gusaba abacamanza akanya ko kwiregura. Kubera gutinya ingaruka z’amagambo ye, abayobozi bakuru b’idini batsimbaraye ku cyifuzo cy’uko yakwemeza cyangwa agahakana ukuri kw’ibyo yaregwaga gusa. Jerome yarwanyije ubwo bugome bukomeye n’akarengane bamugiriye avuga ati: “Mwamfungiye muri gereza iteye ubwoba iminsi magana atatu na mirongo ine, mu myanda ahantu hanuka kandi munyima ibya ngombwa byose nari nkeneye, none munzanye imbere yanyu maze mutega amatwi abanzi banjye bashaka kunyica, njye 77
- Page 33 and 34: Itorero na Leta ku Rugamba kuducira
- Page 35 and 36: Itorero na Leta ku Rugamba n’akar
- Page 37 and 38: Itorero na Leta ku Rugamba cy’aka
- Page 39 and 40: Itorero na Leta ku Rugamba Imwe mu
- Page 41 and 42: Itorero na Leta ku Rugamba Icyakora
- Page 43 and 44: Itorero na Leta ku Rugamba igahoshw
- Page 45 and 46: Itorero na Leta ku Rugamba Nguko uk
- Page 47 and 48: Itorero na Leta ku Rugamba 39
- Page 49 and 50: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe ab
- Page 51 and 52: Itorero na Leta ku Rugamba b’Iman
- Page 53 and 54: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo bur
- Page 55 and 56: Itorero na Leta ku Rugamba Barazige
- Page 57 and 58: Itorero na Leta ku Rugamba Abawalid
- Page 59 and 60: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe cy
- Page 61 and 62: Itorero na Leta ku Rugamba 53
- Page 63 and 64: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu;
- Page 65 and 66: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu.
- Page 67 and 68: Itorero na Leta ku Rugamba ni jye n
- Page 69 and 70: Itorero na Leta ku Rugamba murimo w
- Page 71 and 72: Itorero na Leta ku Rugamba “Nta m
- Page 73 and 74: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyandit
- Page 75 and 76: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 77 and 78: Itorero na Leta ku Rugamba by’igi
- Page 79 and 80: Itorero na Leta ku Rugamba bwabo ha
- Page 81 and 82: Itorero na Leta ku Rugamba urupfu r
- Page 83: Itorero na Leta ku Rugamba Kristo i
- Page 87 and 88: Itorero na Leta ku Rugamba baranyeg
- Page 89 and 90: Itorero na Leta ku Rugamba kigabwa.
- Page 91 and 92: Itorero na Leta ku Rugamba Nk’uko
- Page 93 and 94: Itorero na Leta ku Rugamba n’iby
- Page 95 and 96: Itorero na Leta ku Rugamba Luteri y
- Page 97 and 98: Itorero na Leta ku Rugamba mahoro n
- Page 99 and 100: Itorero na Leta ku Rugamba icyo gih
- Page 101 and 102: Itorero na Leta ku Rugamba wiringir
- Page 103 and 104: Itorero na Leta ku Rugamba Inkuru z
- Page 105 and 106: Itorero na Leta ku Rugamba yakoresh
- Page 107 and 108: Itorero na Leta ku Rugamba yiyitiri
- Page 109 and 110: Itorero na Leta ku Rugamba kandi ko
- Page 111 and 112: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo ink
- Page 113 and 114: Itorero na Leta ku Rugamba y’abat
- Page 115 and 116: Itorero na Leta ku Rugamba Imbaga y
- Page 117 and 118: Itorero na Leta ku Rugamba twarwany
- Page 119 and 120: Itorero na Leta ku Rugamba amasomo
- Page 121 and 122: Itorero na Leta ku Rugamba Abari ba
- Page 123 and 124: Itorero na Leta ku Rugamba gusukwam
- Page 125 and 126: Itorero na Leta ku Rugamba Nta kint
- Page 127 and 128: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo yar
- Page 129 and 130: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 131 and 132: Itorero na Leta ku Rugamba bwenge b
- Page 133 and 134: Itorero na Leta ku Rugamba nabyo ni
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
yongeye kwingingirwa gukiza amagara ye aramutse yemeye <strong>ku</strong>reka amakosa ye. Huse<br />
yaravuze ati: “Ni ayahe makosa nkwiriye <strong>ku</strong>reka? Jye ubwanjye nzi ko nta kosa mfite. Ntanze<br />
Ima<strong>na</strong> ho umugabo ko ibyo <strong>na</strong>nditse kandi <strong>na</strong>bwirije byose byakozwe hagamijwe gutabara<br />
