07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

urupfu rwanjye rugomba <strong>ku</strong>gira uruhare <strong>ku</strong> i<strong>ku</strong>zo Rye, munsabire <strong>ku</strong>gira ngo rubanguke kandi<br />

ngo anshoboze kwihanganira imibabaro yanjye yose nshikamye. Ariko ni biba ngombwa ko<br />

mbagarukamo, nimutyo dusabe Ima<strong>na</strong> nzagaruke ntafite ikinegu. Ni u<strong>ku</strong>vuga ngo sinzabashe<br />

<strong>ku</strong>gira inyuguti n’imwe y’u<strong>ku</strong>ri k’ubutumwa bwiza n<strong>ku</strong>raho <strong>ku</strong>gira ngo mbashe gusigira<br />

abavandimwe banjye urugero rutunganye bakwiriye gu<strong>ku</strong>rikiza. Ahari birashoboka ko<br />

mutazongera <strong>ku</strong>nca iryera i Prague; ariko biramutse bibaye <strong>ku</strong>bw’ubushake bw’Ima<strong>na</strong><br />

ishoborabyose ko ingarura muri mwe, mureke tujye mbere dufite umutima ushikamye mu<br />

gu<strong>ku</strong>nda no gusobanukirwa amategeko yayo.” 49<br />

Mu rundi rwandiko yandikiye umupadiri wari warahindutse umwigishwa w’ubutumwa<br />

bwiza, Huse yavuze iby’amakosa ye bwite afite kwicisha bugufi yishinja “<strong>ku</strong>ba yarishimiye<br />

kwambara imyenda y’igiciro cyinshi no <strong>ku</strong>ba yarapfushije igihe kinini ubusa mu bidafite<br />

akamaro.” Yongeyeho iyi miburo ikora <strong>ku</strong> mutima agira ati, “Ndasaba ngo i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong><br />

n’agakiza k’abantu byuzure ubwenge bwawe aho <strong>ku</strong>zura <strong>ku</strong>gwiza inyungu n’ubutunzi.<br />

Witondere <strong>ku</strong>rimbisha inzu yawe <strong>ku</strong>ruta uko urimbisha umutima wawe, kandi ikiruta byose<br />

wite <strong>ku</strong> nyubako y’ibya Mwuka. Jya uba inyangamugayo kandi wicishe bugufi ubane<br />

n’abakene, wirinde kwaya umutungo wawe mu byo kwinezeza. Uramutse utisubiyeho ngo<br />

ureke gukabya, ndatinya ko utazabura <strong>ku</strong>bihanirwa cyane nk’uko <strong>na</strong>njye byambaho. . .<br />

Usobanukiwe n’ibyo nigisha <strong>ku</strong>ko wakiriye inyigisho zanjye <strong>ku</strong>va mu bwa<strong>na</strong> bwawe ni yo<br />

mpamvu <strong>ku</strong>kwandikira ibirenze ibi ntacyo bimariye. Ariko ndakwinginze <strong>ku</strong>bw’imbabazi<br />

z’Ima<strong>na</strong>, ngo we <strong>ku</strong>nyiga<strong>na</strong> mu bupfapfa wabonye ngwamo.” Inyuma <strong>ku</strong> ibahasha yongeyeho<br />

ati, “Ndakwinginze ncuti yanjye, ntuzigere ufungura iyi baruwa utaramenya neza ko<br />

<strong>na</strong>pfuye.” 50<br />

Mu rugendo rwe aho yanyuraga hose, Huse yagiye abo<strong>na</strong> ibimenyetso byo kwamamara<br />

kw’inyigisho ze ndetse n’ubwuzu abantu bazakiranye. Imbaga y’abantu benshi bazaga<br />

<strong>ku</strong>musanganira kandi mu mijyi imwe abacamanza bamuherekezaga mu tuyira tw’iwabo.<br />

Ageze i Constance, Huse yahawe umudendezo wuzuye. Ku rwandiko rw’inzira yari<br />

yarahawe n’umwami w’abami hiyongereyeho ubwishingizi bwo <strong>ku</strong>rindwa yahawe <strong>na</strong> Papa.<br />

Ariko, <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>renga <strong>ku</strong>ri ayo mabwiriza yari yarakomeje guhabwa yiha<strong>na</strong>ngirizwa,<br />

bidatinze uwo Mugorozi yaje gufatwa biturutse <strong>ku</strong> itegeko rya Papa n’ibyegera bye<br />

(abakaridi<strong>na</strong>ri), maze ajugunywa mu kazu k’imbohe kabi cyane. Hanyuma yaje <strong>ku</strong>jyanwa<br />

muri gereza ikomeye iri ha<strong>ku</strong>rya y’umugezi wa Rhine maze arahafungirwa. Icyo gikorwa kibi<br />

Papa yakoze ntacyo cyamumariye cyane <strong>ku</strong>ko nyuma y’igihe gito <strong>na</strong>we yafashwe<br />

agafungirwa muri iyo gereza.” 51 Uwo mupapa yahamirijwe imbere y’i<strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru ko<br />

ahamwa n’ibyaha ndengakamere bigeretse <strong>ku</strong> bwicanyi, guca abantu amafaranga ngo<br />

hakorwe imihango yera, ubusambanyi, n’ibindi “byaha bidakwiriye <strong>ku</strong>vugwa mu mazi<strong>na</strong>”.<br />

Uko ni ko abagize i<strong>na</strong>ma ubwabo bavuze maze amaherezo uwo mupapa yamburwa ikamba<br />

ry’ubupapa ajugunywa muri gereza. Abamurwanyaga <strong>na</strong>bo ba<strong>ku</strong>weho maze hatorwa Papa<br />

mushya.<br />

73

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!