Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara nubwo Papa ubwe yari yarahamwe n’ibyaha bikomeye cyane biruta ibyo Huse yaregaga abapadiri kandi akaba ari byo yashingiragaho asaba ko haba ivugurura, iyo nama yanyaze Papa yakurikijeho gahunda yo kwica umugorozi Huse. Ifungwa rya Huse ryababaje benshi mu mujyi wa Boheme. Abakomeye n’abanyacyubahiro bo muri uwo mujyi boherereza inama y’abepisikopi urwandiko rwerekana ko barwanya icyo gikorwa kibi. Umwami w’abami n’ubundi wari wemeye atishimiye ko barenga ku ruhusa rw’inzira Huse yari afite, nawe yarwanyije ibyo bendaga kugirira Huse. Nyamara abanzi b’umugorozi bari buzuye umutima w’ubucakura kandi bamaramaje. Bongeye kwishingikiriza ku rwikekwe rw’umwami w’abami, ku bwoba bwe no ku ishyaka agirira itorero. Bakomeje kuzana ingingo zisobanutse cyane zigaragaza ko “kwizera kudakwiriye kubangikanywa n’abayobotse inyigisho z’ubuyobe cyangwa abandi bantu bakekwaho izo nyigisho nubwo baba bafite inzandiko zibahesha umudendezo zatanzwe n’umwami w’abami cyangwa abami ubwabo.” Icyifuzo cyabo cyaremewe.” 52 Amaze gucibwa intege n’uburwayi no kuba mu nzu y’imbohe, kubera ko ubukonje n’umwuka mubi byo mu kumba yari afungiwemo byamuteye kugira umuriro mwinshi ku buryo wari hafi yo kumuhitana, amaherezo Huse yazanywe imbere y’inama y’abepisikopi. Bamuzanye aziritswe iminyururu maze ahagarara imbere y’umwami w’abami wari werekanye icyubahiro cye no kwizera kwe amurahirira kumurinda ntihagire umuhungabanya. Mu gihe kirekire cyo kumucira urubanza, yashikamye ku kuri kandi imbere y’abayobozi b’idini n’abategetsi ba leta bose bateraniye hamwe, ahavugira amagambo yahuranyije kandi adakebakeba arwanya imyitwarire mibi y’inzego z’ubutegetsi bw’i Roma. Ubwo yasabwaga guhitamo niba yahakana inyigisho ze akazireka bitaba ibyo akicwa, yemeye gupfa azize kwemera kwe. Ubuntu bw’Imana bwaramukomeje. Mu gihe cy’ibyumweru byinshi yamaze ababara mbere yo gucirwa urubanza ruheruka, umutima we wari wuzuye amahoro ava mu ijuru. Yabwiye incuti ye ati, “Nanditse uru rwandiko ndi muri gereza, amaboko yanjye yambaye iminyururu, ntegereje gucirwa urubanza rwo gupfa ejo. . . . Kubwo gufashwa na Yesu Kristo, ubwo tuzongera kubonana mu gihe cy’amahoro atagira impinduka yo mu buzima bw’ahazaza, nibwo uzasobanukirwa n’uburyo Imana yangiriye imbabazi, n’uko yamfashije ikankomeza mu bishuko n’ibigeragezo nahuye nabyo.” 53 Mu mwijima wo mu kumba yari afungiwemo yahaboneye insinzi y’ukwizera nyakuri. Mu nzozi ze yasubije ibitekerezo muri Kiliziya y’i Prague aho yari yarabwirije ubutumwa bwiza maze abona papa n’abayobozi bakuru muri kiriziya bahanagura amashusho ya Kristo yari yarashushanyije ku nkuta z’iyo kiriziya. “Izi nzozi zaramubabaje cyane ariko ku munsi wakurikiyeho yabonye abahanga benshi mu gushushanya bahugiye mu kuvugurura ayo mashusho ari menshi kandi bakoresha amarangi arushijeho kubengerana. Umurimo wabo ukirangira, abo bantu bashushanyaga bazengurutswe n’imbaga y’abantu bateye hejuru bati: “Ngaho nimureke abapapa n’abepisikopi baze; ntibazigera bongera guhanagura aya mashusho!” Ubwo Huse yavugaga iby’izo nzozi yaravuze ati: “Niringira rwose ko ishusho ya 74

