07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kristo itazigera iha<strong>na</strong>gurwa <strong>na</strong> mba. Bifuje <strong>ku</strong>yirimbura ariko izongera ishushanywe bundi<br />

bushya mu mitima yose n’ababwiriza bandusha.” 54<br />

Ku nshuro ya nyuma, Huse yazanwe imbere y’i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru. Ryari ikoraniro rinini kandi<br />

ry’abakomeye: umwami w’abami, ibikomangoma, abajya<strong>na</strong>ma ibwami, abakaridi<strong>na</strong>li,<br />

abepisikopi, abapadiri n’imbaga y’abantu batabarika bari baje gushungera ibyari <strong>ku</strong>ba uwo<br />

munsi. Mu turere twose twarangwagamo Ubukristo hari haturutse abahamya baje <strong>ku</strong>reba<br />

iby’uyu muntu wari ugiye <strong>ku</strong>ba igitambo gikomeye cya mbere mu rugamba rurerure rwabaye<br />

intandaro y’umudendezo wo <strong>ku</strong>yoborwa n’umutima<strong>na</strong>ma.<br />

Ubwo yahamagarirwaga <strong>ku</strong>vuga umwanzuro we uheruka, Huse yaberuriye rwose ko<br />

adashobora kwivuguruza maze ahanga ijisho rye umutware mu<strong>ku</strong>ru wari watanze indahiro<br />

ariko ikarengwaho bikojeje isoni, maze aravuga ati, “Ku bushake bwanjye niyemeje <strong>ku</strong>za<br />

imbere y’iyi <strong>na</strong>ma nshyigikiwe <strong>na</strong> rubanda no kwizera k’umwami w’abami wicaye aha.” 55<br />

Mu maso h’Umwami w’abami Sigismond hahise hijima maze abari bateraniye aho bose<br />

bamuhanga amaso.<br />

Huse amaze gucirwa urwo gupfa, umuhango wo <strong>ku</strong>mwambura icyubahiro waratangiye.<br />

Abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’itorero bambitse imfungwa yabo imyambaro y’abepisikopi, maze ubwo<br />

Huse yambikwaga ikanzu y’abapadiri, yaravuze ati: “Umwami wacu Yesu Kristo yambitswe<br />

ikanzu yera, igihe Herode yamwoherezaga kwa Pilato <strong>ku</strong>gira ngo babone uko bamukoza isoni<br />

bamutuka.” 56<br />

Ubwo bongeraga <strong>ku</strong>mwingingira kwisubiraho, yarahindukiye areba rubanda maze<br />

aravuga ati: “None se <strong>na</strong>basha nte gukomeza kwerekeza amaso yanjye mu ijuru? Nahangara<br />

nte <strong>ku</strong>reba<strong>na</strong> n’imbaga y’abantu <strong>na</strong>bwirije ubutumwa bwiza butunganye? Oya rwose, agakiza<br />

k’abo bantu karuta <strong>ku</strong>re uyu mutindi w’umubiri ugiye gupfa.” Batangira <strong>ku</strong>mwambura<br />

imyambaro bamu<strong>ku</strong>ramo umwe umwe, maze buri mwepisikopi akamuvugiraho imivumo uko<br />

arangije umugabane w’uyu muhango. Ibyo birangiye, bamwambika ikamba <strong>ku</strong> mutwe rifite<br />

agasongero rishushanyijweho abadayimoni bateye ubwoba kandi imbere ryanditsweho n’aya<br />

magambo ngo, “Umuyobe ruharwa.” Huse yaravuze ati: “Mfite umunezero mwinshi wo<br />

kwambikwa iri kamba ry’urukozasoni <strong>ku</strong> bwawe Yesu wambitswe ikamba ry’amahwa <strong>ku</strong><br />

bwanjye.”<br />

Igihe yari amaze kwambikwa iryo kamba, abo bayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini baravuze bati:<br />

“Ubu ubugingo bwawe tubweguriye Satani.” Yoha<strong>na</strong> Huse yubura amaso ye ayerekeza mu<br />

ijuru maze aravuga ati: ” Nshyize umwuka wanjye mu biganza byawe, Mwami Yesu, <strong>ku</strong>ko<br />

ari wowe wancunguye. ” 57<br />

Noneho yashyikirijwe abayobozi ba <strong>Leta</strong> maze bamujya<strong>na</strong> aho yagombaga kwicirwa.<br />

Abantu benshi baramu<strong>ku</strong>rikira, abantu amaga<strong>na</strong> bafite intwaro, abapadiri n’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru<br />

b’idini bambaye amakanzu y’igiciro cyinshi n’abaturage b’i Constance. Ubwo yari amaze<br />

guhambirwa <strong>ku</strong> rumambo, ibintu byose byarangiye bategereje gukongeza umuriro, Huse<br />

75

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!