07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Wycliffe yasohotse mu mwijima w’igihe cy’Imyaka y’Umwijima. Nta wundi muntu<br />

wigeze abaho mbere ye ngo Wycliffe ahere <strong>ku</strong> murimo maze atunganye umurimo<br />

w’ubugorozi. Yahagurutse nka Yoha<strong>na</strong> Umubatiza <strong>ku</strong>gira ngo arangize inshingano<br />

idasanzwe, yari integuza y’igihe gishya cyari kigiye gutangira. Nyamara mu migendekere<br />

y’u<strong>ku</strong>ri yigishije, harimo ubumwe no <strong>ku</strong>zura abagorozi bamu<strong>ku</strong>rikiye batabashije <strong>ku</strong>renzaho<br />

kandi bamwe ntiba<strong>na</strong>bigezeho haba no mu myaka amaga<strong>na</strong> menshi ya<strong>ku</strong>rikiyeho. Urufatiro<br />

yashinze rwari rugari kandi rwimbitse, imiterere yarwo yari inoze ari ntamakemwa <strong>ku</strong> buryo<br />

abamu<strong>ku</strong>rikiye batakeneye <strong>ku</strong>rusubiraho ngo bongere barwubake.<br />

Iryo tsinda mpinduramatwara rikomeye Wycliffe yatangije ryagombaga <strong>ku</strong>batura imitima<br />

n’ubwenge by’abantu, ndetse rigahesha umudendezo ibihugu byari bimaze igihe kirekire biri<br />

mu bubata bwa Roma. Iryo tsinda ryari rifite isoko yaryo muri Bibiliya. Aho niho nkomoko<br />

y’isoko y’umugisha yatembye nk’amazi y’ubugingo mu gihe cy’imyaka myinshi uhereye mu<br />

kinyeja<strong>na</strong> cya cumi <strong>na</strong> kane. Wycliffe yemeye Ibyanditswe Byera afite kwizera adashidikanya<br />

ko Ibyanditswe ari ihishurwa ry’ubushake bw’Ima<strong>na</strong> kandi ko ari byo muyobozi uhagije wo<br />

kwizera n’ibikorwa. Wycliffe yari yararezwe atozwa gufata ko <strong>Itorero</strong> ry’i Roma ari ubutware<br />

bwashyizweho n’Ima<strong>na</strong> kandi butibeshya. Yari yaramenyerejwe kwemera<strong>na</strong> kwumvira<br />

<strong>ku</strong>dashidikanya inyigisho n’imigenzo bimaze imyaka ibihumbi byinshi; nyamara ibyo byose<br />

abitera umugongo yiyemeza <strong>ku</strong>mvira Ijambo ryera ry’Ima<strong>na</strong>. Iri jambo ni ryo mutware<br />

yararikiye abantu <strong>ku</strong>yoboka. Mu mwanya w’itorero ricisha inyigisho zaryo muri Papa;<br />

Wycliffe yavuze ko ubuyobozi nya<strong>ku</strong>ri bwonyine ari ijwi ry’Ima<strong>na</strong> rivugira mu Ijambo ryayo.<br />

Ntabwo yigishije kandi gusa ko Bibiliya ari yo hishurwa nya<strong>ku</strong>ri ry’ubushake bw’Ima<strong>na</strong>,<br />

ahubwo ya<strong>na</strong>vuze ko Mwuka Muziranenge ari we musobanuzi waryo ru<strong>ku</strong>mbi, kandi ko<br />

kwiga inyigisho zaryo ari inshingano ya buri muntu <strong>ku</strong> giti cye. Ubwo nibwo buryo yashoboye<br />

<strong>ku</strong>va<strong>na</strong> intekerezo z’abantu <strong>ku</strong>ri Papa no <strong>ku</strong> <strong>Itorero</strong> ry’i Roma maze azerekeza <strong>ku</strong> Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Wycliffe yabaye umwe mu bagorozi bakomeye. Ku byerekeranye n’ubwenge, mu<br />

bitekerezo bitunganye, mu gushikama <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri ndetse no mu bushizi bw’amanga mu<br />

<strong>ku</strong>rwanirira u<strong>ku</strong>ri, bake cyane bo mu bagorozi ba<strong>ku</strong>rikiyeho ni bo babashije <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> rugero<br />

rwe. Umugorozi wabimburiye abandi yaranzwe n’imibereho itunganye, <strong>ku</strong>dakebakeba mu<br />

kwiga no mu murimo yiyemeje, ubunyangamugayo, uru<strong>ku</strong>ndo rwa gikristo no <strong>ku</strong>ba<br />

umwiringirwa mu murimo we. Nyamara yari ameze atyo mu gihe cy’umwijima<br />

w’icuraburindi mu bwenge n’imyitwarire mibi y’abantu bariho mu gihe cye.<br />

Imico ya Wycliffe ni igihamya cy’imbaraga yigisha kandi ihindura y’Ibyanditswe Byera.<br />

Bibiliya niyo yamugize uko yari ameze. Umwete wo kwakira u<strong>ku</strong>ri gukomeye kwahishuwe<br />

utera imbaraga ubushobozi bwose bw’umubiri kandi ukabuhindura bushya. Uwo mwete<br />

utuma ubwenge bwaguka, intekerezo zigakanguka kandi gushyira mu gaciro bikagera <strong>ku</strong><br />

rugero rukwiye. Kwiga Bibiliya bizatunganya buri ntekerezo, uko umuntu yiyumva ndetse<br />

n’imigambi <strong>ku</strong> rwego rutagerwaho n’indi myigire iyo ari yo yose. Bitera <strong>ku</strong>gira imigambi<br />

ihamye, ukwihanga<strong>na</strong>, ubutwari n’umurava. Bitunganya imico kandi bikeza umutima. Kwiga<br />

64

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!