Itorero na Leta ku Rugamba Kristo itazigera ihanagurwa na mba. Bifuje kuyirimbura ariko izongera ishushanywe bundi bushya mu mitima yose n’ababwiriza bandusha.” 54 Ku nshuro ya nyuma, Huse yazanwe imbere y’inama nkuru. Ryari ikoraniro rinini kandi ry’abakomeye: umwami w’abami, ibikomangoma, abajyanama ibwami, abakaridinali, abepisikopi, abapadiri n’imbaga y’abantu batabarika bari baje gushungera ibyari kuba uwo munsi. Mu turere twose twarangwagamo Ubukristo hari haturutse abahamya baje kureba iby’uyu muntu wari ugiye kuba igitambo gikomeye cya mbere mu rugamba rurerure rwabaye intandaro y’umudendezo wo kuyoborwa n’umutimanama. Ubwo yahamagarirwaga kuvuga umwanzuro we uheruka, Huse yaberuriye rwose ko adashobora kwivuguruza maze ahanga ijisho rye umutware mukuru wari watanze indahiro ariko ikarengwaho bikojeje isoni, maze aravuga ati, “Ku bushake bwanjye niyemeje kuza imbere y’iyi nama nshyigikiwe na rubanda no kwizera k’umwami w’abami wicaye aha.” 55 Mu maso h’Umwami w’abami Sigismond hahise hijima maze abari bateraniye aho bose bamuhanga amaso. Huse amaze gucirwa urwo gupfa, umuhango wo kumwambura icyubahiro waratangiye. Abayobozi bakuru b’itorero bambitse imfungwa yabo imyambaro y’abepisikopi, maze ubwo Huse yambikwaga ikanzu y’abapadiri, yaravuze ati: “Umwami wacu Yesu Kristo yambitswe ikanzu yera, igihe Herode yamwoherezaga kwa Pilato kugira ngo babone uko bamukoza isoni bamutuka.” 56 Ubwo bongeraga kumwingingira kwisubiraho, yarahindukiye areba rubanda maze aravuga ati: “None se nabasha nte gukomeza kwerekeza amaso yanjye mu ijuru? Nahangara nte kurebana n’imbaga y’abantu nabwirije ubutumwa bwiza butunganye? Oya rwose, agakiza k’abo bantu karuta kure uyu mutindi w’umubiri ugiye gupfa.” Batangira kumwambura imyambaro bamukuramo umwe umwe, maze buri mwepisikopi akamuvugiraho imivumo uko arangije umugabane w’uyu muhango. Ibyo birangiye, bamwambika ikamba ku mutwe rifite agasongero rishushanyijweho abadayimoni bateye ubwoba kandi imbere ryanditsweho n’aya magambo ngo, “Umuyobe ruharwa.” Huse yaravuze ati: “Mfite umunezero mwinshi wo kwambikwa iri kamba ry’urukozasoni ku bwawe Yesu wambitswe ikamba ry’amahwa ku bwanjye.” Igihe yari amaze kwambikwa iryo kamba, abo bayobozi bakuru b’idini baravuze bati: “Ubu ubugingo bwawe tubweguriye Satani.” Yohana Huse yubura amaso ye ayerekeza mu ijuru maze aravuga ati: ” Nshyize umwuka wanjye mu biganza byawe, Mwami Yesu, kuko ari wowe wancunguye. ” 57 Noneho yashyikirijwe abayobozi ba Leta maze bamujyana aho yagombaga kwicirwa. Abantu benshi baramukurikira, abantu amagana bafite intwaro, abapadiri n’abayobozi bakuru b’idini bambaye amakanzu y’igiciro cyinshi n’abaturage b’i Constance. Ubwo yari amaze guhambirwa ku rumambo, ibintu byose byarangiye bategereje gukongeza umuriro, Huse 75

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nyamara nubwo Papa ubwe yari yarahamwe n’ibyaha bikomeye cyane biruta ibyo Huse<br />

yaregaga abapadiri kandi akaba ari byo yashingiragaho asaba ko haba ivugurura, iyo <strong>na</strong>ma<br />

yanyaze Papa ya<strong>ku</strong>rikijeho gahunda yo kwica umugorozi Huse. Ifungwa rya Huse ryababaje<br />

benshi mu mujyi wa Boheme. Abakomeye n’abanyacyubahiro bo muri uwo mujyi boherereza<br />

i<strong>na</strong>ma y’abepisikopi urwandiko rwereka<strong>na</strong> ko barwanya icyo gikorwa kibi. Umwami<br />

w’abami n’ubundi wari wemeye atishimiye ko barenga <strong>ku</strong> ruhusa rw’inzira Huse yari afite,<br />

