07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yajyaga guhatirwa guhaka<strong>na</strong> inyigisho ze bitaba ibyo agasohorwa mu rukiko ajyanwa<br />

gutwikwa.<br />

Nyamara ntabwo Wycliffe yagamburuye, ntabwo yashoboraga kwiyoberanya. Yakomeye<br />

<strong>ku</strong> nyigisho ze ashize amanga maze avuguruza ibirego by’abamurenganyaga. Yageze aho<br />

areka kwizirika<strong>na</strong>, yibagirwa icyo ari cyo n’aho yari ari maze ashyira abamuteze amatwi<br />

imbere y’urukiko rw’Ima<strong>na</strong> bityo uburiganya n’uburyarya bwabo abishyira <strong>ku</strong> munzani<br />

w’u<strong>ku</strong>ri guhoraho. Imbaraga ya Mwuka Muziranenge yumvikanye muri icyo cyumba.<br />

Umwuka uturutse <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> wagendereye abari bateze amatwi. Basaga n’abadafite imbaraga<br />

ibabashisha <strong>ku</strong>va aho hantu. Amagambo y’umugorozi yari ameze nk’umwambi urashwe<br />

n’Ima<strong>na</strong> yahuranyije imitima yabo. Ikirego cy’ubuyobe bari bamushyizeho yacyerekeje <strong>ku</strong>ri<br />

bo afite imbaraga itsinda imitima. Yababajije impamvu bahangara gukwirakwiza ibinyoma<br />

byabo bagambiriye inyungu maze bakagurisha ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>?<br />

Yasoje agira ati, “Mutekereza ko murwa<strong>na</strong> <strong>na</strong> nde? Ese ni umusaza nka njye uri <strong>ku</strong> munwa<br />

w’imva? Reka da! Ahubwo murarwa<strong>na</strong> n’U<strong>ku</strong>ri, U<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>barusha imbaraga kandi<br />

<strong>ku</strong>zabatsinda.” 38 Amaze <strong>ku</strong>vuga ibyo, yasohotse mu rukiko maze ntihagira umuntu n’umwe<br />

mu banzi be utinyuka <strong>ku</strong>muhagarika.<br />

Wycliffe yari <strong>ku</strong> ndunduro y’umurimo we. Ibendera ry’u<strong>ku</strong>ri yari yaratwaye igihe kirekire<br />

ryari rigiye gu<strong>ku</strong>rwa mu ntoke ze ariko yagombaga kongera guhamya ubutumwa bwiza. U<strong>ku</strong>ri<br />

kwagombaga <strong>ku</strong>vugirwa mu ndiri y’ubwami bw’ikinyoma. Wycliffe yahamagariwe gucirwa<br />

urubanza imbere y’urukiko rwa Papa i Roma rwari rwaravushije amaraso kenshi<br />

y’abazirakarengane. Ntabwo Wycliffe yari ayobewe akaga kamutegereje; nyamara iyo<br />

atabuzwa n’indwara yo <strong>ku</strong>gagara ingingo aba yaritabye iryo hamagarwa. Icyakora nubwo ijwi<br />

rye ritabashaga <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> i Roma, yashoboraga <strong>ku</strong>havugira mu buryo bw’urwandiko kandi<br />

iki ni cyo yiyemeje gukora. Aho yari ari mu buyobozi bw’ishuri ri<strong>ku</strong>ru, Wycliffe yandikiye<br />

Papa urwandiko mu mvugo irangwamo <strong>ku</strong>baha ndetse n’umwuka wa Gikristo. Urwo<br />

rwandiko ubwibone no kwishyira hejuru by’ubutegetsi bwa papa.<br />

Yaravuze ati: “Ni u<strong>ku</strong>ri ndishimye cyane <strong>ku</strong>ba mbonye uburyo bwo <strong>ku</strong>menyesha umuntu<br />

wese ibyo kwizera kwanjye ndetse by’umwihariko <strong>ku</strong>bimenyesha Umwepisikopi mu<strong>ku</strong>ru w’i<br />

Roma. Kuko nzi ko ibyo nizera bitunganye kandi ari u<strong>ku</strong>ri, <strong>na</strong>we arahamya uko kwizera<br />

anezerewe cyangwa ni<strong>ku</strong>ba ari ubuyobe abikosore.<br />

Ubwa mbere, niringira ko Ubutumwa bwiza bwa Kristo bu<strong>ku</strong>biye hamwe amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>. . . nemera ko niba Papa ari we uhagarariye Kristo <strong>ku</strong> isi akwiriye <strong>ku</strong>bahiriza<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>rusha abandi bantu bose. Kuko <strong>ku</strong>ba mu<strong>ku</strong>ru mu bigishwa ba Kristo<br />

bidashingiye <strong>ku</strong> byubahiro by’isi, ahubwo bishingiye <strong>ku</strong> gu<strong>ku</strong>rikiza Kristo neza mu mibereho<br />

ye n’imigendere ye. . . Igihe Kristo yari mu rugendo rwe muri iyi isi, yari umukene uri<br />

hanyuma y’abandi, akigizayo kandi akanga <strong>ku</strong>girwa umutware kose ndetse n’icyubahiro<br />

cy’isi…<br />

62

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!