abantu ngo ba<strong>ku</strong>rwe mu cyaha no <strong>ku</strong>zimira. Niyo mpamvu nishimiye cyane <strong>ku</strong>zahamisha<br />
amaraso yanjye uko <strong>ku</strong>ri <strong>na</strong>nditse kandi <strong>na</strong>bwirije.” 58 Ubwo ibirimi by’umuriro byari<br />
bimuzabiranyije, yatangiye <strong>ku</strong>ririmba ati: “Yesu, mwa<strong>na</strong> wa Dawidi, ngirira impuhwe!”<br />
Yakomeje atyo <strong>ku</strong>geza ubwo ijwi rye ryacwekereye burundu.<br />
N’abanzi be bose batangajwe n’ubutwari bwe bukomeye. Ubwo umuyoboke ukomeye<br />
w’itorero Gatorika yasobanuraga ibya Huse wazize kwizera kwe ndetse n’ibya Jerome waje<br />
gupfa nyuma y’igihe gito, yaravuze ati: “Bombi berekanye umutima utuje ubwo isaha yabo<br />
ya nyuma yegerezaga. Biteguye gutwikwa nk’abagiye mu birori by’ubukwe. Ntibigeze<br />
batakishwa n’umubabaro. Igihe ibirimi by’umuriro byazamukaga bateraga indirimbo; kandi<br />
ubuka<strong>na</strong> bw’umuriro ntibwabashaga guhagarika indirimbo zabo.” 59<br />
Igihe umubiri wa Huse wari umaze gushya burundu, ivu rye n’ubutaka bw’aho ryari riri<br />
byararundarunzwe maze bijugunywa mu ruzi rwa Rhine amazi arabitemba<strong>na</strong> bijya mu nyanja.<br />
Abamwishe bibwiraga ko baranduye u<strong>ku</strong>ri yari yarabwirije, ariko byabaye iby’ubusa.<br />
Ntibigeze batekereza ko iryo vu baroshye mu nyanja uwo munsi ryari <strong>ku</strong>zaba nk’imbuto<br />
ibibwe mu bihugu byose byo <strong>ku</strong> isi. Ntibari bazi ko mu bihugu byari bitaramenyeka<strong>na</strong>, iyo<br />
mbuto yari <strong>ku</strong>zera amatunda y’abahamya b’u<strong>ku</strong>ri atagira ingano. Ijwi ryumvikaniye mu<br />
cyumba cy’urukiko i Constance ryari ryohereje ukwirangira kwari <strong>ku</strong>zumvika<strong>na</strong> mu myaka<br />
yose yari <strong>ku</strong>za<strong>ku</strong>rikiraho. Huse yari atakiriho ariko u<strong>ku</strong>ri yazize ntikwari <strong>ku</strong>zashiraho.<br />
Urugero rwo kwizera no gushikama yatanze rwagombaga gukomeza abantu benshi bakazaba<br />
indahemuka <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri bageze imbere yo gutotezwa ndetse n’urupfu. Urupfu Huse yishwe<br />
rweretse isi yose ubugome bukabije bw’itorero ry’i Roma. Nubwo abanzi b’u<strong>ku</strong>ri batari<br />
babizi, bamamaje hose u<strong>ku</strong>ri bashakaga gutsemba ariko bikaba<strong>na</strong>nira.<br />
Nyamara kandi urundi rumambo rwagombaga gushingwa i Constance. Amaraso y’undi<br />
muhamya yagombaga guhamya u<strong>ku</strong>ri. Ubwo Jerome yasezeraga <strong>ku</strong>ri Huse igihe yari agiye<br />
kwitaba urukiko, yari yaramwingingiye <strong>ku</strong>gira ubutwari no gushikama, amubwira ko nihagira<br />
akaga aza guhura <strong>na</strong>ko ari bumufashe. Amaze <strong>ku</strong>mva ko Huse yashyizwe mu nzu y’imbohe,<br />
uwo mwigishwa w’indahemuka yahise yitegura gusohoza isezerano yari yatanze. Aherako<br />
afata inzira yerekeza i Constance nta rwandiko rw’inzira afite kandi aherekejwe n’umuntu<br />
umwe gusa. Ageze muri uwo mujyi, nibwo yamenye ko yiroshye mu kaga kandi nta nzira<br />
yacamo ngo agire icyo akora cyo gukiza Huse. Yahereyeko ahunga uwo mujyi ariko aza<br />
gufatirwa mu nzira asubiye iwabo maze abasirikari bamubohesha iminyururu baramugarura.<br />
Ubwo bamuhingutsaga mu rukiko, agitangira <strong>ku</strong>gerageza kwisobanura, yasanganijwe<br />
urusa<strong>ku</strong> rw’abantu bavuga ngo: “Natwikwe! Natwikwe” 60 Bamujugunye muri kasho ubwo,<br />
bamwambika iminyururu mu buryo bumubabaza cyane maze bakajya bamugaburira umugati<br />
n’amazi gusa. Hashize amezi make, ubugome yagiriwe afungwa bwamuteje uburwayi<br />
76