<strong>na</strong>we yarwanyije ibyo bendaga <strong>ku</strong>girira Huse. Nyamara abanzi b’umugorozi bari buzuye<br />

umutima w’ubuca<strong>ku</strong>ra kandi bamaramaje. Bongeye kwishingikiriza <strong>ku</strong> rwikekwe<br />

rw’umwami w’abami, <strong>ku</strong> bwoba bwe no <strong>ku</strong> ishyaka agirira itorero. Bakomeje <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> ingingo<br />

zisobanutse cyane zigaragaza ko “kwizera <strong>ku</strong>dakwiriye <strong>ku</strong>bangikanywa n’abayobotse<br />

inyigisho z’ubuyobe cyangwa abandi bantu bakekwaho izo nyigisho nubwo baba bafite<br />

inzandiko zibahesha umudendezo zatanzwe n’umwami w’abami cyangwa abami ubwabo.”<br />

Icyifuzo cyabo cyaremewe.” 52<br />

Amaze gucibwa intege n’uburwayi no <strong>ku</strong>ba mu nzu y’imbohe, <strong>ku</strong>bera ko ubukonje<br />

n’umwuka mubi byo mu <strong>ku</strong>mba yari afungiwemo byamuteye <strong>ku</strong>gira umuriro mwinshi <strong>ku</strong><br />

buryo wari hafi yo <strong>ku</strong>muhita<strong>na</strong>, amaherezo Huse yazanywe imbere y’i<strong>na</strong>ma y’abepisikopi.<br />

Bamuzanye aziritswe iminyururu maze ahagarara imbere y’umwami w’abami wari<br />

werekanye icyubahiro cye no kwizera kwe amurahirira <strong>ku</strong>murinda ntihagire umuhungabanya.<br />

Mu gihe kirekire cyo <strong>ku</strong>mucira urubanza, yashikamye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri kandi imbere y’abayobozi<br />

b’idini n’abategetsi ba leta bose bateraniye hamwe, ahavugira amagambo yahuranyije kandi<br />

adakebakeba arwanya imyitwarire mibi y’inzego z’ubutegetsi bw’i Roma. Ubwo yasabwaga<br />

guhitamo niba yahaka<strong>na</strong> inyigisho ze akazireka bitaba ibyo akicwa, yemeye gupfa azize<br />

kwemera kwe.<br />

Ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> bwaramukomeje. Mu gihe cy’ibyumweru byinshi yamaze ababara<br />

mbere yo gucirwa urubanza ruheruka, umutima we wari wuzuye amahoro ava mu ijuru.<br />

Yabwiye incuti ye ati, “Nanditse uru rwandiko ndi muri gereza, amaboko yanjye yambaye<br />

iminyururu, ntegereje gucirwa urubanza rwo gupfa ejo. . . . Kubwo gufashwa <strong>na</strong> Yesu Kristo,<br />

ubwo tuzongera <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong><strong>na</strong> mu gihe cy’amahoro atagira impinduka yo mu buzima bw’ahazaza,<br />

nibwo uzasobanukirwa n’uburyo Ima<strong>na</strong> yangiriye imbabazi, n’uko yamfashije ikankomeza<br />

mu bishuko n’ibigeragezo <strong>na</strong>huye <strong>na</strong>byo.” 53<br />

Mu mwijima wo mu <strong>ku</strong>mba yari afungiwemo yahaboneye insinzi y’ukwizera nya<strong>ku</strong>ri. Mu<br />

nzozi ze yasubije ibitekerezo muri Kiliziya y’i Prague aho yari yarabwirije ubutumwa bwiza<br />

maze abo<strong>na</strong> papa n’abayobozi ba<strong>ku</strong>ru muri kiriziya baha<strong>na</strong>gura amashusho ya Kristo yari<br />

yarashushanyije <strong>ku</strong> n<strong>ku</strong>ta z’iyo kiriziya. “Izi nzozi zaramubabaje cyane ariko <strong>ku</strong> munsi<br />

wa<strong>ku</strong>rikiyeho yabonye abahanga benshi mu gushushanya bahugiye mu <strong>ku</strong>vugurura ayo<br />

mashusho ari menshi kandi bakoresha amarangi arushijeho <strong>ku</strong>bengera<strong>na</strong>. Umurimo wabo<br />

ukirangira, abo bantu bashushanyaga bazengurutswe n’imbaga y’abantu bateye hejuru bati:<br />

“Ngaho nimureke abapapa n’abepisikopi baze; ntibazigera bongera guha<strong>na</strong>gura aya<br />

mashusho!” Ubwo Huse yavugaga iby’izo nzozi yaravuze ati: “Niringira rwose ko ishusho ya<br />

74

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!