07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

“Nta muntu w’indahemuka wagombye gu<strong>ku</strong>rikira yaba Papa ubwe cyangwa uwo ari we<br />

wese mu batagatifu, igihe cyose yiyemeje <strong>ku</strong>gendera mu nzira z’Umukiza Yesu —Kristo.<br />

Kuko Petero n’abahungu ba Zebedayo, bamukojeje isoni mu gihe bishakiraga ibyubahiro<br />

by’isi, aho <strong>ku</strong>gera ikirenge mu cya Kristo. Kubw’ibyo rero ntibakwiriye gu<strong>ku</strong>rikizwa muri<br />

ayo makosa bakoze.. . .<br />

Yakomeje agira ati, “Papa yari akwiriye kwegurira abategetsi b’isi ubutware n’ubushobozi<br />

kandi akabisaba n’ibyegera bye <strong>ku</strong>ko ibyo ari byo Kristo yakoze ndetse n’abigishwa be<br />

by’umwihariko. Bityo rero, niba <strong>na</strong>rateshutse no <strong>ku</strong> ngingo imwe muri izo mvuze, ndemera<br />

guca bugufi ngakosorwa ndetse binyuze no mu rupfu bibaye ngombwa. Kandi niba nkora<br />

n<strong>ku</strong>rikije ubushake bwanjye n’ibyo nifuza, <strong>na</strong>kwemera rwose kwitaba umwepisokopi w’i<br />

Roma. Ariko Umukiza yangendereye mu buryo buhabanye n’ubwo kandi yanyigishije <strong>ku</strong>baha<br />

Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ruta abantu.”<br />

Mu gusoza urwandiko rwe yaravuze ati, “Dusabe Ima<strong>na</strong> yacu ngo ikorere muri Papa wacu<br />

Urbain wa VI, nk’uko yabitangiye, ngo we ubwe n’abamwungirije babashe <strong>ku</strong>gera ikirenge<br />

mu cy’Umukiza Yesu-Kristo mu mibereho no mu myifatire; kandi ngo babashe kwigisha<br />

abantu uko bikwiriye bityo babahe urugero rwiza bakwiriye <strong>ku</strong>genderamo.” 39<br />

Nguko uko Wycliffe yeretse Papa n’abakaridi<strong>na</strong>li be ubugwaneza no kwicishije bugufi,<br />

abagaragariza ndetse n’abakristo bose itandukaniro hagati yabo n’Umukiza Yesu bavuga ko<br />

bahagarariye.<br />

Wycliffe yari yiteguye rwose ko ubuzima bwe buri buhinganywe no <strong>ku</strong>ba indahemuka<br />

kwe. Umwami, Papa n’abepisikopi bose bari bifatanyirije hamwe <strong>ku</strong>muhita<strong>na</strong>, kandi<br />

byagaragaraga ko hasigaye amezi make gusa akicwa ariko ubutwari bwe ntibwacogoye.<br />

Yaravuze ati: “Kuki muvuga ibyo gushakira <strong>ku</strong>re uwo mwambika ikamba ahowe Ima<strong>na</strong>?”<br />

“Nimubwirize ubutumwa bwa Kristo aba<strong>ku</strong>ru mu by’idini bishyira hejuru bityo<br />

abarenganirizwa ibyo ntimuzababura. Mbese nkwiriye <strong>ku</strong>baho ncecetse?. . . Ntibikabeho!<br />

Ikigomba <strong>ku</strong>mbaho cyose ndagitegereje.” 40<br />

Nyamara ubuntu bw’Ima<strong>na</strong> bwakomeje <strong>ku</strong>rinda umugaragu wayo. Umugabo wamaze<br />

igihe cyose cy’imibereho ye arwanira u<strong>ku</strong>ri ashize amanga, mu kaga yahuraga <strong>na</strong> ko mu<br />

buzima bwe bwose, ntiyabashaga <strong>ku</strong>gwa mu mutego w’urwango rw’abanzi be. Nta gihe <strong>na</strong><br />

kimwe Wycliffe yashatse kwirwanirira ahubwo Uhoraho yagiye amubera umurinzi; kandi<br />

ubwo abanzi be bumvaga bamushyikiriye rwose, u<strong>ku</strong>boko k’Uwiteka kwarabamukijije.<br />

Umunsi umwe, ubwo yari mu rusengero rw’aho yayoboraga i Lutterworth, agiye gutanga<br />

igaburo ryera, ni bwo yaguye ikinya aragagara, ahita ashiramo umwuka.<br />

Ima<strong>na</strong> ni yo yari yarahaye Wycliffe umurimo we. Ni yo yari yarashyize Ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri<br />

mu kanwa ke kandi ni yo yamurindaga <strong>ku</strong>gira ngo iryo jambo ribashe <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> bantu.<br />

Ubuzima bwe bwari burinzwe kandi n’imirimo ye imara igihe kirekire ijya mbere <strong>ku</strong>geza<br />

ubwo urufatiro rw’umurimo ukomeye w’ubugorozi rwamariye gushyirwaho.<br />

63

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!